Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Somalia yatangaje ko ibibazo by’ubushyamirane byabaye hagati ya ambasade y’iki gihugu muri Kenya n’iyo muri Tanzania byakemutse ndetse bitazongera kubaho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Somalia yavuze ku kibazo cya ba Ambasaderi bayo bashyamiranye
27 January, by Angeline MUKANGENZI -
Umubyeyi we yicishijwe amabuye: Ubuhamya bwa Mukayirere warokokeye i Ntarama
17 April 2025, by ISIMBI EstellaMukayirere Jeanne yarokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi i Ntarama mu Karere ka Bugesera, arokokera mu rufunzo ruzwi nka CND.
-
Gushinga Nyatura, kuba intasi ya FDLR n’umubano wayo na Tshisekedi- Col Bora yahishuye byinshi
2 April, by Angeline MUKANGENZICol (Rtd) Nshimiyimana Augustin wamenyekanye nka Col Bora mu buyobozi bwa FDLR kuri ubu akaba yaratashye mu Rwanda, yasobanuye ko ari we washinze umutwe witwaje intwaro wa Nyatura ugizwe n’Abanye-Congo mu rwego rwo gukomeza gucengeza ingengabitekerezo yo kugaragaza ko Umututsi ari umwanzi.
-
Bibaye ari byo tuba twarakize nkamwe - Perezida Kagame ku bashinja u Rwanda kwiba amabuye muri RDC
7 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Kagame yavuze ko u Rwanda rutiba amabuye y’agaciro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashimangira ko iyo rubikora, ruba rukize nka bimwe mu bihugu birushinja kuyiba.
-
Umukobwa w’imyaka 17 yishwe azira kwanga kurongorwa n’umusaza w’imyaka 55
28 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Kenya, umukobwa w’imyaka 17 witwa Gaala Aden Abdi, wabaga mu nkambi y’impunzi ya Dadaab, yishwe urupfu rubi, umurambo we uratwikwa nyuma yo kwanga gushyingirwa ku ngufu n’umugabo umuruta cyane, ufite imyaka 55.
-
Urubuga rwa internet www.mdgrou.com nirwo wasangaho amazu meza akodeshwa hose mu Rwanda/Menya byinshi kuri uru rubuga
24 September 2019, by UbwanditsiKuri iki gihe uko Imijyi igenda yaguka, kandi abantu bahinduranya aho gutura no gukorera ari nako bijyana n’uko banakenera aho gutura no kuba, ikigo Multi Design Group Ltd cyashyizeho urubuga rwa internet www.mdgrou.com ruhuza abafite amazu yo gukodesha ndetse n’abayakeneye batiriwe bakora ingendo ndetse bata umwanya mu gushakisha.
www.mdgrou.com ni urubuga rwamamarizwaho amazu agurishwa n’akodeshwa n’ibibanza, ruhuza aba gura nabagurisha imitungo itimukanwa, yo mubyiciro n’ibiciro (…) -
Rwanda Revenue yasabye abagurishije ibinyabiziga batarakoresha "Mutation" kuba barangije kuzikoresha mu gihe kitarenze ukwezi
27 January, by Angeline MUKANGENZIIkigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangaje ko abantu batandukanye bafite ibinyabiziga bagomba gukora ihererekanya (mutation) bahawe ukwezi kumwe ko kuba babisabye ndetse babikorewe kandi ko nyuma y’icyo gihe bashobora kuzafatirwa ibihano birimo no gufatira ibinyabiziga byabo.
-
Abenshi bo mu muryango wa Nangaa barafunzwe, abandi barahunze
22 January, by ISIMBI EstellaAbantu benshi bo mu muryango w’umuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanirra Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa Yobeluo, barafunzwe, abandi bahunga igihugu.
-
USA: Uwahoze ayobora FBI yashinjwe gutera ubwoba Trump
29 April, by Angeline MUKANGENZIUwahoze ari umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha muri Amerika (FBI), James Comey, yashinjwe guhungabanya ubuzima bwa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ikirego gikomoka ku ishusho yasangije akanya gato abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga.
-
Perezida Kagame na Museveni bagiye kongera guhurira muri Angola muri iki Cyumweru
19 August 2019, by Dusingizimana RemyKuwa 21 Kanama 2019,Perezida Kagame na Yoweli Kaguta Museveni bazahurira I Luanda muri Angola mu nama izabahuza na bagenzi babo ba Angola na RDC hagamijwe gushakira umuti ibibazo by’ubwumvikane bucye buri hagati y’u Rwanda na Uganda.
Umuryango.rw
Somalia yavuze ku kibazo cya ba Ambasaderi bayo bashyamiranye
Umubyeyi we yicishijwe amabuye: Ubuhamya bwa Mukayirere warokokeye i Ntarama
Gushinga Nyatura, kuba intasi ya FDLR n’umubano wayo na Tshisekedi- Col Bora yahishuye byinshi
Bibaye ari byo tuba twarakize nkamwe - Perezida Kagame ku bashinja u Rwanda kwiba amabuye muri RDC
Umukobwa w’imyaka 17 yishwe azira kwanga kurongorwa n’umusaza w’imyaka 55
Urubuga rwa internet www.mdgrou.com nirwo wasangaho amazu meza akodeshwa hose mu Rwanda/Menya byinshi kuri uru rubuga
Rwanda Revenue yasabye abagurishije ibinyabiziga batarakoresha "Mutation" kuba barangije kuzikoresha mu gihe kitarenze ukwezi
Abenshi bo mu muryango wa Nangaa barafunzwe, abandi barahunze
USA: Uwahoze ayobora FBI yashinjwe gutera ubwoba Trump