Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan yagabanyije umubare w’imodoka zimuherekeza azigira enye, ndetse asaba abayobozi kugenda muri bisi, mu kurondoreza ibikomoka kuri peteroli.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Suluhu yagabanyije imodoka zimuherekeza, asaba abayobozi kugenda muri bisi
9 April, by ISIMBI Estella -
Pakistan yagerageje missile ballistique mu gihe intambara n’u Buhinde ikomeje gututumba
4 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgisirikare cya Pakistan cyavuze ko iryo gerageza ryari rigamije kureba niba “ingabo ziteguye gusubiza ikibazo cyose no kwemeza ibipimo by’ingenzi bya tekiniki.”
-
Francis Ngannou ategerejwe i Kigali
30 September 2025, by ISIMBI EstellaUmunyabigwi mu mukino w’Iteramakofe, Francis Ngannou, ategerejwe i Kigali aho azaba yitabiriye imikino njyarugamba yo ku rwego rwa Afurika izwi nka ‘Professional Fighters League Africa - PFL Africa’.
-
Iminsi yabo ni mbarwa- Perezida Kagame avuga ku bagihohotera abarokotse Jenoside
17 November 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yashimangiye ko bidakwiye ko mu 2024 umuntu ashobora kuzira icyo ari cyo cyangwa icyo abandi bazize mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, avuga ko abantu batagomba kwicara ngo babifate nk’aho ari uko bigomba kugenda.
-
Uganda: Abasirikare 13 batawe muri yombi bazira gutera sitasiyo ya polisi
3 June 2025, by ISIMBI EstellaPolisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi abasirikare 13 ba UPDF, nyuma yo gutera Ishami rya Polisi (Sitasiyo) mu Karere ka Wakiso, bavuga ko baturutse muri Komite y’Umukuru w’Igihugu ishinzwe ibibazo by’ubutaka n’ibidukikije, bagateza umutekano muke.
-
Ahanyuze magendu, hanyuzwa n’imbunda – CP Emmanuel Hatari
22 August 2025, by ISIMBI EstellaAbaturage bo mu Karere ka Rubavu, mu Mirenge ihana imbibi na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo basabwe kwirinda ibyaha nyambukiranyamipaka birimo magendu imunga ubukungu bw’Igihugu, ndetse banibutswa ko aho inyuzwa hashobora kwambukirizwa imbunda zihungabanya umutekano w’Igihugu.
-
Birangiye Kazungu Claver ahishuye ko azerekeza Kuri Fine FM
17 November 2024, by Joseph IradukundaUmunyamakuru Kazungu Claver uherutse gusezera Kuri Radio 10 yerekeje kuri Fine FM gukora mu kiganiro “Urukiko rw’Ubujurire”.
-
Umupfumu yongeye agira icyo avuga ku byo yaraguriye Mwiseneza Josiane[AMAFOTO]
7 January 2019, by Martin MunezeroUmupfumu Rutangarwamaboko akomeje kugaragaza ko indagu ze ziganisha Mwiseneza Josiane kuzaba Nyampinga w’u Rwanda wa 2019, agendeye ku ndangagaciro z’umuco Nyarwanda zigaragara kuri uyu mukobwa harimo no kugira ubwiza karemano.
-
Burundi: Imirambo ibiri y’abambaye impuzankano ya gisirikare yabonetse yarangiritse
14 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi yo muri Komine Rugombo mu Ntara ya Cibitoke yatangaje ko yabonye imirambo y’abantu babiri bambaye impuzankano z’igisirikare cy’u Burundi yaratangiye kwangirika bahita bayishyingura hadakozwe isuzuma ngo bamenye umwirondoro wabo n’icyabahitanye.
-
Umwe mu bakinnyi ba ‘Squid Game’ yapfuye
3 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLee Joo-Sil wamenyekanye muri ‘season’ ya mbere ya filime Squid Game yamamaye ku Isi, yitabye Imana azize kanseri yo mu nda.
Umuryango.rw
Perezida Suluhu yagabanyije imodoka zimuherekeza, asaba abayobozi kugenda muri bisi
Pakistan yagerageje missile ballistique mu gihe intambara n’u Buhinde ikomeje gututumba
Francis Ngannou ategerejwe i Kigali
Iminsi yabo ni mbarwa- Perezida Kagame avuga ku bagihohotera abarokotse Jenoside
Uganda: Abasirikare 13 batawe muri yombi bazira gutera sitasiyo ya polisi
Ahanyuze magendu, hanyuzwa n’imbunda – CP Emmanuel Hatari
Birangiye Kazungu Claver ahishuye ko azerekeza Kuri Fine FM
Burundi: Imirambo ibiri y’abambaye impuzankano ya gisirikare yabonetse yarangiritse
Umwe mu bakinnyi ba ‘Squid Game’ yapfuye