Urukiko rwo mu Bubiligi rwemeje ko Umubiligi wahoze ari umudipolomate, Etienne Davignon, ufite aho ahuriye n’urupfu rwa Patrice Lumumba wabaye Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yaburanishwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Bubiligi bwemeye ko urubanza rw’abagize uruhare mu rupfu rwa Lumumba ruburanishwa
18 March, by ISIMBI Estella -
RIB yatangiye gukora iperereza kuri Minisitiri Gatete ukekwaho ibyaha birimo gukoresha nabi umutungo wa Leta
29 June 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB]rwatangiye iperereza Minisitiri w’ibikorwaremezo w’u Rwanda Amb. Claver Gatete ucyekwaho kunyereza umutungo wa leta.
-
Umukobwa muri Uganda bavuga ko yoherejwe n’u Rwanda kubanduza Covid19 atuye i Gikondo
23 March 2020, by Joseph HakuzwumuremyiTaliki 20/2/2020 ikinyamakuru Chimpreports cyo muri Uganda cyanditse ko inzego z’umutekano muri Uganda, ziburiwe n’izo mu Rwanda, ziri gushakisha Delphine Mushimiyimana waba warinjiye muri Uganda ariko akaba akekwaho kuba yarahuye n’umuntu wagaragayeho indwara Covid 19, bityo bigakekwa ko nawe yaba yaranduye.
-
Perezida Kagame yashimangiye ko hakenewe ubufatanye hagati ya Leta n’abaturage mu guharanira iterambere
3 July 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika yavuze ko hakenewe ubufatanye hagati ya leta n’abaturage kugira ngo imibereho myiza ya buri wese irusheho kuba myiza ndetse n’iterambere rirusheho kwihuta.
-
Rusizi: Gitifu wavuzweho gusambanya umugore yabaye ahagaritswe
15 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwatangaje ko Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Bugarama, yabaye ahagaritswe by’agateganyo kuko hari ibyo akurikiranyweho.
-
MINISPORTS yasabwe ibisobanuro ku mushinga wa Isonga usa n’udatanga umusaruro
20 February, by Angeline MUKANGENZIAbadepite babajije Minisitiri wa Siporo ku mushinga wa Isonga usa n’udatanga umusaruro bijyanye n’uko uvugwa, n’ingamba zihari zigamije gutuma ugaragaza impinduka zigarararira buri wese.
-
Amavubi yatunguranye yinjiza ibitego 3 mu izamu rya Guinea
3 January 2022, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu y’u Rwanda "Amavubi" itamenyereweho gutsinda ibitego byinshi,yanyagiye ibitego 3-0 Guinea mu mukino wa gicuti iyi kipe y’igihugu izwi nka Syli National yasabye mu rwego rwo gutegura igikombe cya Afurika kigiye kubera muri Cameroon.
Guinea yakiriwe kuri stade Amahoro i Remera ihahurira n’uruva gusenya kuko yanyagiwe ibitego 3-0 n’Amavubi mu mukino umunyezamu Adolphe wari uhamagawe bwa mbere mu Mavubi yigaragajemo cyane.
Amavubi yari yariye karungu yafunguye amazamu ku (…) -
Nyamasheke: Mayor w’ Akarere Yirukanye ku Mirimo ye Umukozi Ushinzwe Imibereho
25 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi w’akarere ka Nyamasheke Bwana Mupenzi Narcise yirukanye ku mirimo ye Ndanga Janvier wari umuyobozi ushinzwe imibereho y’abaturage mu karere kubera amakosa akomeye yakoze mu kazi, arimo no gutoteza umukozi mugenziwe abereye umuyobozi ndetse akagirwa inama kenshi ariko ntabyumve.
-
ONU yatoye yemera ko ubucakara bwakorewe Abanyafurika ari cyo ’cyaha gikomeye cyane cyibasiye inyokomuntu’
26 March, by Angeline MUKANGENZIInteko rusange y’Umuryango w’Abibumbye (ONU/UN) yatoye yemera ko ubucakara bwakorewe Abanyafurika mu gihe cy’ubucuruzi bw’abacakara bwambukiranyaga inyanja y’Atlantika ari cyo "cyaha gikomeye cyane cyibasiye inyokomuntu", intambwe abayishyigikiye bizeye ko izaharura inzira iganisha ku gukira ibikomere no guhabwa ubutabera.
-
Gen. Muhoozi ngo yiteguye kuyobora ingabo 100,000 za UPDF muri Israel
11 April, by Angeline MUKANGENZIUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yongeye kurikoroza nyuma yo gutangaza ko yiteguye kohereza muri Israel ingabo zibarirwa mu 100,000 zo kurinda kiriya gihugu.
Umuryango.rw
U Bubiligi bwemeye ko urubanza rw’abagize uruhare mu rupfu rwa Lumumba ruburanishwa
RIB yatangiye gukora iperereza kuri Minisitiri Gatete ukekwaho ibyaha birimo gukoresha nabi umutungo wa Leta
Rusizi: Gitifu wavuzweho gusambanya umugore yabaye ahagaritswe
MINISPORTS yasabwe ibisobanuro ku mushinga wa Isonga usa n’udatanga umusaruro
Amavubi yatunguranye yinjiza ibitego 3 mu izamu rya Guinea
Nyamasheke: Mayor w’ Akarere Yirukanye ku Mirimo ye Umukozi Ushinzwe Imibereho
Gen. Muhoozi ngo yiteguye kuyobora ingabo 100,000 za UPDF muri Israel