Inteko Ishinga Amategeko ya Iran ku wa 22 Kamena 2025 yatoye icyemezo cyo gufunga inzira ya Hormuz inyuzwamo ibikomoka kuri peteroli, nyuma y’aho Leta Zunze Ubumwe za Amerika igabye ibitero ku bigo bitatu bitunganyirizwamo ingufu za nucléaire.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Inzira ya Hormuz yo muri Iran inyuzwamo Peteroli ijya mu Rwanda ishobora gufungwa
23 June 2025, by ISIMBI Estella -
Perezida Kagame yagaragaye I Rubavu anyoga igare [AMAFOTO]
7 September 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu yagaragaye ahitwa Bruxelles mu karere ka Rubavu anyoga igare, amakuru aravuga ko we n’ umushyitsi bari kumwe basuye ingagi mu birunga.
Abaturage bakimara kubona ko ari Perezida Kagame urimo kunyoga igare mu muhanda Nyamyumba - Gisenyi werekeza kuri Brasserie begereye umuhanda ari benshi arahagarara arabazuhuza bamugaragariza urugwiro n’ ibyishimo.
Umuseke dukesha iyi nkuru watangaje ko ufite amakuru yizewe ko mu gitondo cyo kuri uyu wa (…) -
U Rwanda rwijeje Papa Leo XIV ubufatanye mu kwimakaza amahoro
12 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda yifatanyije n’Abakirisitu ba Kiliziya Gatolika muri Misa yo gushimira Imana yabahaye Umushumba mushya wa Kiliziya Papa Leo XIV, imwifuriza ihirwe mu mirimo mishya ndetse imwizeza ubufatanye mu gushyira mu bikorwa ubutumwa bw’amahoro yasabye Isi.
-
Bobi Wine yavuye mu bwihisho akomereza mu mahanga
14 March, by ISIMBI EstellaUmunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, yatangaje ko yavuye mu bwihisho yari amazemo hafi amezi abiri, akomereza mu mahanga mu ruzinduko ahamya ko ari urw’akazi.
-
Mu Rwanda abantu 52 bamaze guhitanwa n’ibiza byatewe n’imvura
18 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi, MINEMA, yatangaje ko kuva ku wa 1 Mata kugeza ku wa 16 Mata 2025, abantu 52 bamaze guhitanwa n’ibiza byatewe n’imvura nyinshi yaguye mu bice bitandukanye by’igihugu.
-
Minisitiri wa MINEMA yatangaje ko inkuba ziri ku mwanya wa mbere mu biza byahitanye benshi muri werurwe
2 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) yatangaje ko mu bushakashatsi yakoze ku bantu bibasiwe n’ibiza mu kwezi kwa Werurwe 2025, byagaragaye ko inkuba ari zo ziza imbere mu biza byatwaye ubuzima bw’abantu benshi, bangana na 16.
-
Minisiteri ya Siporo yinjiye mu kibazo cy’imvururu zahagaritse umukino wa Bugesera FC na Rayon Sports
18 May 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yatangaje ko uru rwego rwiteguye gukurikirana ikibazo cy’imvururu cyagaragaye ku mukino wa Bugesera FC na Rayon Sports kuri uyu wa Gatandatu.
-
Trump yasinye itegeko rikumira Abarundi, Abanya-Somalia n’abandi muri Amerika
5 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyize umukono ku itegeko rikumira abaturage bo mu bihugu birimo n’u Burundi kwinjira muri icyo gihugu kubera impamvu z’umutekano, nk’uko byatangajwe n’ibiro by’Umukuru w’Igihugu, White House.
-
Hateranye Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda yiga ku mutekano n’imikorere ya kinyamwuga
13 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kabiri tariki 12 Ugushyingo 2024, ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru hateraniye Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda .
-
Imyiteguro irarimbanyije y’umuhango ugiye kuba ku nshuro ya 15 wo kwita amazina abana 25 b’ingagi
10 August 2019, by Martin MunezeroIkigo cy’Igihugu cy’Iterambere, RDB, kiri mu myiteguro y’umunsi mpuzamahanga ngarukamwaka wo Kwita Izina,mu muhango ugiye kuba ku nshuro ya 15, aho muri uyu mwaka abana 25 b’ingagi ari bo bazahabwa amazina.
Umuryango.rw
Inzira ya Hormuz yo muri Iran inyuzwamo Peteroli ijya mu Rwanda ishobora gufungwa
U Rwanda rwijeje Papa Leo XIV ubufatanye mu kwimakaza amahoro
Mu Rwanda abantu 52 bamaze guhitanwa n’ibiza byatewe n’imvura
Minisitiri wa MINEMA yatangaje ko inkuba ziri ku mwanya wa mbere mu biza byahitanye benshi muri werurwe
Minisiteri ya Siporo yinjiye mu kibazo cy’imvururu zahagaritse umukino wa Bugesera FC na Rayon Sports
Trump yasinye itegeko rikumira Abarundi, Abanya-Somalia n’abandi muri Amerika
Hateranye Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda yiga ku mutekano n’imikorere ya kinyamwuga