Abagabo 10 bakunze kwitwa “abasaza b’abambuzi” n’itangazamakuru ryo mu Bufaransa, bagiye kwitaba urukiko bakurikiranyweho kwiba ibikoresho bihenze bya Kim Kardashian bifite agaciro ka miliyoni z’amayero, ubwo yari yitabiriye icyumweru cy’imideli i Paris mu 2016.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abagabo 10 bakekwaho kwiba Kim Kardashian bagiye kuburanishirizwa i Paris
28 April 2025, by ISIMBI Estella -
Umukino AS Kigali WFC na Rayon Sports WFC watumye uwa Police na Kiyovu uhindurirwa isaaha
25 September 2024, by Joseph IradukundaBiciye muri Komisiyo Ishinzwe amarushanwa, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, ryahinduye amasaha y’umukino wa Police FC na Kiyovu Sports uteganyijwe ejo ku wa kane Saa Munani z’amanywa.
-
Abashakashatsi batanze impuruza ku myuka iri muri Lake Kivu ishobora kuzaturika
6 August 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbasesenguzi batanze umuburo ko imyuka yica iri mu mazi y’Ikiyaga cya Kivu, ishobora kuzaturika igasandara umunsi umwe bigateza ikibazo gikomeye.
-
Se wa Elon Musk yamuburiye ku ntambara yishoyemo kuri Trump
7 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuSe wa Elon Musk, Errol Musk, yatangaje ko umuhungu we adashobora gutsinda intambara imuhanganishije na Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Amerika yasubukuye gahunda yo guha Ukraine intwaro
20 March 2025, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Ingabo ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yemeje ko yasubukuye gahunda yo guha Ukraine inkunga mu bya gisirikare no gusangira na Kyiv amakuru y’ubutasi.
-
Putin yavuze ko Imana ishyigikiye u Burusiya mu ntambara bwagabye kuri Ukraine
27 December 2024, by Joseph IradukundaPerezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko Imana iri ku ruhande rw’u Burusiya kandi yizeye ko buzatsinda intambara buhanganyemo na Ukraine.
-
Abapolisi 2 100 n’abasirikare 890 ba RDC biyunze kuri M23
23 February 2025, by Joseph IradukundaAbapolisi basaga 2 100 n’abasirikare 890 ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) biyunze ku mutwe wa M23.
-
Umweyo muri Police FC urakomeje no kugeramo imbere cyane mu ikipe
10 June 2025, by Joseph IradukundaUbuyobozi bw’ikipe ya Police FC, bukomeje gushimira abakozi babanye na yo mu mwaka w’imikino 2024-2025, ari na ko ibasezerera ibifuriza ibyiza ahandi bazakomereza ubuzima.
-
Nyuma yo gufata Bukavu ,M23 yongeye gusaba Leta ya Congo kwemera ibiganiro
17 February 2025, by Joseph IradukundaIhuriro AFC/M23 ku cyumweru tariki ya 16 Gashyantare 2025, ryasabye Guverinoma iyobowe na Felix Tshisekedi kwemera ibiganiro nyuma yaho ritangaje ko ryafashe umujyi wa Bukavu, uri mu ntara ya Kivu y’Epfo.
-
Espagne: Umuriro wabuze ubuzima bugahagarara watangiye kugaruka
29 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’uko ku wa Mbere ibihugu nka Espagne na Portugal bihuye n’ikibazo gikomeye cyo kubura umuriro w’amashanyarazi ubuzima bugahagarara, ubu watangiye kugaruka mu bice nka Iberian Peninsula n’ahandi.
Umuryango.rw
Abagabo 10 bakekwaho kwiba Kim Kardashian bagiye kuburanishirizwa i Paris
Umukino AS Kigali WFC na Rayon Sports WFC watumye uwa Police na Kiyovu uhindurirwa isaaha
Abashakashatsi batanze impuruza ku myuka iri muri Lake Kivu ishobora kuzaturika
Se wa Elon Musk yamuburiye ku ntambara yishoyemo kuri Trump
Amerika yasubukuye gahunda yo guha Ukraine intwaro
Putin yavuze ko Imana ishyigikiye u Burusiya mu ntambara bwagabye kuri Ukraine
Abapolisi 2 100 n’abasirikare 890 ba RDC biyunze kuri M23
Umweyo muri Police FC urakomeje no kugeramo imbere cyane mu ikipe
Nyuma yo gufata Bukavu ,M23 yongeye gusaba Leta ya Congo kwemera ibiganiro
Espagne: Umuriro wabuze ubuzima bugahagarara watangiye kugaruka