Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yashimangiye ko Ingabo z’u Rwanda zidashobora gukomeza urugamba rwo kurwanya iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, mu gihe inkunga y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi yahagarikwa, ndetse zigakomeza kujujubywa n’umuryango mpuzamahanga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Rwanda rwashyize umucyo ku byo kuvana Ingabo zarwo muri Mozambique
16 March, by Angeline MUKANGENZI -
Leon Mugesera yashinje umucamanza ko amwanga urubanza rurasubikwa
21 October 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa mbere taliki ya 21 Ukwakira 2019, nibwo Dr Léon Mugesera yagaragaye imbere y’Urukiko rw’Ubujurire i Kigali nyuma yo kutishimira igifungo yakatiwe nyuma yo guhamwa n’ibyaha gusa urubanza rwahise rusubikwa kubera ko yavuze ko umwe mu bacamanza b’urukiko rw’ubujurire witwa Kariwabo Charles amwanga bityo atagomba kuba mu bamuburanisha.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo wimukanwa
12 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuhesaha w’inkiko w’umwuga Me KAGAME K. Festo aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo wimukanwa
-
Basketball: U Rwanda rwegukanye umudali wa Feza mu Mikino Nyafurika y’abakina ari batatu
2 December 2024, by Joseph IradukundaIkipe y’Igihugu y’abagabo ya Basketball y’Abakina ari batatu yegukanye umudali wa Feza mu Mikino Nyafurika ya “FIBA 3X3 Africa Cup” yari imaze iminsi itatu ibera muri Madagascar.
-
TUYISHIME Jean Bosco yasabye guhindura amazina akitwa KARINGANIRE Steven
17 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwitwa Uwitwa TUYISHIME Jean Bosco yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa KARINGANIRE Steven mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa. itangazo riri hano “hasi” -
Kinshasa: Abasirikare n’abapolisi barasanye bikomeye
23 April, by Angeline MUKANGENZIKu wa 21 no ku wa 22 Mata 2026, abasirikare n’abapolisi ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bakorera muri Komini ya Makala i Kinshasa barasanye bikomeye.
-
Huye: Umusore yapfiriye mu bwiherero agiye gukuramo urukweto
29 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 28 Ukuboza 2024, humvikanye inkuru ibabaje y’urupfu rw’umusore wapfiriye mu bwiherero ubwo yafashaga umwana muto gukura urukweto rwe rwaguyemo nyuma yo kurakarirwa na nyina.
-
RIB yafunze umusore ukekwaho kwica mugenzi we bapfuye 300 Frw
29 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Umurenge wa Rongi mu Karere ka Muhanga bwashyikirije Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) umusore w’imyaka 27 ukekwaho kwica mugenzi we w’imyaka 19 bapfuye amafaranga 300 Frw.
-
Ibyago byo gusinzira amasaha ahindagurika
1 October 2024, by Joseph IradukundaInzobere mu buvuzi zigaragaza ko gusinzira mu masaha ahindagurika bigushyira mu byago byo kuba ubwonko bwawe butakaza ubushobozi bw’imikorere bikakuviramo ingaruka zirimo indwara zo kwibagirwa n’izo mu mutwe.
-
Bruce Melodie ashobora gusinya muri Africa Creative Agency; 1:55 AM ikamubera umwishingizi
13 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuririmbyi Itahiwacu Bruce uzwi nka Bruce Melodie ashobora gutangira igice gishya mu muziki, mu gihe yaba ashyize umukono ku masezerano n’inzu itunganya umuziki mpuzamahanga ya Africa Creative Agency (ACA), isanzwe ikorana n’ibyamamare nka Tyla na Nasty C.
Umuryango.rw
U Rwanda rwashyize umucyo ku byo kuvana Ingabo zarwo muri Mozambique
Itangazo rya cyamunara y’umutungo wimukanwa
Basketball: U Rwanda rwegukanye umudali wa Feza mu Mikino Nyafurika y’abakina ari batatu
TUYISHIME Jean Bosco yasabye guhindura amazina akitwa KARINGANIRE Steven
Huye: Umusore yapfiriye mu bwiherero agiye gukuramo urukweto
RIB yafunze umusore ukekwaho kwica mugenzi we bapfuye 300 Frw
Ibyago byo gusinzira amasaha ahindagurika
Bruce Melodie ashobora gusinya muri Africa Creative Agency; 1:55 AM ikamubera umwishingizi