Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig. Gen Ronald Rwivanga, yasabye ingabo za Afurika y’Iburasirazuba zishinzwe gutabara aho rukomeye (Eastern Africa Standby Force:EASF kurangwa n’ubunyamwuga mu kubugangabunga no kurinda abasivili.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abasirikare bo mu Karere basabwe kuba abanyamwuga mu kurinda abasivili
9 September 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
U Rwanda rwiteguye gutega amatwi Trump wahize gushaka aho yerekeza abimukira bo muri Amerika
5 December 2024, by Joseph IradukundaLeta y’u Rwanda yemeje ko yiteguye kuganira n’abarimo Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi kuri gahunda yo kuba rwakwakira abimukira.
-
Umuhungu wa Chameleone Abba Marcus arateganya kwibaruka imfura
21 April, by ISIMBI EstellaUmuhungu w’umuhanzi wo muri Uganda Jose Chameleone, uzwi nka Abba Marcus Mayanja n’umukunzi we bagiye kwibaruka imfura.
-
Uko ifatwa rya Uvira ryahombeje u Burundi
15 December 2025, by ISIMBI EstellaByashoboka ko Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yibwiraga ko ashobora kwigaranzura abarwanyi ba AFC/M23 birukanye ingabo ze muri teritwari ya Masisi kubera ko yigwijeho ibikoresho by’intambara bihambaye, birimo imbunda ziremereye zirasa kure na drones z’intambara.
-
Nyagatare yabaye iya mbere mu kwesa imihigo [URUTONDE]
28 February 2023, by Dusingizimana RemyAkarere ka Nyagatare niko kabaye aka mbere mu kwesa imihigo y’umwaka wa 2021/2022, mu nkingi zitandukanye mu rwego rw’igihugu aho kagize amanota 81.64% .
Aka karere katsinze Huye yabaye iya kabiri na 80.97% ndetse na Rulindo yabaye iya gatatu na 79.8%.
Uturere twesheje imihigo ku gipimo cya 66% ku birebana no gukemura ibibazo by’abaturage.
Intara y’Iburasirazuba yabaye iya mbere mu kwesa imihigo n’amanota 79%, ikurikirwa n’ Amajyepfo n’amanota 78%, iy’Iburengerazuba 76%, Umujyi wa (…) -
Abantu icyenda bapfiriye mu mirwano y’Ingabo za RDC na Wazalendo
16 August 2025, by ISIMBI EstellaIgisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyatangaje ko imirwano y’abasirikare bacyo, abapolisi n’umutwe witwaje intwaro wo muri Wazalendo yapfiriyemo abantu icyenda.
-
Abashoferi batwara abagenzi bitabira amahugurwa y’ubunyamwuga baracyari bake
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu Ugushyingo 2024 ni bwo hatangijwe gahunda yo guhugura abashoferi batwara abagenzi mu buryo rusange, barangiza amahugurwa bagahabwa impamyabushobozi zibemerera gukorera mu Rwanda kinyamwuga.
-
Minisitiri Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we wa Turkmenistan
16 July 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yagiranye ikiganiro kuri Telefone na Rashid Meredov Visi Perezida w’Inama y’Abaminisitiri akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Turkmenistan.
-
Insengero zafunzwe kubera ko hari ibyo zitari zifite zizagenzurwa zikomorerwa
10 January 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragaje ko insengero zari zarafunzwe, zizagenzurwa harebwa izujuje ibisabwa zizakomorerwa.
-
Colombia: Uwarashe umukandinda wahataniraga kuba Perezida yakatiwe gufungwa imyaka irindwi
28 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmusore w’imyaka 15 uheruka kurasa mu mutwe umukandinda wiyamamarizaga umwanya wa Perezida wa Repubulika muri Colombia, yakatiwe gufungwa imyaka irindwi muri gereza y’abana.
Umuryango.rw
Abasirikare bo mu Karere basabwe kuba abanyamwuga mu kurinda abasivili
U Rwanda rwiteguye gutega amatwi Trump wahize gushaka aho yerekeza abimukira bo muri Amerika
Umuhungu wa Chameleone Abba Marcus arateganya kwibaruka imfura
Uko ifatwa rya Uvira ryahombeje u Burundi
Nyagatare yabaye iya mbere mu kwesa imihigo [URUTONDE]
Abantu icyenda bapfiriye mu mirwano y’Ingabo za RDC na Wazalendo
Abashoferi batwara abagenzi bitabira amahugurwa y’ubunyamwuga baracyari bake
Minisitiri Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we wa Turkmenistan
Insengero zafunzwe kubera ko hari ibyo zitari zifite zizagenzurwa zikomorerwa
Colombia: Uwarashe umukandinda wahataniraga kuba Perezida yakatiwe gufungwa imyaka irindwi