Mu busanzwe, inyanya zizwiho kuba zituma abantu bahorana akanyamuneza ndetse zikaba n’isoko ya vitamine C, ariko abashakashatsi baje kwemeza n’ubundi bushobozi buri mu nyanya butuma zigira uruhare mu kurwanya ubugumba ku bagabo (infertilité masculine).
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Inyanya zafasha mu kuvura ubugumba ku bagabo (Ubushakashatsi)
19 October 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Nyanza: RIB yataye muri yombi umukobwa ukora uburaya ukekwaho kwica umukecuru
6 February, by Angeline MUKANGENZIUrwego rw’Ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi umukobwa w’’imyaka 19 y’amavuko ukekwaho gukubita umukecuru w’imyaka 62 bikamuviramo gupfa, wari utuye mu Mudugudu wa Nyanza mu Kagari ka Nyanza mu Murenge wa Busasamana,Akarere ka Nyanza.
-
Inama ya Modi na Xi yasize iki?
1 September 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi, mu mpera z’icyumweru gishyize yahuriye i Tianjin mu Bushinwa na Xi Jinping, ku ruhande rw’inama ihuza abayobozi b’ibihugu bigize Shanghai Cooperation Organisation, igaruka ku ngingo zireba politiki, ubukungu, n’umutekano mu bihugu by’u Burayi na Aziya.
-
Umunyarwandakazi Gloria Bugie yitotombeye abategura ‘Zzina Awards’
14 February 2025, by ISIMBI EstellaNyuma yo kwimwa igihembo na kimwe muri bitatu yahataniraga muri ’Zzina Awards’, Gloria Buggie yifatiye ku gahanga abategura ibi bihembo bigenerwa abahanzi baba bakoze cyane buri mwaka muri Uganda.
-
Gutwika ni ukwica, si ibirori…- Minisitiri Bizimana yakebuye urubyiruko ruharaye ijambo ‘gutwika’
4 February, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène yakebuye Urubyiruko rukunze gukoresha ijambo ‘gutwika’ igihe rushaka kuvuga ibirori cyangwa kwishimisha, arwibutsa ko rifite igisobanuro kibi mu mateka y’u Rwanda.
-
MINUBUMWE igiye guhangana n’abahakana ingengabitekerezo ya Jenoside ku mbuga nkoranyambaga
7 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, iravuga ko igiye gukorana na ba nyiri mbuga nkoranyambaga mu guhana abazifashisha bahahakana bakanapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Abanyarwanda 79 bari bafungiwe muri Uganda bategerejwe mu Rwanda kuri uyu wa Mbere
8 June 2020, by Dusingizimana RemyKu mupaka wa Kagitumba hategerejwe itsinda rya mbere ry’abanyarwanda 79,biteganijwe ko bafungurwa uyu munsi bakazanwa mu Rwanda nyuma yo kurekurwa na guverinoma ya Uganda.
-
Zimwe mu mfungwa Perezida Ndayishimiye aherutse kubabarira ziratabarizwa
27 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuryango Ntabariza SPF uharanira uburenganzira bw’imfungwa z’Abarundi n’imiryango yazo uratabariza zimwe mu mfungwa Perezida Evariste Ndayishimiye aherutse kubabarira.
-
Nyagatare: Hakusanyijwe asaga Miliyoni 45frw azakoreshwa mu iterambere ry’Umurenge wa Katabagemu
2 April, by ISIMBI EstellaAbitabiriye inama nyunguranabitekerezo yateguwe n’Umurenge wa Katabagemu, bakusanyije amafaranga asaga miliyoni 45frw azakoreshwa mu bikorwa bigamije guteza imbere uwo Murenge.
-
Rubavu:Hatawe muriyombi abarimu 2 bakekwaho gusabambanya abana bigishaga “Cour du Soir”
3 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUrwego rw’igihugu rw’ubushinjacyaha (RIB) rwataye muri yombi abarimu babiri bo mu turere twa Rubavu na Karongi, bakurikiranyweho gusambanya abana bato basanzwe bigisha amasomo ya nimugoroba ’Cour du Soir’.
Umuryango.rw
Inyanya zafasha mu kuvura ubugumba ku bagabo (Ubushakashatsi)
Nyanza: RIB yataye muri yombi umukobwa ukora uburaya ukekwaho kwica umukecuru
Inama ya Modi na Xi yasize iki?
Umunyarwandakazi Gloria Bugie yitotombeye abategura ‘Zzina Awards’
Gutwika ni ukwica, si ibirori…- Minisitiri Bizimana yakebuye urubyiruko ruharaye ijambo ‘gutwika’
MINUBUMWE igiye guhangana n’abahakana ingengabitekerezo ya Jenoside ku mbuga nkoranyambaga
Zimwe mu mfungwa Perezida Ndayishimiye aherutse kubabarira ziratabarizwa
Nyagatare: Hakusanyijwe asaga Miliyoni 45frw azakoreshwa mu iterambere ry’Umurenge wa Katabagemu
Rubavu:Hatawe muriyombi abarimu 2 bakekwaho gusabambanya abana bigishaga “Cour du Soir”