Abanya-Espagne bo mu Ntara ya Valencia bagize umujinya batera ibyondo Umwami Felipe VI uyoboye icyo gihugu n’Umwamikazi Letizia, babashinja kutagira icyo bakora ku myuzure iherutse kuba muri iyo ntara igahitana benshi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Espagne: Umwami Felipe VI yatewe amagi n’ibyondo bazira uko bitweye mugihe cy’amage
4 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Perezida Ndayishimiye yasezereye Lt Gen Ndirakobuca muri Polisi y’u Burundi
20 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihugu cy’u Burundi hakomeje kuvugwa inkuru ya Minisitiri w’Intebe Lt Gen de Police Gervais Ndirakobuca wamenyekanye ku izina ‘Ndakugarika’ wasezerewe muri Polisi y’igihugu.
-
U Rwanda rufite ibimenyetso ko Congo igishaka intambara nubwo hatangiye ibiganiro
5 May 2025, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ifite amakuru ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bugishaka gukemura ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bukoresheje intambara, nubwo hari kuba ibiganiro by’ubuhuza bitandukanye birimo n’ibya Washington.
-
Volleyball: Ikipe y’Igihugu y’ingimbi yageze mu Misiri
11 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu rukerera rwo kuri uyu wa Kane tariki ya 11 Nzeri nibwo ikipe y’Igihugu y’ingimbi mu mukino wa Volleyball yageze mu gihugu cya Misiri ahazabera igikombe cya Afurika.
-
Juno Kizigenza na Miss Muyango bagiye kwerekeza i Burayi gushyigikira Bwiza
4 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMiss Muyango Claudine na Juno Kizigenza bemeje ko bazitabira igitaramo cya Bwiza mu Bubiligi, mu rwego rwo kumushyigikira ubwo azaba amurika album ye ya kabiri yise ‘25 Shades’.
-
Abanyakenya bari mu myigaragambyo isaba Umuyobozi wungirije wa Polisi kwegura
12 June 2025, by ISIMBI EstellaAbanyakenya barakajwe n’urupfu rw’umusore witwa Albert Ojwang wapfiriye muri kasho, bari mu myigaragambyo yo gusaba Umuyobozi wungirije wa Polisi, Eliud Lagat, kwegura.
-
Musanze: Bafatanywe metero 250 z’insinga z’amashanyarazi bazitwaye mu modoka
8 October 2025, by ISIMBI EstellaAbagabo batatu batawe muri yombi bafatiwe mu muhanda Musanze-Kigali, nyuma yo gusanganwa insinga zireshya na metero 250 bazikuye mu Murenge wa Rurembo mu Karere ka Nyabihu.
-
Uwaririmbye “Azabatsinda Kagame” yahawe inzu y’agatangaza
11 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMusengamana Beata wamenyekanye cyane mu ndirimbo ‘Azabatsinda Kagame’. Yahawe inzu nshya yubakiwe n’Umuryango wa FPR Inkotanyi mu Karere ka Kamonyi.
Uyu mubyeyi w’abana batatu atuye mu Murenge wa Nyamiyaga mu Karere ka Kamonyi, yishimira ko yubakiwe inzu nziza ndetse agiye no korozwa inka.
Iyi ndirimbo ye, “Azabatsinda Kagame” ni imwe mu zakoreshejwe mu bikorwa byo kwiyamamaza kwa Perezida Kagame n’Umuryango wa FPR Inkotanyi mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite yabaye muri (…) -
Robertinho yatangaje ingamba nshya yazanye mu ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kugaruka mu Rwanda [AMAFOTO]
24 July 2019, by Dusingizimana RemyUmutoza wa Rayon Sports Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo wari umaze hafi amezi abiri yaragiye iwabo muri Brazil kubera ko amasezerano ye yarangiye ubuyobozi bw’ikipe ntibuhite bumwongerera andi,yagarutse mu kazi ahita atangaza ko aje kubaka ikipe izamufasha gutsinda buri mukino.
-
Gisagara: Bane barimo na Gitifu w’Umurenge batawe muri yombi kubera ruswa
29 November 2025, by ISIMBI EstellaPolisi ikorera mu Karere ka Gisagara yataye muri yombi abantu bane barimo n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mamba mu Karere ka Gisagara bakekwaho ruswa.
Umuryango.rw
Espagne: Umwami Felipe VI yatewe amagi n’ibyondo bazira uko bitweye mugihe cy’amage
Perezida Ndayishimiye yasezereye Lt Gen Ndirakobuca muri Polisi y’u Burundi
U Rwanda rufite ibimenyetso ko Congo igishaka intambara nubwo hatangiye ibiganiro
Volleyball: Ikipe y’Igihugu y’ingimbi yageze mu Misiri
Juno Kizigenza na Miss Muyango bagiye kwerekeza i Burayi gushyigikira Bwiza
Abanyakenya bari mu myigaragambyo isaba Umuyobozi wungirije wa Polisi kwegura
Musanze: Bafatanywe metero 250 z’insinga z’amashanyarazi bazitwaye mu modoka
Uwaririmbye “Azabatsinda Kagame” yahawe inzu y’agatangaza
Gisagara: Bane barimo na Gitifu w’Umurenge batawe muri yombi kubera ruswa