Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda , General Muhoozi Kainarugaba yishongoye kuri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, avuga ko atinya Nyina wenyine kandi ko mu gihe akimushyigikiye nta bwoba afite kubera ibyo atangaza kuri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
General Muhoozi Kainerugaba utajya uripfana yeretse USA ko atayitinya kuko Nyina amushyigikiye
15 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Umuti mushya wa malaria ugiye gutangira gukoreshwa mu Rwanda hose
26 April 2025, by Joseph IradukundaIkigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko umuti mushya wo kuvura malaria ugiye gutangira gukoreshwa mu Rwanda hose, ukazajya uhabwa abantu bayirwaye by’umwihariko ufite iy’igikatu wananiwe no kuvurwa n’uwari usanzwe wa Coartem.
-
Kigali: ‘Umuvugabutumwa’ wagaragaye asaba abantu imitungo kugira ngo bakubirwe kenshi yafunzwe
21 October 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rufunze Bucyanayandi Emmanuel wagaragaye ku mbuga nkoranyambaga asaba abakirisitu gutanga imitungo yabo kugira ngo Imana ibakubire inshuro eshanu.
-
U Burusiya bwagaragaje ko ibiganiro Trump yagiranye na Putin nta musaruro byatanze
8 October 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri wungirije w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergei Ryabkov, yatangaje ko ibiganiro Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin, nta cyo byatanze ashinja u Burayi kwivanga mu byo bari bemeranyije.
-
Arenga miliyari 5 Frw ashobora guhagama abananiwe gusobanurira PAC irengero ryayo
5 August 2025, by Joseph IradukundaInteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite yasabye Minisiteri y’Ubutabera gusaba Ubushinjacyaha gukurikirana arenga miliyari 5 Frw yagaragajwe muri raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka wa 2023/2024 ko yakoreshejwe mu buryo budasobanutse.
-
Umugore wa Mugabe Assiel yitabye Imana azize uburwayi
25 June 2025, by ISIMBI EstellaMugabe Assiel w’izina rikomeye mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, ari mu kababaro ko kubura umugore we Charlotte Nyirabugingo watabarutse mu Ijoro ryacyeye azize uburwayi.
-
Trump yasabiwe guhabwa igihembo cya Nobel
25 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmudepite wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Buddy Carter, yandikiye Komite itanga ibihembo by’amahoro rya Nobel, ayimenyesha ko Perezida Donald Trump arikwiye kuko yagize uruhare rukomye mu gahenge katangiye hagati ya Israel na Iran.
-
Abegereye Trump bahinduye imvugo ku gihe bazarangiriza intambara yo muri Ukraine
16 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbajyanama ba Donald Trump watorewe kongera kuyobora Amerika, baremera ko intambara y’u Burusiya na Ukraine izatwara igihe kibarirwa mu mezi cyangwwa arenga, kugirango gikemuke. Ibi biravuguruza ibyo yari yasezeranye gukora amaze gutorwa.
-
Musenyeri Vincent Barugahare yapfuye ku myaka 77
11 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMusenyeri Vincent Barugahare, Umusaseridoti wa Diyosezi ya Ruhengeri, yitabye Imana ku wa 10 Mata 2025 azize uburwayi ubwo yari ari mu Bitaro by’Umwami Faisal biherereye i Kigali.
-
Minembwe: Hagabwe ibitero bikaze nyuma y’iyicwa rya Gen. Makanika
21 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’iminsi ibiri umuyobozi wawo yishwe na drone y’igisirikare cya FARDC, umutwe wa Twirwanaho uravuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, itariki 21 Gashyantare 2025, abaturage ba Minembwe bagabweho ibitero by’ubugome mu midugudu ya Gihanama na Evomi.
Umuryango.rw
General Muhoozi Kainerugaba utajya uripfana yeretse USA ko atayitinya kuko Nyina amushyigikiye
Umuti mushya wa malaria ugiye gutangira gukoreshwa mu Rwanda hose
Kigali: ‘Umuvugabutumwa’ wagaragaye asaba abantu imitungo kugira ngo bakubirwe kenshi yafunzwe
U Burusiya bwagaragaje ko ibiganiro Trump yagiranye na Putin nta musaruro byatanze
Arenga miliyari 5 Frw ashobora guhagama abananiwe gusobanurira PAC irengero ryayo
Umugore wa Mugabe Assiel yitabye Imana azize uburwayi
Trump yasabiwe guhabwa igihembo cya Nobel
Abegereye Trump bahinduye imvugo ku gihe bazarangiriza intambara yo muri Ukraine
Musenyeri Vincent Barugahare yapfuye ku myaka 77
Minembwe: Hagabwe ibitero bikaze nyuma y’iyicwa rya Gen. Makanika