Ubuyobozi Bukuru bw’ingabo za Ukraine bwatangaje ko abasirikare b’u Burusiya 1.233.020 bamaze gupfira mu ntambara kuva ku wa 24 Gashyantare 2022.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ukraine yigambye kwica abasirikare miliyoni 1,2 b’u Burusiya
25 January, by ISIMBI Estella -
Perezida Kagame yongeye gushimangira icyazahura Afurika mu ruzinduko rwe muri Guinea
18 April 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yasuye igihugu cya Guinea [Conakry] mu ruzinduko rw’iminsi ibiri aho yashimangiye ko Ubufatanye bw’ibihugu aribwo bwazahura Afurika.
Perezida Kagame yakiriwe na mugenzi we w’inzibacyuho, Colonel Mamadi Doumbouya, akigera ku kibuga cy’indege i Conakry.
Yavuze ko yari amaze igihe yifuza gusura iki gihugu aherukamo kitarahindura Perezida.
Ati “ Najyaga ntekereza kuza kubasura no gusura igihugu cyanyu, ntibyankundira ariko ubu nishimiye ko nahageze. Nizeye ko ibiganiro (…) -
Imbamutima z’umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi nyuma yo gutsinda Grenada
28 March, by Angeline MUKANGENZIUmutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Stephen Constantine, yashimiye abakinnyi banyagiye Grenada ibitego 4-0, ababwira ko nta gusubira inyuma kuko ari intangiriro z’Amavubi mashya.
-
Hari amafaranga yavuye mu Bukerarugendo yasaranganyijwe imishinga 105 y’abaturiye parike z’igihugu
18 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUrwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwatangaje ko amafaranga y’u Rwanda arenga miliyari 3,2 Frw mu yavuye mu bukerarugendo, yateye inkunga imishinga 105 y’abaturiye parike mu 2024.
-
Nyabihu: Yagerageje kwiyahura kubera ko batamutekeye umureti
12 April, by ISIMBI EstellaTwizerimana Jean de Dieu w’imyaka 22 wo mu Karere ka Nyabihu arembeye kwa muganga, nyuma y’uko agerageje kwiyahura bitewe n’umujinya bikekwa ko wakuruwe n’uko iwabo banze kumutekera umureti n’ibirayi byo mu mavuta bizwi nk’ibya mucoma.
-
Umutoza Cheikh Sarr yatandukanye n’Ikipe y’Igihugu ya Basketball
18 September 2025, by ISIMBI EstellaUmutoza Dr Cheikh Sarr yatandukanye n’Ikipe y’Igihugu ya Basketball nyuma yo gusesa amasezerano ku bwumvikane.
-
FARDC na Wazalendo byafunze umuhanda uhuza Bukavu na Uvira
16 March, by ISIMBI EstellaIngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro ry’imitwe ya Wazalendo byafunze umuhanda uhuza umujyi wa Bukavu na Uvira mu ntara ya Kivu ya Kivu y’Amajyepfo.
-
Umuhungu wa Bobi Wine w’imyaka 20 yambitse impeta inkumi bitegura kurushinga
14 August 2025, by ISIMBI EstellaSolomon Kampala Nyanzi Kyagulanyi uherutse kuzuza imyaka 20 y’amavuko, yambitse impeta umukunzi we, Helen Jacquez bitegura kurushinga mu minsi iri imbere.
-
Umunyarwenya Cold Q wakunzwe cyane muri Uganda yapfuye
29 October 2024, by Joseph IradukundaUmunyarwenya wo muri Uganda Lwanga uzwi cyane nka Cold Q yitabye Imana azize indwara y’ubuhumekero yari amaranye igihe.
-
NBA: Pacers na Celtics zakomeje muri ½ cy’Imikino ya Kamarampaka
30 April 2025, by Joseph IradukundaIndiana Pacers yatsinze Milwaukee Bucks amanota 119-118, Boston Celtics itsinda Orlando Magic amanota 120-89, zombi zigera muri ½ cy’Imikino ya Kamarampaka muri NBA.
Umuryango.rw
Ukraine yigambye kwica abasirikare miliyoni 1,2 b’u Burusiya
Perezida Kagame yongeye gushimangira icyazahura Afurika mu ruzinduko rwe muri Guinea
Imbamutima z’umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi nyuma yo gutsinda Grenada
Hari amafaranga yavuye mu Bukerarugendo yasaranganyijwe imishinga 105 y’abaturiye parike z’igihugu
Nyabihu: Yagerageje kwiyahura kubera ko batamutekeye umureti
Umutoza Cheikh Sarr yatandukanye n’Ikipe y’Igihugu ya Basketball
FARDC na Wazalendo byafunze umuhanda uhuza Bukavu na Uvira
Umuhungu wa Bobi Wine w’imyaka 20 yambitse impeta inkumi bitegura kurushinga
Umunyarwenya Cold Q wakunzwe cyane muri Uganda yapfuye
NBA: Pacers na Celtics zakomeje muri ½ cy’Imikino ya Kamarampaka