Polisi yo muri Kenya iri guhangana n’abigaragambya bamagana ko hari abantu baburiwe irengero biganjemo abakoresha imbuga nkoranyambaga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Imyigaragambyo Ikomeye Yongeye Kwaduka muri Kenya
30 December 2024, by Joseph Iradukunda -
Ruhango: Umwana yakubiswe n’inkuba arapfa
27 November 2024, by Joseph IradukundaMahirwe Etienne w’imyaka 14 wo mu Kagali ka Rwoga, Umurenge wa Kabagali mu Karere ka Ruhango, mu masaha y’umugoroba wo ku wa Kabiri itariki ya 26 Ugushyingo 2024, yakubiswe n’inkuba yitaba Imana ageze kwa muganga.
-
Abayobozi b’ingabo muri RDF na UPDF bahuriye mu nama i Mbarara
21 March 2025, by Joseph IradukundaIngabo z’u Rwanda (RDF) n’Ingabo z’igihugu cya Uganda (UPDF) bahuriye mu nama ya kane y’abayobozi b’ingabo zikorera hafi y’imipaka kuva ku itariki ya 20-22 Werurwe 2025 mu Mujyi wa Mbarara, muri Uganda.
-
Kigali: Abarenga 690 bari batuye mu manegeka bamaze kwimurwa
17 April 2025, by Joseph IradukundaUbuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko bwatangiye igikorwa cyo kwimura abaturage batuye mu manegeka, cyane cyane abari kugirwaho ingaruka n’imvura nyinshi imaze iminsi igwa hirya no hino mu gihugu, aho kuri ubu hamaze kwimurwa abantu 697.
-
Banki y’Isi yemeje miliyari 95 Frw zo gufasha impunzi mu Rwanda
1 July 2025, by ISIMBI EstellaMu guteza imbere imibereho y’impunzi n’abazakiriye, Leta y’u Rwanda yatangije icyiciro cya kabiri cy’umushinga wa ‘Jya Mbere II’, uzakoreshwamo miliyoni 66,7$ (arenga miliyari 95,6 Frw).
-
Gisagara : Umusaza Yafatiwe Ku Rusumo Ahunga kubera Igihano Cya Gacaca
8 November 2024, by Joseph IradukundaNyuma yo gukatirwa n’Inkiko Gacaca agahunga, umusaza witwa Harindintwari Niyongana Innocent w’imyaka 69 yafatiwe ku mupaka wa Rusumo mu Karere ka Kirehe asa n’uhungiye muri Tanzania.
-
Ubucuruzi bw’u Rwanda n’umuryango wa EAC bwagabanutseho 8%
24 June 2021, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubucuruzi n’inganda, Minicom ivuga ko kubera icyorezo cya Covid19, ubucuruzi bw’u Rwanda n’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba bwagabanutseho 8%, buvuye kuri miliyoni 589 z’amadorari ya Amerika bwariho mu 2019, bugera kuri miliyoni 544 z’amadorali mu 2020.
-
Putin yarenga ku masezerano kuri Ukraine igihe yaba atarinzwe – Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza
21 March 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’intebe w’Ubwongereza Sir Keir Starmer yavuze ko Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yarenga ku masezerano y’amahoro na Ukraine igihe ayo masezerano yaba atarinzwe, nyuma yuko yari amaze kwitabira inama y’abakuru ba gisirikare yabereye i London.
-
Abarundi baratakamba ngo imipaka y’u Burundi n’u Rwanda ifungurwe
11 July 2025, by Joseph IradukundaAbarundi by’umwihariko abatuye mu majyaruguru y’u Burundi baratakambira ubuyobozi bwabo kugira ngo bufungure imipaka yose ihuza igihugu cyabo n’u Rwanda, babone uko bashaka imibereho.
-
Ese Trump ubu ari he? Minisitiri’ w’ubutabera yasabye iperereza ku buriganya mu matora
11 November 2020, by Martin MunezeroKuwa gatandatu w’icyumweru gishize nibwo Donald Trump aheruka kuboneka agaruka muri White House avuye i Sterling muri Virginia aho yariho akinira golf, amaze kubwirwa ko Joe Biden biboneka ko yatsinze, kuva ubwo kugeza ubu ntarongera kuboneka mu ruhame.
Umuryango.rw
Imyigaragambyo Ikomeye Yongeye Kwaduka muri Kenya
Ruhango: Umwana yakubiswe n’inkuba arapfa
Abayobozi b’ingabo muri RDF na UPDF bahuriye mu nama i Mbarara
Kigali: Abarenga 690 bari batuye mu manegeka bamaze kwimurwa
Banki y’Isi yemeje miliyari 95 Frw zo gufasha impunzi mu Rwanda
Gisagara : Umusaza Yafatiwe Ku Rusumo Ahunga kubera Igihano Cya Gacaca
Ubucuruzi bw’u Rwanda n’umuryango wa EAC bwagabanutseho 8%
Putin yarenga ku masezerano kuri Ukraine igihe yaba atarinzwe – Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza
Abarundi baratakamba ngo imipaka y’u Burundi n’u Rwanda ifungurwe