Perezida wa Nigeria, Bola Ahmed Tinubu, yatangaje ko ameze neza nyuma yo guhubangana akagwa hasi mu muhango wo kumwakira mu ruzinduko yagiriraga muri Turkiya.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida wa Nigeria yatangaje ko ameze neza nyuma y’uko yituye hasi ari muri Turkiya
28 January, by Angeline MUKANGENZI -
Gen. Doumbouya wa Guinée ari mu Rwanda
2 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBrigadier Général Mamadi Doumbouya uyobora Guinée-Conakry ari mu Rwanda kuva ku wa 1 Gicurasi 2025 mu ruzinduko rugamije guhamya ubucuti hagati y’ibihugu byombi.
-
Handball: Minisitiri NYIRISHEMA yagiranye umusangiro n’ikipe y’Igihugu U20
9 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma yo kwegukana igikombe cya Afurika cya Handball mu batarengeje imyaka 20 cyaberega muri Éthiopie, abakinnyi b’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abatarengeje imyaka 20, bakiriwe na Minisitiri wa Siporo, NYIRISHEMA Richard.
-
Denzel Washington yashyamiranye n’umufotozi muri ‘Festival de Cannes’
20 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuDenzel Washington wamamaye muri sinema muri Amerika no ku Isi yose, yagaragaye ashyamiranye n’umwe mu bafotozi mu birori bya Festival de Cannes, biri kuba ku nshuro ya 78 mu Bufaransa.
-
UEFA Champions League: Liverpool yatsinze Real Madrid ifata umwanya wa mbere
28 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuLiverpool yatsinze Real Madrid ibitego 2-0, ifata umwanya wa mbere ku rutonde rusange rwa UEFA Champions League.
-
Umunyarwenya Teacher Mpamire yemeje kuzataramira i Kigali
20 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyarwenya Herbert Mendo Ssegujja uzwi nka Teacher Mpamire ukomoka muri Uganda mu Kinyarwanda cyiza yatangarije abakunzi be ko azataramira i Kigali muri uku kwezi.
Yifashishije urubuga rwe rwa Instagram Teacher Mpamire yakoresheje Ikinyarwanda gitomoye asaba abamukunda kutazabura mu gitaramo cy’urwenya gisanzwe cyizwi nka Gen-z Comedy show giteganyijwe tariki 25 Nyakanga 2024.
Yagize ati: “Rwanda, ese mwiteguye ishuri? Mwagiye mubaza ngo ni ibiki bitagenze neza. Noneho, mwarimu Mpamire (…) -
Perezida Kagame yavuze kuri Rusesabagina na Twagiramungu baherutse kwishyira hamwe
21 June 2019, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko Twagiramungu Faustin na Paul Rusesabagina baherutse kwishyira hamwe kugira ngo bahungabanye umutekano w’u Rwanda ko aria bantu bo mu itangazamakuru bagamije guteza abandi ibibazo gusa.
-
U Rwanda rwanyomoje amakuru arushinja kwivanga muri Politiki ya Centrafrique
29 July 2022, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta yamaganye ibirego byo kuba u Rwanda ngo rufasha ubutegetsi buriho muri Centrafrica guhindura itegeko nshinga, ngo Perezida uriho yemererwe kwiyamamaza muri manda ya Gatatu.
Umuryango witwa G16, usanzwe ari Ihuriro ry’imiryango ya sosiyete sivile rigamije kurinda itegeko nshinga muri Centrafrica, ryashinzwe ku wa 30 Werurwe, 2016 niryo ryatangaje ayo makuru.
Ryavuze ko u Rwanda rufite ingabo muri Centrafrica rutera inkunga (…) -
Kepler WBBC yongeyemo Umunya-Cameroun
22 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe habura iminsi mike kugira ngo Shampiyona ya Basketball itangire, amakipe akomeje kugaragaza imbaraga mu kwiyubaka.
-
Putin na Zelensky ntibemeranya ku hazabera inama izabahuza
21 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Vladmir Putin ashaka ko ibiganiro bizamuhuza na mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, bizabera mu gihugu cye, mu murwa mukuru, Moscow, aho kuba ahandi.
Umuryango.rw
Perezida wa Nigeria yatangaje ko ameze neza nyuma y’uko yituye hasi ari muri Turkiya
Gen. Doumbouya wa Guinée ari mu Rwanda
Handball: Minisitiri NYIRISHEMA yagiranye umusangiro n’ikipe y’Igihugu U20
Denzel Washington yashyamiranye n’umufotozi muri ‘Festival de Cannes’
UEFA Champions League: Liverpool yatsinze Real Madrid ifata umwanya wa mbere
Umunyarwenya Teacher Mpamire yemeje kuzataramira i Kigali
U Rwanda rwanyomoje amakuru arushinja kwivanga muri Politiki ya Centrafrique
Kepler WBBC yongeyemo Umunya-Cameroun
Putin na Zelensky ntibemeranya ku hazabera inama izabahuza