Banki Nkuru y’u Buyapani yongereye inyungu fatizo iyivana kuri 0,25% iyigeza kuri 0,5%, ibintu byaherukaga mu myaka 17 ishize.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Buyapani: Banki Nkuru yakubye kabiri inyungu fatizo
24 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Rusizi: Arakekwaho kubyara umwana agahita amuniga
11 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbizera Marie Assoumpta w’imyaka 27, afungiye kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ya Nyakabuye, Akarere ka Rusizi, akurikiranyweho yokubyara umwana agahita amuniga akamwica.
-
Centrafrique: Amb. Olivier Kayumba yagaragaje uko Ababiligi bateguye Jenoside yakorewe Abatutsi
9 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasaderi w’u Rwanda muri Centrafrique, Olivier Kayumba, yatangaje ko u Bubiligi bwageze mu Rwanda bushyiraho politike ishingiye ku macakubiri n’ubutegetsi bushingiye ku moko ari na byo byagejeje kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Abakozi ba Boeing barenga ibihumbi bitatu bahagaritse akazi
5 August 2025, by ISIMBI EstellaAbakozi bagera ku 3.200 bakora mu ishami rya gisirikare rya Boeing muri Leta ya Missouri na Illinois bahagaritse akazi ku wa 4 Kanama 2025 nyuma yo kutemera ibikubiye mu masezerano y’imyaka ine bahawe.
-
USA: Abakandida Visi Prezida Bahuriye mu Kiganiro Mpaka
2 October 2024, by Joseph IradukundaMu mwanya ushize muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, abakandida ku mwanya wa Visi-Perezida wa Repubulika b’amashyaka abiri ya mbere akomeye, Umurepubulikani JD Vance n’Umudemokarate Tim Walz, bashoje ikiganiro-mpaka cyamaze isaha n’igice kuri televiziyo CBS.
-
Kamonyi:Imishinga ya miliyoni 23 Frw y’inguzanyo za VUP yarahombye
9 July 2025, by Joseph IradukundaUbuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi bwatangaje ko mu nguzanyo bwahaye abaturage ngo bikure mu bukene harimo imishinga ya miliyoni 23 Frw yahombye ba nyirayo babura uko bishyura, mu gihe abandi 31 bapfuye batabashije kwishyura.
-
Ubucuruzi bwa EAC bwageze kuri miliyari 38.2 z’amadolari
10 November 2025, by ISIMBI EstellaUmuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC, watangaje ko bayeho izamuka ku kigero cyo hejuru mu bucuruzi mpuzamahanga mu gihembwe cya kabiri cya 2025. Bigaragaza imbaraga n’ubushobozi bukomeje kwiyongera bw’Akarere mu masoko mpuzamahanga.
-
AFC/M23 yatangiye gutegura ibisasu biri mu kibuga cy’indege cya Goma
28 March 2025, by Angeline MUKANGENZIIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangiye gutegura ibisasu biteze mu kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Goma.
-
Rubavu: Hafashwe bane bakekwaho gukora no gukwirakwiza amadolari y’amiganano
24 April 2025, by Angeline MUKANGENZIAbagabo bane barimo umukongomani umwe, bafatanwe 4000 by’amadolari ya Amerika y’amiganano n’impapuro 850 bifashishaga mu kuyakora.
-
Abakoresha umuhanda Giporoso-Masaka bahuraga n’umuvundo w’imodoka bigiye gukemuka
3 January 2025, by Joseph IradukundaIkigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’ubwikorezi, RTDA, cyatangaje ko umuhanda wa Prince House-Giporoso-Masaka uzatangira kuvugururwa muri Mata 2025, kandi ko uzashyirwaho igice cyo hejuru (flyover) mu rwego rwo kugabanya umuvundo uwugaragaramo.
Umuryango.rw
U Buyapani: Banki Nkuru yakubye kabiri inyungu fatizo
Rusizi: Arakekwaho kubyara umwana agahita amuniga
Centrafrique: Amb. Olivier Kayumba yagaragaje uko Ababiligi bateguye Jenoside yakorewe Abatutsi
Abakozi ba Boeing barenga ibihumbi bitatu bahagaritse akazi
USA: Abakandida Visi Prezida Bahuriye mu Kiganiro Mpaka
Kamonyi:Imishinga ya miliyoni 23 Frw y’inguzanyo za VUP yarahombye
Ubucuruzi bwa EAC bwageze kuri miliyari 38.2 z’amadolari
AFC/M23 yatangiye gutegura ibisasu biri mu kibuga cy’indege cya Goma
Rubavu: Hafashwe bane bakekwaho gukora no gukwirakwiza amadolari y’amiganano
Abakoresha umuhanda Giporoso-Masaka bahuraga n’umuvundo w’imodoka bigiye gukemuka