Mu gihe ubwenge buhangano (AI) bukomeje gutera imbere umunsi ku wundi, radiyo yo muri Australia yakijweho umuriro n’abakunzi bayo nyuma yo gukoresha umunyamakuru wa AI amezi atandatu bakeka ko ari uwa nyawe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Australia: Radio yamaze amezi atandatu ikoresha umunyamakuru wa AI ntawe ubimenye
2 May 2025, by ISIMBI Estella -
Umuraperi ukomeye P.Diddy Yaguwe Gitumo Na Polisi
17 September 2024, by Joseph IradukundaUmuraperi wo muri Amerika uri mu bakunzwe guhera mu myaka ya 1990 kuzamura witwa Sean ‘Diddy’ Combs yatawe muri yombi na Polisi ubwo yifotozanyaga n’abafana
-
Rayon Sports vs APR FC: Amakuru avugwa mu makipe yombi mbere y’umukino
7 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 7 Ukuboza 2024, hateganyijwe umukino w’amateka hagati y’abakeba bo mu rw’imisozi igihumbi, uhuza Rayon Sports na APR FC kuri Stade Amahoro i Remera guhera Saa Kumi n’Ebyiri z’umugoroba.
-
DR Congo: MSF ivuga ko Buri saha abagore babiri b’abakongomani bafatwa ku ngufu
30 September 2024, by Joseph IradukundaMédecins Sans Frontières (MSF), umuryango w’abaganga batanga ubufasha, uvuga ko wavuye abantu barenga 25,000 bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina muri DR Congo mu mwaka wa 2023 gusa.
-
Amerika ivuga ko yafashije Israel mu guhanura imvura ya misile za Iran
2 October 2024, by Joseph IradukundaAmerika yarashe ibisasu birenga icumi byo gufasha gufata (gukumira) urukurikirane rwa misile Irani yarashe kuri Israel ku wa kabiri, nkuko bivugwa n’ibiro bikuru by’ingabo z’Amerika (bizwi nka Pentagon).
-
Abacamanza b’ Abafaransa basabye ko iperereza ku wahanuye indege ya Habyarimana rihagarara
14 October 2018, by Nsanzimana ErnestUru rubanza rumaze igihe ndetse rutuma u Rwanda rutarebana neza n’ u Bufaransa.
Iperereza ku wahanuye iyi ndege ryatangiye mu 1998.
Indege yari itwaye Juvenal Habyalimana na n’ uwari Perezida w’ u Burundi Cyprien Ntaryamira yarashwe tariki 6 Mata 1994, jenoside yakorewe abatutsi ihita itangira.
Nk’ uko byatangajwe n’ ibiro ntaramakuru by’ Abafaransa AFP, mu itangazo abashinjacyaha b’ u Bufaransa bashyize ahagaragara tariki 10 Ukwakira basabye ko ibiregwa abantu 7 bikurwaho kuko abakora (…) -
Abanduye Coronavirus mu Rwanda babaye 89…Habonetse abantu 5 kuri uyu wa Gatanu
3 April 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu tariki ya 03 Mata 2020,Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko habonetse abantu 5 banduye icyorezo cya Covid-19 bituma umubare w’abanduye iki cyorezo uba abantu 89.
-
Angola yavuze ko ’DR Congo igiye kuganira na M23’
12 March 2025, by Joseph IradukundaIbiro bya perezida wa Angola byatangaje ko bigiye kuvugana n’umutwe wa M23 kugira ngo itsinda rya DR Congo n’irya M23 "bagirane ibiganiro bitaziguye".
-
Akanama ka Loni kagiye gutora umwanzuro usaba ko imirwano ihagarara muri Gaza
18 September 2025, by ISIMBI EstellaAkanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano kuri uyu wa 18 Nzeri 2025 karatora umwanzuro usaba ingabo za Israel n’umutwe witwaje intwaro wa Hamas guhagarika imirwano mu ntara ya Gaza muri Palestine.
-
Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru
4 November 2024, by Joseph IradukundaMu bihugu bitandukanye imikino ya Shampiyona yarakomeje mu mpera z’icyumweru gishize, bamwe mu bakinnyi b’Abanyarwanda bakina hanze bafashije amakipe yabo kwitwara neza nubwo hari abo shampiyona zabo zitahiriye.
Umuryango.rw
Australia: Radio yamaze amezi atandatu ikoresha umunyamakuru wa AI ntawe ubimenye
Umuraperi ukomeye P.Diddy Yaguwe Gitumo Na Polisi
Rayon Sports vs APR FC: Amakuru avugwa mu makipe yombi mbere y’umukino
DR Congo: MSF ivuga ko Buri saha abagore babiri b’abakongomani bafatwa ku ngufu
Amerika ivuga ko yafashije Israel mu guhanura imvura ya misile za Iran
Abanduye Coronavirus mu Rwanda babaye 89…Habonetse abantu 5 kuri uyu wa Gatanu
Angola yavuze ko ’DR Congo igiye kuganira na M23’
Akanama ka Loni kagiye gutora umwanzuro usaba ko imirwano ihagarara muri Gaza
Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru