Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Iburengerazuba yihanangirije abaturage bishora mu bikorwa byo kwenga no gucuruza inzoga zitujuje ubuziranenge ibasaba kubireka kuko binyuranye n’amategeko.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rutsiro: Polisi yamennye litiro 3000 z’inzoga zitujuje ubuziranenge
3 September 2025, by ISIMBI Estella -
Mwiseneza Josiane yakiriye abanya Canada bashaka gutera inkunga umushinga we
12 February 2019, by Dusingizimana RemyAbanya Canada barimo umudepite witwa Eve Torees na Jean Claude Aimé Kumuyange baraye bageze mu Rwanda baje guhura na Mwiseneza Josiane kugira ngo batere inkunga umushinga we.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA URI MU KARERE KA GASABO
20 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKUGIRA NGO HARANGIZWE URUBANZA RP/ECON/00241/2025/TB/GSBO, UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA, ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO AZAGURISHA MURI CYAMUNARA IKIBANZA GIFITE UPI:1/02/11/01/2865 GIHEREREYE MU MURENGE WA NDERA,AKARERE KA GASABO,AKAGARI KA BWIZA,UMUJYI WA KIGALI GIFITE UBUSO BWA 731 SQM.
Ku bindi bisobanuro wasoma itangazo aho hasi……. -
Inkuru y’uyu mwana yakoze benshi ku mutima, kuburyo bari kumusabira imigisha itagabanije
14 May 2018, by Muhire Jason.Umwana witwa John wiberaga mu muhanda ya Nairobi kubera ababyeyi be bamuhohoteye .
.Yaratunzwe no gusabiriza mu mujyi akabona amafaranga yo kurya
.Mu gihe yasabaga ku muhanda yasanze yasabye umugore wabuze ibihaha aho agendana umwuka wa(Oxygen) umufasha guhumeka buri munsi.
.John yasanze hari abafite ibibazo ku murusha niko guturika ararira ,nyuma akuramo amafaranga yari yakoreye umuns wose arayamuha .
-
Police FC yumvikanye n’umutoza Ben Moussa
21 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwahoze ari Umutoza wa APR FC, Abdessattar Ben Moussa, yumvikanye n’Ikipe ya Police FC kugira ngo azayitoze mu mwaka w’imikino utaha wa 2025/26.
-
Nyina wa Bushali yapfuye
15 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’umuraperi Hagenimana Jean Paul wamamaye nka Bushali ari mu gahinda gakomeye nyuma yo kubura umubyeyi we, nyina umubyara, wapfuye mu ijoro ryo ku wa 14 Mutarama 2025 azize uburwayi yari amaranye iminsi.
-
Guverineri Kayitesi yavuze ku bakozi bivugwa ko begujwe muri Nyamagabe
16 July 2025, by Joseph IradukundaGuverineri w’Intara y’Amajyepfo, Alice Kayitesi, yavuze ku bakozi b’Akarere ka Nyamagabe begujwe n’Inama Njyanama, bamwe muri bo bakemera kwandika basezera akazi abandi bakabyanga nk’uko byakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga.
-
Perezida Kagame yatangije inama ya Youth Connekt Africa 2024 i Kigali yitabiriwe n’Abarenga 3000
8 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu, itariki 8 Ugushyingo 2024, yitabiriye Inama ya 7 y’Ihuriro ry’Urubyiruko muri Afurika, Youth Connekt Africa 2024. Ni inama ibera muri Kigali Convention Centre yatangiye uyu munsi bikaba biteganyijwe ko izasozwa kuwa 10 Ugushyingo, yitabiriwe n’abarenga 3000 baturutse hirya no hino muri Afurika.
-
Uganda: UPDF yatakaje ba Jenerali 2 baguye mu mpanuka
14 September 2024, by Joseph IradukundaBrig Gen (Rtd) Frank Katende Kyambadde na Brig Gen Fred Twinamasiko bombi bo mu ngabo za Uganda (UPDF), bapfuye bazize impanuka y’imodoka.
-
Goma: wa muco wa kinyamaswa wo Kurya abantu wongeye kuhagaragara
20 October 2024, by Joseph IradukundaAbasore batatu bakekwaho kwiba bafashwe n’abaturage, bacana umuriro barabatwika ibihazi birabarya, ubuyobozi ntacyo bwigeze bubivugaho.
Umuryango.rw
Rutsiro: Polisi yamennye litiro 3000 z’inzoga zitujuje ubuziranenge
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA URI MU KARERE KA GASABO
Police FC yumvikanye n’umutoza Ben Moussa
Nyina wa Bushali yapfuye
Guverineri Kayitesi yavuze ku bakozi bivugwa ko begujwe muri Nyamagabe
Perezida Kagame yatangije inama ya Youth Connekt Africa 2024 i Kigali yitabiriwe n’Abarenga 3000
Uganda: UPDF yatakaje ba Jenerali 2 baguye mu mpanuka
Goma: wa muco wa kinyamaswa wo Kurya abantu wongeye kuhagaragara