Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu Murenge wa Busogo, Akarere ka Musanze, banenga bamwe mu bayobozi bo mu nzego zahoze ari iza Leta n’abihayimana, bavuga ko bagize uruhare mu kubiba amacakubiri aho kwigisha ubumwe bw’Abanyarwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Musanze: Abarokotse Jenoside banenga abayobozi n’abihayimana babibye amacakubiri
14 April, by ISIMBI Estella -
Gicumbi: Umwarimu w’imyaka 33 yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 3
7 July 2020, by Dusingizimana RemyUmwarimu witwa Ndamukunda Aimable wigishaga ku kigo cy’amashuri abanza cya GS Nyabishambi giherereye mu kagari ka Nyabishambi mu murenge wa Shangasha mu karere ka Gicumbi,yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’umukobwa waburaga ukwezi kumwe ngo yuzuze imyaka 4.
-
USA: Abantu 11 baterewe ibyuma mu iguriro
27 July 2025, by ISIMBI EstellaAbantu 11 bari mu iguriro muri Leta ya Michigan batewe ibyuma barakomereka, ukekwaho iki cyaha ahita atabwa muri yombi.
-
RDC izakira abimukira birukanywe na Amerika muri iki cyumweru
15 April, by ISIMBI EstellaMuri iki cyumweru, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo izakira abimukira b’abanyamahanga barenga 30 birukanywe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
26 January, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me KAGAME K.FESTO ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
Kinshasa: Abadepite bashaka kweguza Minisitiri w’Umutekano
14 April, by ISIMBI EstellaAbadepite bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bashaka kweguza Minisitiri w’Umutekano, Jacquemain Shabani Lukoo, kubera kunanirwa kurinda umutekano w’abaturage n’imitungo yabo.
-
Abana basaga 300 bari kumwe na ba Nyina mu Magororero
19 February, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Uburinganire n’iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) , yagaragaje ko kugeza ubu habarurwa abagore bafite abana bagera kuri 328 bari mu magororero ya Nyarugenge, Nyamagabe,Musanze na Ngoma.
-
Itangazo: KAMBANDA Julienne yasabye guhindura amazina akitwa NZASANGA KAMBANDA Julienne
23 September 2024, by UbwanditsiUwitwa KAMBANDA Julienne yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa NZASANGA KAMBANDA Julienne mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba ari ukugira amazina ari mu byangombwa -
DJ TOXXYK imbere y‘ubutabera: Ibyaha bine n‘ibihano byabyo
6 January, by ISIMBI EstellaUmuhanga mu kuvangavanga imiziki, Arnold Ishimwe uzwi nka Dj Toxxyk uherutse gutabwa muri yombi nyuma yo kugonga umupolisi agahita yitaba Imana, akurikiranyweho ibyaha bine, birimo icy’ubwicanyi budaturutse ku bushake. Dore ibi byaha byose n’ibihano biteganyirizwa
-
Ubwenge buhangano bugiye kwigishwa mu mashuri yisumbuye
20 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Uburezi (MINEDUC), iratangaza ko mu rwego rwo gushyigikira ubumenyi bufite ireme, mu mashuri yisumbuye n’ayigisha imyuga n’ubumenyi ngiro, hagiye gutangizwa kwiga amasomo ajyanye no gukoresha ubwenge buhangano (AI).
Umuryango.rw
Musanze: Abarokotse Jenoside banenga abayobozi n’abihayimana babibye amacakubiri
Gicumbi: Umwarimu w’imyaka 33 yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 3
USA: Abantu 11 baterewe ibyuma mu iguriro
RDC izakira abimukira birukanywe na Amerika muri iki cyumweru
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
Kinshasa: Abadepite bashaka kweguza Minisitiri w’Umutekano
Abana basaga 300 bari kumwe na ba Nyina mu Magororero
DJ TOXXYK imbere y‘ubutabera: Ibyaha bine n‘ibihano byabyo
Ubwenge buhangano bugiye kwigishwa mu mashuri yisumbuye