Abapolisi b’u Rwanda 160 bagize itsinda RWAFPU2-10 bahagurutse i Kigali berekeza mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Centrafrique (MINUSCA).
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abapolisi b’u Rwanda basimburanye mu butumwa bw’amahoro muri Centrafrique
9 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Umwami w’Agasobanuye "Yanga" wakunzwe na benshi yatabarutse
17 August 2022, by Dusingizimana RemyNkusi Thomas wakunzwe na benshi mu bakunzi ba filimi zizwi nka "Agasobanuye" guhera muri 1999 yatabarutse nkuko byatangajwe n’abarimo murumuna we Bugingo Bonny uzwi nka "Junior Giti".
Yanga yitabye Imana azize uburwayi. Yaguye muri Afurika y’Epfo aho yari amaze iminsi arwariye.
Mu butumwa yanyujije kuri Instagram no ku mbuga ze zose,Junior Giti yagize ati "Ruhukira mumahoro,Muvandimwe Mukuru, Kuri njye wari Papa nizeraga buri gihe kandi nkitabaza mu bihe byose,umwigisha wanjye n’urugero (…) -
Ibiza byishe abantu 13 b’i Gisagara mu mwaka umwe
29 December 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Akarere ka Gisagara bugaragaza ko mu mezi 15 ashize ibiza byishe abantu 13, imyaka yari kuri hegitari zisaga 568 z’ubutaka n’inzu 156 birangizwa.
-
Israel mu mugambi wo kurasa Iran
21 May 2025, by Angeline MUKANGENZIInzego z’ubutasi za Amerika zatangaje ko hari ibimenyetso byerekana ko Israel ishobora kuba iri mu mugambi karundura wo kurasa ibikorwaremezo bitunganyirizwamo ingufu za nucléaire muri Iran, kugira ngo iburizemo umugambi w’icyo gihugu wo gukora intwaro kirimbuzi.
-
Perezida Zelensky yavuze ko u Burusiya nta gahunda yo guhagarika intambara bufite
16 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa 15 Gicurasi 2025, Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelenskyy yatangaje ko u Burusiya budafite ubushake bwo kuganira ku mahoro, nyuma y’uko Perezida Vladimir Putin yanze kwitabira ibiganiro by’amahoro byabereye i Ankara muri Turukiya.
-
Lil Poppa yariyahuye
20 February, by ISIMBI EstellaIbisubizo by’abahanga basuzumye umurambo wa Lil Poppa witabye Imana ku wa 18 Gashyantare 2026, byagaragaje ko uyu muraperi yitabye Imana yiyahuye nyuma yo kwirasa mu mutwe.
-
U Rwanda rwashyize inkunga mu kigega gishya gifasha IOM kuzuza inshingano
16 September 2025, by ISIMBI EstellaIshami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe abimukira (IOM) ryatangaje ko u Rwanda rwinjiye mu banyamuryango ba mbere b’ikigega cyaryo gishyirwamo inkunga yihariye yo kurifasha gukemura ibibazo by’abimukira, runatanga inkunga yarwo.
-
Bruce Melodie yahishuye ko Yemi Alade yamusabye ko bakorana indirimbo; anakomoza ku marira ya The Ben
5 January, by ISIMBI EstellaBruce Melodie yahishuye ko Yemi Alade yamusabye ko bakorana indirimbo nyuma yo kumva iyo yakoranye na Diamond Platnumz na Brown Joel.
-
Ambasaderi Busingye na Nkulikiyimfura birahiye u Rwanda nyuma yo gutembera intara zarwo
14 January, by ISIMBI EstellaAmbasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza, Johnston Busingye, yasangije abamukurikira ibihe byiza yagiranye na mugenzi we, Ambasaderi w’u Rwanda mu Bufaransa, François Nkulikiyimfura, ubwo batemberaga u Rwanda.
-
Bruce Melodie na The Ben mu bitaramo bizenguruka igihugu
9 February, by Angeline MUKANGENZIUmuhanzi Bruce Melodie yashimangiye ko we na The Ben kuri ubu basa n’abari ku ruhembe mu muziki nyarwanda , bagiye kuzenguruka igihugu mu bitaramo byiswe ‘2026 Summer Country Tour’.
Umuryango.rw
Abapolisi b’u Rwanda basimburanye mu butumwa bw’amahoro muri Centrafrique
Umwami w’Agasobanuye "Yanga" wakunzwe na benshi yatabarutse
Ibiza byishe abantu 13 b’i Gisagara mu mwaka umwe
Israel mu mugambi wo kurasa Iran
Perezida Zelensky yavuze ko u Burusiya nta gahunda yo guhagarika intambara bufite
Lil Poppa yariyahuye
U Rwanda rwashyize inkunga mu kigega gishya gifasha IOM kuzuza inshingano
Bruce Melodie yahishuye ko Yemi Alade yamusabye ko bakorana indirimbo; anakomoza ku marira ya The Ben
Ambasaderi Busingye na Nkulikiyimfura birahiye u Rwanda nyuma yo gutembera intara zarwo
Bruce Melodie na The Ben mu bitaramo bizenguruka igihugu