Guhera ku italiki ya 29 Kamena kugeza ku ya 3 Nyakanga 2025, u Rwanda ruzakira itsinda ry’ingabo zizaturuka mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), bazaza mu bikorwa by’iterambere ry’ abaturage (EAC CIMIC Week).
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Rwanda rurakira Ingabo zo muri EAC zije mu bikorwa by’iterambere
27 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa agiye guhatwa ibibazo ku ihohoterwa ryakorewe abanyeshuri
14 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, François Bayrou, kuri uyu wa 14 Gicurasi, ategerejweho gutanga ibisobanuro imbere y’itsinda ry’abagize Inteko Ishinga Amategeko riri gukora iperereza ku bivugwa ko abana bo mu ishuri rya Notre-Dame de Bétharram bamaze igihe kinini bahohoterwa.
-
Abarwayi ba diyabete bamaze kwikuba kane ku Isi-OMS
14 November 2024, by Joseph IradukundaDiyabete cyangwa indwara y’igisukari ni imwe mu ndwara zitandura yibasira abatari bake ku Isi, aho mu gihe cy’imyaka 34 umubare w’abayirwaye wikubye 4.
-
Kinshasa: Umusirikare wo mu ngabo zirinda Perezida yishe bagenzi be batatu
15 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUmusirikare wo mu mutwe w’ingabo zirinda Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, GR (Garde Républicaine) yishe bagenzi be batatu bashinzwe imyitwarire (Police Militaire) bakoreraga mu mujyi wa Kinshasa.
-
Imirimo yo gusana Sitade ya Gicumbi yatangiye
5 November 2024, by Joseph IradukundaImirimo yo gusana Stade ya Gicumbi yatangiye kuri uyu wa Kabiri.
-
Prof Kalisa Mbanda wayoboraga NEC yahitanwe n’uburwayi
13 January 2023, by Dusingizimana RemyProf Kalisa Mbanda wari Umuyobozi wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yitabye Imana azize uburwayi butamaze igihe kinini.
Bamwe mu bakoranye na Prof Mbanda babwiye UMUSEKE dukesha iyi nkuru ko atari arembye, gusa ngo yari arwaye.
Charles Munyaneza, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, yabwiye UMUSEKE ko urupfu rw’uwari Umuyobozi we yarwumvise, ariko bisa n’ibitunguranye.
Ati “Ntabwo ndamenya neza uko byagenze, twavuganaga ambwira ko azajya gukoresha “check up” (…) -
Abasore bishimiye bidasanzwe itegeko rigena inkwano zizajya zihabwa umuryango w’umukobwa bamwe bagereranyije na Bundles za Internet
21 May 2019, by Martin MunezeroAshingiye ku itegeko nshinga rya repubulika y’u Rwanda, cyane cyane mu ngingo yayo ya 53, ashingiye ku itegeko no 42/1988 ryo ku wa 27 ukwakira 1988 rishyiraho interuro y’ibanze n’igitabo cya mbere cy’urwunge rw’amategeko mbonezamubano cyane cyane mu ngingo yayo y’i 168, ategetse, mu gihugu hose inkwano ni inyana cyangwa amafaranga atarenze ibihumbi cumi na bitanu , ihitamo muri byombi rigaharirwa umuryango w’umukobwa.
-
Urukiko rwumvise ugutakamba kwa Netanyahu ku byaha bya ruswa
30 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rw’Akarere ka Yeruzalemu rwafashe umwanzuro wo gusubika urubanza rwa Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, nyuma yo kubisaba ndetse agasabirwa imbabazi na Perezida Donald Trump wa Amerika.
-
Bolsonaro wayoboye Brésil yimuriwe muri gereza ‘imeze neza’
16 January, by Angeline MUKANGENZINyuma y’igihe yari amaze afungiye ku cyicaro gikuru cya polisi mu murwa mukuru Brasilia, Jair Bolsonaro wabaye Perezida wa Brésil yimuriwe muri gereza, imeze neza kurushaho.
-
Umutoza wa APR FC ntiyanyuzwe n’umubare w’ibitego batsinze Kiyovu sport irwaye
12 December 2024, by Joseph IradukundaUmutoza w’Ikipe ya APR FC Darco Novic avuga ko atishimiye intsinzi y’ibitego 3-0 batsinze Kiyovu Sports ku wa 11 Ukuboza 2024, kuko bari kuyitsinda ibitego birindwi cyangwa umunani.
Umuryango.rw
U Rwanda rurakira Ingabo zo muri EAC zije mu bikorwa by’iterambere
Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa agiye guhatwa ibibazo ku ihohoterwa ryakorewe abanyeshuri
Abarwayi ba diyabete bamaze kwikuba kane ku Isi-OMS
Kinshasa: Umusirikare wo mu ngabo zirinda Perezida yishe bagenzi be batatu
Imirimo yo gusana Sitade ya Gicumbi yatangiye
Prof Kalisa Mbanda wayoboraga NEC yahitanwe n’uburwayi
Urukiko rwumvise ugutakamba kwa Netanyahu ku byaha bya ruswa
Bolsonaro wayoboye Brésil yimuriwe muri gereza ‘imeze neza’
Umutoza wa APR FC ntiyanyuzwe n’umubare w’ibitego batsinze Kiyovu sport irwaye