Ishyaka ry’Aba-Republicains ni ryo ryegukanye imyanya myinshi mu mitwe yombi y’Inteko Ishinga Amategeko ya America rihigitse iry’Aba-Democrates, byongerera imbaraga Donald Trump uherutse gutorerwa kuba Perezida wa 47 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Aba-Republicains bahigitse Aba-Democrates mu matora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko muri Amerika
14 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Botswana: Perezida Mokgweetsi Masisi yemeje ko azatanga ubutegetsi mu ituze
1 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Botswana ucyuye igihe Mokgweetsi Eric Keabetswe Masisi, yatangaje ko yemera ko ishyaka rye ryatsinzwe, ariko yemeza ko azakora ku buryo ihererekanya ry’ubutegetsi hagati ye n’uwatsinze amatora rigenda neza ku buryo bushoboka.
-
Umwami w’u Bwongereza yasuye Papa Francis wari umaze igihe arembye
10 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmwami Charles III w’u Bwongereza n’Umwamikazi Camilla bagiranye inama yihariye n’Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis i Vatican, aho yabifurije isabukuru nziza y’imyaka 20 bamaze bashyingiranywe.
-
U Rwanda rurateganya gushyiraho itegeko ribuza abana gukoresha imbuga nkoranyambaga
29 April, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo (MINICT) yatangaje ko harimo gutegurwa itegeko rifasha ababyeyi gukumira abana bataruzuza imyaka 16 gukoresha imbuga nkoranyambaga kuko byagaragaye ko gukoresha ikoranabuhanga nabi bibagiraho ingaruka haba ku mitegerereze n’imyigire.
-
Trump yasabye ko Beyoncé akurikiranwa
28 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Donald Trump yasabye ko umuhanzi Beyoncé akurikiranwaho kwakira indonke ya miliyoni 11 z’Amadolari kugira ngo ashyigikire kandidatire ya Kamala Harris bari bahatanye mu matora y’Umukuru w’Igihugu.
-
Minisitiri Bizimana yashyize umucyo ku ikoreshwa ry’ijambo “gutwika”
4 April, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yagarutse ku mvugo ‘gutwika’ ikunda gukoreshwa n’urubyiruko, avuga ko yajya ikoreshwa aho bikwiye gusa ariko mu birori n’amahuriro asaba by’umwihariko urubyiruko gushaka irindi jambo barisimbuza kuko amateka yaryo atuma hari bamwe bayabayemo bakomereka.
-
Perezida Kagame ari muri Azerbaijan
19 September 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Paul Kagame yageze i Baku muri Azerbaijan, aho yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu.
-
Ihuriro ry’amashyaka arengera ibidukikije ryashimiye Green Party yegukanye imyanya ibiri mu Nteko
30 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro ry’amashyaka arengera ibidukikije ku Mugabane wa Afurika, La Federation des Verts Africains –FEVA, ryashimiye ishyaka Democratic Green Party of Rwanda kubw’intsinzi yegukanye mu matora y’abadepite aherutse ndetse no kwitabira amatora ya Perezida.
-
Zelensky yatutse Putin
20 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatutse uw’u Burusiya, Vladimir Putin amwita ikigoryi, nyuma y’amagambo uyu uyoboye igihugu kinini ku Isi yavuze agakomeretsa ab’i Kyiv.
-
Mu kiganiro n’abanyamakuru mbere y’uko Jake...
14 November 2024, by Joseph IradukundaMu kiganiro n’abanyamakuru mbere y’uko Jake Paul na Mike Tyson baterana amakofe mu mukino witezwe cyane, Jake yashatse gutera umujinya Tyson amushotora mu magambo n’ibikorwa, ariko uyu mugabo mukuru aratuza, ariko arahira ko atazatsindwa.
Umuryango.rw
Aba-Republicains bahigitse Aba-Democrates mu matora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko muri Amerika
Botswana: Perezida Mokgweetsi Masisi yemeje ko azatanga ubutegetsi mu ituze
Umwami w’u Bwongereza yasuye Papa Francis wari umaze igihe arembye
U Rwanda rurateganya gushyiraho itegeko ribuza abana gukoresha imbuga nkoranyambaga
Trump yasabye ko Beyoncé akurikiranwa
Minisitiri Bizimana yashyize umucyo ku ikoreshwa ry’ijambo “gutwika”
Perezida Kagame ari muri Azerbaijan
Ihuriro ry’amashyaka arengera ibidukikije ryashimiye Green Party yegukanye imyanya ibiri mu Nteko
Zelensky yatutse Putin
Mu kiganiro n’abanyamakuru mbere y’uko Jake...