Ubuyobozi bwa Real Madrid yo muri Espagne, bwerekanye myugariro w’iburyo, Trent Alexander-Arnold nk’umukinnyi mushya wa yo.
Uyu musore w’imyaka 26, yasinye amasezerano y’imyaka itanu nyuma yo gusoza amasezerano muri Liverpool yo mu Bwongereza ndetse akanayisigira igikombe cya shampiyona ya 2024-2025.
Muri uyu muhango wabaye ku wa 12 Kamena 2025 kuri stade ya Santiago Bernabéu, Trent yahise ahabwa nimero 12 yambarwaga na Marcelo wakinaga ku ruhande rw’ibumoso. Ni umukinnyi wahawe ikaze na (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Real Madrid yerekanye Trent Alexander-Arnold
13 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Filime 7 zo kureba kuri Saint Valentin
14 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBuri tariki ya 14 Gashyantare, urukundo ruba ari rwo ruganje, abantu bakishimira uwo munsi ku buryo butandukanye. Bamwe bategura ibirori cyangwa amafunguro yihariye, mu gihe abandi bahitamo kwishimira umunsi bari mu rugo bareba filime nziza.
-
Trump yemeje ko Amerika iri kurasa muri Iran
28 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu cye gifite uruhare rutaziguye kandi rukomeye mu bitero ingabo za Israel zabyutse zigaba mu bice bitandukanye bya Iran.
-
Perezida wa Ukraine yigambye igitero cy’amateka ku butaka bw’u Burusiya
2 June 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yivuze imyato nyuma y’aho ingabo z’igihugu cye zigabye ibitero ku bigo by’ingabo z’u Burusiya zirwanira mu kirere, zigatwika indege z’intambara zigera kuri 41.
-
Abatavuga rumwe na Tshisekedi bamaganye amasezerano ashaka kugirana na Amerika
5 April 2025, by Angeline MUKANGENZIIhuriro LAMUKA rigizwe n’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryamaganye umugambi wa Perezida Félix Tshisekedi wo kugirana na Leta Zunze Ubumwe za Amerika amasezerano y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro.
-
Aliou Cissé wahesheje igikombe cya CAN Senegal batandukanye
2 October 2024, by Joseph IradukundaUmutoza Aliou Cissé watozaga ikipe y’igihugu ya Senegal y’abagabo yatandukanye nayo nyuma y’imyaka 9 ayitoza.
-
Bella Murekatete ukina Basketball yerekeje muri Mexique
9 June 2025, by Joseph IradukundaMurekatete Bella wakinaga muri Cadí La Seu yo muri Espagne, yakomereje muri Club Freseras de Irapuato Básquetbol yo mu Cyiciro cya Mbere muri Mexique (LNBP Femenil).
-
KAGAME Muyoboke yasabye guhindura amazina akitwa NGEZAYO MUYOBOKE BONHEUR
13 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwitwa KAGAME Muyoboke yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa NGEZAYO MUYOBOKE BONHEUR mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa. itangazo riri hano ““hasi”” -
Kinshasa: Kiliziya Gatolika yahakanye gucuruza ukarisitiya mu isoko
28 January, by Angeline MUKANGENZIUbuyobozi bwa Arikidiyosezi Gatolika ya Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bwahakanye gucuruza ukarisitiya mu masoko yo mu murwa mukuru w’iki gihugu.
-
Kicukiro: Hagaragaye umurambo w’umusore mu ishyamba
15 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu Kagari ka Nyanza ko mu Murenge wa Gatenga,Akarere ka Kicukiro, Hagaragaye umurambo w’umusore w’imyaka 37 witwa Niyonsaba Janvier bikekwa ko yahiciwe.
Umuryango.rw
Real Madrid yerekanye Trent Alexander-Arnold
Filime 7 zo kureba kuri Saint Valentin
Trump yemeje ko Amerika iri kurasa muri Iran
Perezida wa Ukraine yigambye igitero cy’amateka ku butaka bw’u Burusiya
Abatavuga rumwe na Tshisekedi bamaganye amasezerano ashaka kugirana na Amerika
Aliou Cissé wahesheje igikombe cya CAN Senegal batandukanye
Bella Murekatete ukina Basketball yerekeje muri Mexique
KAGAME Muyoboke yasabye guhindura amazina akitwa NGEZAYO MUYOBOKE BONHEUR
Kinshasa: Kiliziya Gatolika yahakanye gucuruza ukarisitiya mu isoko
Kicukiro: Hagaragaye umurambo w’umusore mu ishyamba