Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yavuze ko hari abagororwa bafungiye ibyaha bya Jenoside babiba ingengabitekerezo ya Jenoside mu bandi bagororwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Minisitiri Dr. Bizimana yavuze ko hari abagororwa babiba ingengabitekerezo ya Jenoside muri bagenzi babo
17 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Abakozi babiri ba Ambasade ya Israel barasiwe i Washington, DC
22 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbakozi babiri ba Ambasade ya Israel muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bishwe barasiwe i Washington, DC ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 21 Gicurasi 2025.
-
Gaza: Hafi 30% by’abaturage bamara iminsi batariye
26 July 2025, by ISIMBI EstellaIshami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa, PAM, ryatanze intambaza rigaragaza ko nibura umwe mu bantu batatu batuye mu gace ka Gaza amara iminsi batariye, mu gihe umubare w’abishwe n’inzara umaze kugera ku bantu 122.
-
Rwamagana: Haravugwa ubushyamirane hagati y’Abagororwa n’ abasirikare n’abapolisi bwasize umwe akutse amenyo
16 November 2024, by Joseph IradukundaAbagororwa bafungiye muri gereza ya Rwamagana biravugwa ko kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Ugushyingo bahanganye n’abasirikare ndetse n’abapolisi bari bagiye kubasaka, umwe muri bo bamukura amenyo.
-
Urujijo ku nkomoko y’ikimeze nk’igikoresho cy’ikivejuru cyanyuze mu isanzure rigaragiye Izuba
6 August 2025, by ISIMBI EstellaMu isanzure rigaragiye Izuba [système solaire], ku wa 1 Nyakanga 2025, ikoranabuhanga rya ATLAS rigizwe na telescope zitahura amabuye ashobora kugonga Isi, yabonye ikintu kitari gisanzwe, kigenda kidafite umurongo gikurikiza cyangwa ngo kigaragire imwe mu nyenyeri n’imibumbe iri ku Isi (orbit), cyiswe 3I/ATLAS.
-
Mayor mushya wa rutsiro aremeza ko ntakibazo kidasanzwe yasanze kitari ukuziba icyuho
13 July 2023, by Joseph Iradukunda -
Urukiko rwategetse ko Béatrice Munyenyezi akomeza gufungwa by’agateganyo
10 May 2021, by Dusingizimana RemyUrukiko rwategetse ko Béatrice Munyenyezi akomeza gufungwa by’agateganyo kuko akekwaho ibyaha biremereye.
Umucamanza yavuze ko hari abatangabuhamya bavuze ko yatanze amabwiriza yo kwica muri jenoside mu cyahoze ari perefegitura ya Butare mu majyepfo y’u Rwanda.
Uregwa we yiregura, yavuze ko muri jenoside yari umugore uheruka kubyara impanga kandi wari wongeye agatwita bityo atari afite intege zo kujya mu bwicanyi.
Amaze gusomerwa umwanzuro w’urukiko kuwa mbere nimugoroba, Madamu (…) -
Perezida wa Seychelles Ramkalawan yashimiye Kagame wongeye gutorwa, yizeza gukomeza ubufatanye
21 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Seychelles, Wavel Ramkalawan yishimiye intsinzi ya Kagame Paul uherutse gutorwa ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu ku majwi 99.18%, agaragaza ko bishimangira icyizere gikomeye Abanyarwanda bafitiye imiyoborere ye myiza.
-
Trump yategetse ko abagabo bigize abagore bafungirwa muri gereza z’abagabo
25 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yategetse ko imfungwa (abagore bavutse ari abagabo) bajya bashyirwa mu magereza y’abagabo kandi bakanahagarikirwa serivisi z’ubuvuzi zifitanye isano no guhindura igitsina.
-
Byakomeye! DJ Brianne yashinjwe gusambana na Miss Muyango no kumurarura
29 June 2025, by ISIMBI EstellaIby’i Nyarugenge ntibyoroshye umugani wa wa muhanzi wabiririmbye! Umuntu arahumbya gake yabumbura amaso agasanga ibintu byahinduye isura. Ubu noneho inkuru igezweho ni ivuga ukuntu DJ Brianne yagize uruhare mu isenyuka ry’urugo rwa Miss Muyango Claudine na Kimenyi Yves; bamaze iminsi badacana uwaka, ariko bagakomeza kubihisha. Mbese batwitse inzu bashaka guhisha umwotsi.
Umuryango.rw
Minisitiri Dr. Bizimana yavuze ko hari abagororwa babiba ingengabitekerezo ya Jenoside muri bagenzi babo
Abakozi babiri ba Ambasade ya Israel barasiwe i Washington, DC
Gaza: Hafi 30% by’abaturage bamara iminsi batariye
Rwamagana: Haravugwa ubushyamirane hagati y’Abagororwa n’ abasirikare n’abapolisi bwasize umwe akutse amenyo
Urujijo ku nkomoko y’ikimeze nk’igikoresho cy’ikivejuru cyanyuze mu isanzure rigaragiye Izuba
Mayor mushya wa rutsiro aremeza ko ntakibazo kidasanzwe yasanze kitari ukuziba icyuho
Perezida wa Seychelles Ramkalawan yashimiye Kagame wongeye gutorwa, yizeza gukomeza ubufatanye
Trump yategetse ko abagabo bigize abagore bafungirwa muri gereza z’abagabo
Byakomeye! DJ Brianne yashinjwe gusambana na Miss Muyango no kumurarura