Yampano yahishuye ko mu gihe hajyaga hanze amashusho ye ari gutera akabariro n’umukobwa babanaga, yahise ahitamo kumusiga baratandukana, biba bibi kurushaho ubwo yapfushaga umwana mu minsi yakurikiyeho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
“Nyuma nanapfushije umwana”: Yampano avuga ko ari mu bihe bigoye
4 January, by ISIMBI Estella -
Prof Lumumba yatangaje ko iyo ushaka kureba ibikorwaremezo byubakwa uko ingengo y’imari yabiteganyije ujya i Kigali
23 April, by Angeline MUKANGENZIUmuhanga mu by’amategeko akaba n’umwe mu baharanira ubumwe bwa Afurika, Prof. Patrick Loch Otieno Lumumba, yashimye Leta y’u Rwanda yashoboye gushyira ku murongo igihugu cyari cyarasenywe na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, avuga ko ushaka kureba uko ibikorwaremezo byubakwa ubanza kujya kwigira i Kigali.
-
U Buhinde: Abanyeshuri basobanuye amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi bifashishije ubugeni
7 April 2025, by Angeline MUKANGENZIAbanyeshuri barenga 600 bo mu Buhinde bifatanyije n’u Rwanda mu bikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, bahuriye mu nyubako ya Bharat Mandapam mu Mujyi wa New Delhi, basobanurirwa ko Jenoside yakorewe Abatutsi yateguranywe ubugome.
-
Champions League: Arsenal mu mpamvu zishobora gutuma havugururwa amategeko
24 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuImpuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Mugabane w’i Burayi, ishobora gukora impinduka mu mategeko ya Champions League kuva 2025-2026 byumwihariko mu cyiciro cyo gukuranamo,harimo gukuraho iminota 30 y’inyongera, ndetse no gushingira ku mwanya ikipe yagize, hakirwa umukino wo kwishyura nk’ingingo yazamuwe na Arsenal.
-
Trump ashobora gutegeka manda ya gatatu nka Perezida w’Amerika?
1 April 2025, by Joseph IradukundaDonald Trump yavuze ko atarimo gutera urwenya ku gushaka gutegeka manda ya gatatu nka Perezida w’Amerika.
-
Umubare w’abarwayi b’igitungu mu Rwanda wagabanutse mu myaka 14
24 March, by Angeline MUKANGENZIIkigo cy’Igihugu cy’Ubuzima kigaragaza umubare w’abarwayi b’igituntu mu Rwanda wagabanutse ku kigero gishimishije mu myaka 10 ishize, kuko wavuye ku barwayi 238 ku bantu ibihumbi 100, ugera ku barwayi 62 ku bantu 100 000.
-
Abakuru b’ibihugu bigize EAC bagiye guhurira i Arusha
21 July 2022, by Dusingizimana RemyAbakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’i Burasirazuba, bagiye guhurira i Arusha muri Tanzania mu nama isanzwe ibahuza, ni inama ya 22 biteganyijwe ko izatangira kuwa Gatanu w’iki cyumweru ikazamara iminsi 2.
Itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara n’ubunyamabanga bukuru bw’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, rivuga ko iyi nama yahujwe n’umwiherero w’abakuru b’ibihugu kugira ngo baganire ku masezerano y’isoko rusange ry’uyu muryango, East African Common Market (…) -
Itangazo: DUSENGIMANA Hirwa Emmanuel yasabye guhindura amazina akitwa MBARUSHIMANA Hirwa Joseph
2 December 2024, by UbwanditsiUwitwa DUSENGIMANA Hirwa Emmanuel yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MBARUSHIMANA Hirwa Joseph mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri mu itangazo riri hano hasi: -
Kizz Daniel yakunze umuziki wa The Ben amusaba gukorana
8 August 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi The Ben yatangaje ko mu minsi iri mbere ateganya gukorana indirimbo n’ umuhanzi wo muri Nigeria Kizz Daniel uherutse gutaramira muri BK Arena mu gitaramo cyo gusoza Iserukiramuco rya Giant of Africa.
-
Bagaragarije ubuyobozi icyatanga umuti w’impanuka n’akavuyo bigaragara mu isantere yabo
15 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbo mu Murenge wa Busogo, mu Karere ka Musanze, bavuga ko batewe impungenge n’imodoka zitwara abagenzi ziparika ku bwinshi mu isantere ya Byangabo, bigateza akajagari n’impanuka za hato na hato.
Umuryango.rw
“Nyuma nanapfushije umwana”: Yampano avuga ko ari mu bihe bigoye
Prof Lumumba yatangaje ko iyo ushaka kureba ibikorwaremezo byubakwa uko ingengo y’imari yabiteganyije ujya i Kigali
U Buhinde: Abanyeshuri basobanuye amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi bifashishije ubugeni
Champions League: Arsenal mu mpamvu zishobora gutuma havugururwa amategeko
Trump ashobora gutegeka manda ya gatatu nka Perezida w’Amerika?
Abakuru b’ibihugu bigize EAC bagiye guhurira i Arusha
Kizz Daniel yakunze umuziki wa The Ben amusaba gukorana
Bagaragarije ubuyobozi icyatanga umuti w’impanuka n’akavuyo bigaragara mu isantere yabo