Visi-Guverineri ushinzwe ibijyanye na politiki, ubuyobozi, n’amategeko mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Manzi Ngarambe Willy, yatangaje ko ibyo Abanyekongo bakeneye kuruta uko bakeneye amabombe akomeje kuraswa na dorone mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abanyekongo bakeneye amahoro, amashuri, amavuriro ntibakeneye amabombe – Guverineri Willy Manzi
2 October 2025, by ISIMBI Estella -
Amerika yagabanyije imisoro, ngo bizatuma ubukungu bwayo bwiyongera
20 December 2017, by Nsanzimana ErnestAbasenateri ba Leta zunze ubumwe z’ Amerika kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Ukuboza 2017 bemeje itegeko ryo kugabanya imisoro ryari rimaze imyaka irenga 30 ridakorwa.
Biteganyijwe ko imisoro izagabanyuka kuva kuri 35% ikagera kuri 21%. Ibi ngo bizatuma ubukungu bwa Leta zunze ubumwe z’ Amerika buzamukaho 0,7%.
Imisoro izagabanwa kuva kuri kampani ya mbere yinjiza amafaranga menshi kugeza ku mucuruzi wo ku rwego rwo hasi.
Nk’ uko byatangajwe na Visi Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika (…) -
Bashiki be bajugunywe mu cyobo ari bazima: Ubuhamya bukomeye bwa Mutanguha wa Aegis Trust
7 April 2025, by ISIMBI EstellaUmuyobozi Nshingwabikorwa wa Aegis Trust, Mutanguha Freddy, yagaragaje ko muri Jenoside yakorewe Abatutsi yiciwe ababyeyi na bashiki bane bo, bajugunywe mu cyobo ari bazima batererwamo amabuye kugeza bashizemo umwuka.
-
Orban yemeje Ukraine nk’umwanzi ukomeye wa Hongrie
8 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Intebe wa Hongrie, Viktor Orban, yavuze ko Ukraine ari umwanzi w’igihugu cye kubera gishyigikira umwanzuro wo guhagarika ibikomoka kuri peteroli na gaz byinjizwa i Budapest bivuye mu Burusiya.
-
Kirikou yongeye guhembwa imodoka abicyesha indirimbo ye –AMAFOTO
30 March, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi uri mu bagezweho mu Burundi, Kirikou Akili, yongeye kwigaragaza mu muziki w’iwabo aho yegukanye igihembo gikomeye kirimo imodoka nshya, abikesha indirimbo ye yise ‘Aha Nihe?’.
-
Hamas yanenze gahunda ya Trump yo guhagarika intambara
1 October 2025, by ISIMBI EstellaUmutwe wa Hamas wanenze gahunda ya Perezida Donald Trump yo kugarura amahoro mu gace ka Gaza, uvuga ko ishyira imbere inyungu za Israel yirengagije inyungu z’Abanya-Palestine, ibishobora no gutuma uwo mutwe wanga kuyubahiriza.
-
RDC: Umushumba wa Kiliziya Gatolika yahaye Corneille Nangaa umugisha
9 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Musenyeri Fulgence Muteba Mugalu, yahaye umugisha Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bw’iki gihugu, Corneille Nangaa.
-
Amerika yongeye kotsa igitutu u Rwanda na RDC
9 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuLeta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Gatanu zongeye kotsa igitutu u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’imirwano iheruka kongera kuburwa hagati y’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 n’Ihuriro ry’Ingabo za Leta ya RDC.
-
APR FC iri kugorwa n’instinzi yakuyeho Col (Rtd) Richard Karasira wayiyobora
7 November 2024, by Joseph IradukundaCol (Rtd) Richard Karasira wari umuyobozi w’ikipe ya APR FC (Chairman), yakuwe mu nshingano ibifitanye isano na mpaga iyi kipe y’Ingabo iheruka guterwa.
-
Breaking News: Bitunguranye Miss Rwanda irahagaritswe
9 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROHashingiwe ku iperereza ririmo gukorwa n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB), ku muyobozi wa “Rwanda Inspiration BackUp”, ukekwaho ibyaha bifitanye isano n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakoreye abakobwa bitabiriye irushanwa rya “Miss Rwanda” mu bihe bitandukanye,.
Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco iramenyesha Abanyarwanda ko ibaye ihagaritse iri rushanwa mu gihe iperereza ritararangira.
Umuryango.rw
Abanyekongo bakeneye amahoro, amashuri, amavuriro ntibakeneye amabombe – Guverineri Willy Manzi
Bashiki be bajugunywe mu cyobo ari bazima: Ubuhamya bukomeye bwa Mutanguha wa Aegis Trust
Orban yemeje Ukraine nk’umwanzi ukomeye wa Hongrie
Kirikou yongeye guhembwa imodoka abicyesha indirimbo ye –AMAFOTO
Hamas yanenze gahunda ya Trump yo guhagarika intambara
RDC: Umushumba wa Kiliziya Gatolika yahaye Corneille Nangaa umugisha
Amerika yongeye kotsa igitutu u Rwanda na RDC
APR FC iri kugorwa n’instinzi yakuyeho Col (Rtd) Richard Karasira wayiyobora
Breaking News: Bitunguranye Miss Rwanda irahagaritswe