Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yagaragaje ko iyo Mobutu Sese Seko wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo icyitwa Zaïre, yambura ingabo za Habyarimana Juvenal intwaro, atari gukurwa ku butegetsi mu 1997.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Museveni yasobanuye ubufasha Mobutu yahaye Habyarimana n’intagondwa z’Abahutu
30 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Amerika yatangiye gukoresha ubwato bwa drone mu ntambara na Iran
27 March, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’intambara muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko ingabo z’iki gihugu zatangiye gukoresha ubwato bwitwara mu ntambara ya Iran.
-
Imvura yaguye mu Ukuboza 2025 ni nke ugereranyije n’iyo mu bihe byabanje- Meteo Rwanda
7 January, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu cy’Iteganyigihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko mu kwezi k’Ukuboza kwa 2025 imvura yaguye yari hasi y’ikigero cy’isanzwe igwa mu kwezi gusoza umwaka, gukunze kurangwamo iri ku kigero cyo hejuru cyane.
-
Nsengiyumva Shemu na Ingabire Diane begukanye Race to Remember 2026
27 April, by ISHIMWE Jean de DieuNsengiyumva Shemu wa Java-InovoTec na Ingabire Diane wa Benediction Club, begukanye Isiganwa ry’amagare ryo kwibuka ku Nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ‘Race to Remember 2026’.
-
U Rwanda rugiye kwakira abandi barimu 160 baturutse muri Zimbabwe
21 December 2025, by ISIMBI EstellaU Rwanda rugiye kwakira abandi barimu b’inzobere 160 baturutse muri Zimbabwe binyuze mu masezerano yo guhana abarimu hagati y’ibihugu byombi.
-
Uko mbibona: Uganda yiteguye intambara, u Rwanda narwo ruriteguye, ese iyi ntambara irashoboka?
17 April 2019, by Joseph HakuzwumuremyiMu myaka ya za 90 habayemo byinshi byerekana ko harri umubano mwiza hagati ya Perezida Kagame na Perezida Museveni, umwe ayoboye Uganda undi ari umusilikali mukuru mu gisilikali cy’Ubuganda ariko wakivuyemo agatangizanya n’abandi banyarwanda urugamba wo kuboza igihugu.
-
APR FC yatomboye RS Berkane muri CAF Confederation Cup
26 October 2021, by Dusingizimana RemyIkipe ya APR FC yatomboye ikigugu Renaissance Sportive de Berkane yo muri Morocco mu mikino y’ijonjora rya nyuma ryo kwerekeza mu mikino y’amatsinda ya CAF Confederation Cup.
-
Polisi yateguje ifungwa ry’umuhanda kuri 40-Onatracom
3 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda yamenyesheje ko kuri uyu wa Kane tariki 04 Nzeri 2025, kuva saa tatu kugeza saa tanu, umuhanda ‘kuri 40 – Onatracom – kugaruka kuri 40’ uzaba ukorerwamo imyitozo yo kwitegura Shampiyona y’Isi y’Amagare.
-
Menya Amazina ndetse n’imyaka ya bana ba Zari The Bosslady, Slay Queen wa mbere mu karere ka Africa y’iburasirazuba
10 February 2025, by ISIMBI EstellaMbere yuko tugera ku bana be dore ibyibanze wamenya kuri Zari The Bosslady , uyu ni umugandekazi wabonye izuba taliki 23 nzeri mu mwaka w’i 1980, Uyu munsi afite imyaka 44 ya mavuko gusa mu kwezi kwa cyenda uyu mwaka akaba azuzuza imyaka 45 ya mavuko. mu buzima bwe Zari the bosslady Yashakanye n’umugabo we wa mbere witwa Ivan SSEMWANGA mu mwaka w’i 2004 urugo rwabo Imana yaruhaye umugisha gusa nyuma yaho mu mwaka w’i 2013 baje guhana gatanya burumwe anyura ize nzira gusa bemeranya kujya (…)
-
Iran na USA bari guterana amagambo aganisha mu ntambara nshya
21 April, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Donald Trump yavuze ko azakomeza gufunga ibyambu bya Iran ndetse icyo gihugu kizahura n’akaga gakomeye kugeza igihe kizemerera amasezerano y’amahoro, mu gihe Iran yavuze ko ifite andi mayeri y’intambara Amerika niramuka yongeye kuyigabaho ibitero nkuko byatangajwe na Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Iran, Mohammad Bagher Ghalibaf.
Umuryango.rw
Museveni yasobanuye ubufasha Mobutu yahaye Habyarimana n’intagondwa z’Abahutu
Amerika yatangiye gukoresha ubwato bwa drone mu ntambara na Iran
Imvura yaguye mu Ukuboza 2025 ni nke ugereranyije n’iyo mu bihe byabanje- Meteo Rwanda
Nsengiyumva Shemu na Ingabire Diane begukanye Race to Remember 2026
U Rwanda rugiye kwakira abandi barimu 160 baturutse muri Zimbabwe
Uko mbibona: Uganda yiteguye intambara, u Rwanda narwo ruriteguye, ese iyi ntambara irashoboka?
APR FC yatomboye RS Berkane muri CAF Confederation Cup
Polisi yateguje ifungwa ry’umuhanda kuri 40-Onatracom
Menya Amazina ndetse n’imyaka ya bana ba Zari The Bosslady, Slay Queen wa mbere mu karere ka Africa y’iburasirazuba
Iran na USA bari guterana amagambo aganisha mu ntambara nshya