Gene Hackman uri mu bakinnyi ba filime bamamaye mu myaka yashize muri sinema ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yasanzwe mu rugo iwe n’umugore we bombi bapfuye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Gene Hackman wamamaye muri sinema n’umugore we bapfuye
28 February 2025, by ISIMBI Estella -
#Kwibuka31: Abanyapolitiki 21 bishwe bazizwa kurwanya umugambi wa Jenoside yakorewe Abatutsi
13 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu Rwibutso rwa Jenoside rwa Rebero, hari gusorezwa Icyumweru cy’Icyunamo, hazirikanwa abanyapolitiki bishwe bazizwa kurwanya umugambi wa Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.
-
Itangazo rya cyamunara ry’umutungo utimukanwa
9 January, by ISHIMWE Jean de DieuUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NSHIMYUMUKIZA EMILE ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
Soma itangazo rirambuye aho hasi….. -
Inyubako ya mbere ndende ku Isi yakubiswe n’inkuba
29 March, by Angeline MUKANGENZIImvura nyinshi ivanze n’umuyaga byibasiye bimwe mu bice by’Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu birimo n’Umujyi wa Dubai, bihateza umwuzure ndetse bituma inkuba ikubita agasongero k’inyubako ya mbere ndende ku Isi ya Burj Khalifa.
-
Nyuma y’ukwezi kumwe Lydia Jazmine yisubiyeho ku by’uko nta mugabo yifuza
6 January, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma yo kuvugwa mu nkundo zitandukanye akabihakana avuga ko nta mugabo yifuza, umuhanzikazi Lydia Jazmine wo mu gihugu cya Uganda uheruka i Kigali mu mushinga w’indirimbo na Bwiza yatangaje ko ubu nta mugabo afite icyakora ahamya ko yifuza uwaza mu buzima bwe bakibanira iteka ryose.
-
Amwe mu mateka ya Dr Francois Xavier Kalinda wagizwe Senateri
6 January 2023, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa 06 Mutarama 2023,Perezida Paul Kagame yashyize Dr Francois Xavier Kalinda muri Sena y’u Rwanda ngo asimbure Iyamuremye Augustin uherutse kwegura.
Bwana Kalinda yaherukaga guhagararira u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba.
Dr François Xavier Kalinda ashobora no gusimbura ku buyobozi bwa Sena Dr Iyamuremye Augustin.
Abinyujije kuri Twitter,uyu musenateri mushya yagize ati "Mbikuye ku mutima mfashe aka kanya kugirango nshimire (…) -
Kurwanya ivangura riterwa n’ibyiciro by’abantu bifatwa nk’ibigoye,ntibishoboka!
11 July 2025, by Joseph IradukundaAbantu batandukanye bahuriza ku kuvuga ko ivangura (descrimination) rishingiye ku byiciro by’imibereho n’ubuzima mu muryango nyarwanda, bidashoboka ko ryarwanywa ngo ricike burundu, cyane ko ari byo bishimangira agaciro umuntu ahabwa muri sosiyete bitewe n’icyo ayimariye.
-
RIB yerekanye 26 bakekwaho kwiba arenga miliyoni 30 Frw bakoresheje ikoranabuhanga
8 September 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abantu 26 bakekwaho gukora uburiganya bifashishije ikoranabuhanga, aho bari bamaze kwiba arenga miliyoni 30 Frw hagendewe ku batanze ibirego hagati ya Mata na Kanama 2025.
-
Leta ya RDC yanyanyagije amafaranga mu basirikare bayo na Wazalendo bari ku rugamba
21 February, by Angeline MUKANGENZIUbutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buri guha amafaranga abasirikare b’igihugu na Wazalendo bahanganiye n’ihuriro AFC/M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, hagamijwe gukomeza intambara.
-
Bénin: Romuald Wadagni yatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu
14 April, by Angeline MUKANGENZIKomisiyo y’Igihugu y’Amatora muri Bénin yatangaje ko umukandida watanzwe n’Ishyaka riri ku Butegetsi, Romuald Wadagni, ari we watsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu n’amajwi 94%.
Umuryango.rw
Gene Hackman wamamaye muri sinema n’umugore we bapfuye
#Kwibuka31: Abanyapolitiki 21 bishwe bazizwa kurwanya umugambi wa Jenoside yakorewe Abatutsi
Itangazo rya cyamunara ry’umutungo utimukanwa
Inyubako ya mbere ndende ku Isi yakubiswe n’inkuba
Nyuma y’ukwezi kumwe Lydia Jazmine yisubiyeho ku by’uko nta mugabo yifuza
Amwe mu mateka ya Dr Francois Xavier Kalinda wagizwe Senateri
Kurwanya ivangura riterwa n’ibyiciro by’abantu bifatwa nk’ibigoye,ntibishoboka!
RIB yerekanye 26 bakekwaho kwiba arenga miliyoni 30 Frw bakoresheje ikoranabuhanga
Leta ya RDC yanyanyagije amafaranga mu basirikare bayo na Wazalendo bari ku rugamba
Bénin: Romuald Wadagni yatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu