Turahirwa Moses ukurikiranweho ibyaha byo kunywa urumogi, kurufatanwa ndetse no kurutunda, ubwo yari mu rubanza rw’ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo, yavuze ko yagiye gusakwa mu masaha y’igicuku bigatuma yanga gukingura akeka ko ari abagizi ba nabi baje kumutera, bituma abashinzwe umutekano bica urugi rw’inzu yabagamo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Moses yagiye gusakwa saa sita z’ijoro yanga gufungura baca urugi
7 May 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Umuganda ukwiye kureberwa mu kamaro kawo kurusha mu mafaranga
25 November 2025, by ISIMBI EstellaKu gicamunsi cyo ku wa Mbere tariki ya 24 Ugushyingo, Inteko rusange ya Sena yagejejweho na Komisiyo ya Politiki n’Imiyoborere raporo ku gikorwa cy’umuganda, mu kungurana ibitekerezo hagaragazwa ko umuganda utagombye kureberwa mu mafaranga ahubwo ukwiye kureberwa mu cyo umaze.
-
RSSB Tigers BBC na APR WBBC zegukanye FERWABA Super Cup 2026 (Amafoto)
7 February, by Angeline MUKANGENZIRSSB Tigers BBC yatsinze APR BBC amanota 78-68, APR WBBC itsinda REG WBBC amanota 75-62 zombi zegukana ‘FERWABA Super Cup 2026, yakinwaga ku nshuro ya kabiri.
-
U Rwanda rwiteguye kwakira impunzi, inzego zinyuranye ziri i Rubavu
27 January 2025, by Joseph IradukundaGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yiteguye kwakira impunzi zahungira mu Rwanda ziturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) kubera imirwano ihanganishije umutwe wa M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Leta ririmo na FDLR.
-
Bruce Melodie, Ariel Wayz, Kivumbi King mu basusurukije abitabiriye Kwita Izina 2025
5 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbahanzi Bruce Melodie, Ariel Wayz, Kivumbi King bari mu bahanzi basusurukije ibihumbi by’abantu bitabiriye umuhango wo Kwita Izina abana b’ingagi ku nshuro ya 20.
-
UEFA Champions League: PSG na Real Madrid zisanze muri kamarampaka
29 January, by ISHIMWE Jean de DieuMu ijoro ryo ku wa 28 Mutarama 2025, hakinwe imikino ya UEFA Champions League, yasize amakipe akomeye nka Paris Saint-Germain ifite igikombe giheruka, Real Madrid, Atletico Madrid, Inter Milan n’izindi, zisanze mu makipe agomba gukina kamarampaka kugira ngo agere muri ⅛.
-
Uburyo turyamamo ngo bufite icyo busobanura ku myitwarire yacu
29 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUbushakashatsi bwashyizwe ahagaragara n’ikinyamakuru The Daily buvuga ko imiryamire ya muntu ifite byinshi isobanura ku myitwarire ye iyo abyutse. Abantu bakunda kuryama bagaramye ngo babyuka mu gitondo bameze neza nta mavunane kandi bafite amerwe yo gutangira umunsi mushya.
-
Florentino Pérez yatorewe kuyobora Real Madrid kugeza mu 2029
20 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuFlorentino Pérez agiye gukomeza kuba Perezida wa Real Madrid kugeza mu 2029, nyuma y’uko igihe ntarengwa cyo gutanga kandidatire ku biyamamariza uyu mwanya kigeze ari we wenyine wayitanze, ahita yegukana uyu mwanya.
-
Ubushinwa bwongereye umuhate mu gutuma haba agahenge mu ntambara yo muri Iran
1 April, by Angeline MUKANGENZIUbushinwa na Pakistan byashyize ahagaragara gahunda igizwe n’ingingo eshanu igamije kugerageza kurangiza intambara muri Iran, gahunda irimo n’agahenge k’ako kanya no kongera gufungura umuhora wa Hormuz.
-
Ibura ry’akazi, abanebwe n’inkorabusa ni imwe mu mizigo ikomeye ku bukungu
10 December 2020, by Joseph HakuzwumuremyiIbarura rusange ryakozwe muri 2012 ryagaragaje ko ugereranyije abantu 100 bishingira/batunga abagera kuri 93 (age dependency ratio) batari mu myaka yo gukora. Ibi biteza impungenge cyane iyo usanze umubare utari muto w’abari mu myaka yo gukora ari abashomeri cyangwa batari ku isoko ry’umurimo.
Muri raporo ya 2019 igaragaza uko umurimo uhagaze mu Rwanda yasohowe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) yasohotse muri Werurwe uyu mwaka, igaragaza ko muri miliyoni zisaga cumi n’ebyiri (…)
Umuryango.rw
Moses yagiye gusakwa saa sita z’ijoro yanga gufungura baca urugi
Umuganda ukwiye kureberwa mu kamaro kawo kurusha mu mafaranga
RSSB Tigers BBC na APR WBBC zegukanye FERWABA Super Cup 2026 (Amafoto)
U Rwanda rwiteguye kwakira impunzi, inzego zinyuranye ziri i Rubavu
Bruce Melodie, Ariel Wayz, Kivumbi King mu basusurukije abitabiriye Kwita Izina 2025
UEFA Champions League: PSG na Real Madrid zisanze muri kamarampaka
Uburyo turyamamo ngo bufite icyo busobanura ku myitwarire yacu
Florentino Pérez yatorewe kuyobora Real Madrid kugeza mu 2029