Depite Kamanzi Ernest wari mu Nteko Ishinga Amategeko nk’uhagarariye Urubyiruko nawe yeguye ku mwanya we,aba Umudepite wa Gatatu weguye ku nshingano ze mu gihe kitageze ku mezi abiri.
Visi Perezida w’Umutwe w’Abadepite, Mussa Fazil Harerimana, yatangarije RBA ko uyu mudepite yeguye ku wa Gatatu, avuga ko ari ku mpamvu ze bwite.
Mu ibaruwa yandikiye Perezida w’umutwe wabadepite,yavuze ko yeguye ku mpamvu ze bwite ndetse aboneraho umwanya wo gushimira Perezida Kagame n’abanyarwanda (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Depite Kamanzi yeguye mu nteko ishinga amategeko nawe ashinjwa ubusinzi
29 December 2022, by Dusingizimana Remy -
FARDC na Wazalendo byongeye kurasana
15 October 2025, by ISIMBI EstellaIngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe witwaje intwaro uba mu ihuriro Wazalendo rishyigikiwe n’ubutegetsi bw’iki gihugu, byarasaniye mu ntara ya Maniema ku wa 14 Ukwakira 2025.
-
APR WBBC yahawe itike yo kwitabira ’Africa Women Basketball League’
18 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAPR WBBC yatahanye umwanya wa gatatu mu mikino y’Akarere ka Gatanu (Zone V) yabereye muri Zanzibar, yahawe itike yo kuzitabira imikino Nyafurika ya ‘Africa Women Basketball League’, mu gihe hari hasanzwe hitabira gusa abiri yageze ku mukino wa nyuma.
-
Byemejwe ko Liam Payne yanyoye uruvange rw’inzoga n’ibiyobyabwenge mbere yo gupfa
27 February 2025, by ISIMBI EstellaNyuma y’amezi atanu umuhanzi Liam Payne wamamaye mu itsinda rya ‘One Direction’ apfuye, hasohotse raporo igaragaza ko yari yanyoye inzoga ziri ku kigero cyo hejuru hamwe n’uruvange rw’ibiyobyabwenge.
-
Perezida Zelensky agiye gusubira i Washington
16 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yatangaje ko ku wa 18 Kanama 2025 azahura na Perezida wa Amerika Donald Trump mu biganiro bizibanda ku buryo bwo guhagarika intambara muri Ukraine.
-
Urujijo ku nkomoko y’ikimeze nk’igikoresho cy’ikivejuru cyanyuze mu isanzure rigaragiye Izuba
6 August 2025, by ISIMBI EstellaMu isanzure rigaragiye Izuba [système solaire], ku wa 1 Nyakanga 2025, ikoranabuhanga rya ATLAS rigizwe na telescope zitahura amabuye ashobora kugonga Isi, yabonye ikintu kitari gisanzwe, kigenda kidafite umurongo gikurikiza cyangwa ngo kigaragire imwe mu nyenyeri n’imibumbe iri ku Isi (orbit), cyiswe 3I/ATLAS.
-
Ibyemezo byose by’ inama y’ Abaminisitiri yemeje ko Kizito Mihigo na Ingabire Victoire UMUHOZA barekurwa
15 September 2018, by Nsanzimana ErnestInama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye ku wa Gatanu, tariki ya 14 Nzeri 2018, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
-
Macron na Putin bagiye kuganira ku guhagarika intambara ya Ukraine
6 January, by ISIMBI EstellaIbiro bya Perezida w’u Bufaransa byatangaje ko byakiriye neza icyifuzo cya Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, cyo kugirana ibiganiro na mugenzi we Emmanuel Macron ku ntambara ikomeje kubera muri Ukraine.
-
Rusesabagina yahishuye icyari kimujyanye I Burundi bikarangira yisanze I Kigali
19 September 2020, by Dusingizimana RemyMu minsi ishize nibwo Paul Rusesabagina yahishuye ko mbere y’uko afatwa yari agiye mu Burundi ariko nyuma aza kwisanga mu Rwanda rwamukurikiranagaho ibyaha by’iterabwoba byahitanye abantu benshi mu turere twa Nyaruguru na Nyamagabe.
-
Felix Tshisekedi n’abandi bakuru b’ibihugu bitabiriye inama ya Africa CEO Forum igiye kubera mu Rwanda [AMAFOTO]
25 March 2019, by Dusingizimana RemyAbakuru b’ibihugu bya Afurika barimo Perezida Félix Tshisekedi wa RDC, Sahle-Work Zewde wa Ethiopia, uwa Togo Faure Gnassingbé na Minisitiri w’Intebe wa Cote d’Ivoire, Amadou Gon Coulibaly bari mu Rwanda aho bitabiriye inama ya Africa CEO Forum 2019.
Umuryango.rw
Depite Kamanzi yeguye mu nteko ishinga amategeko nawe ashinjwa ubusinzi
FARDC na Wazalendo byongeye kurasana
APR WBBC yahawe itike yo kwitabira ’Africa Women Basketball League’
Byemejwe ko Liam Payne yanyoye uruvange rw’inzoga n’ibiyobyabwenge mbere yo gupfa
Perezida Zelensky agiye gusubira i Washington
Urujijo ku nkomoko y’ikimeze nk’igikoresho cy’ikivejuru cyanyuze mu isanzure rigaragiye Izuba
Macron na Putin bagiye kuganira ku guhagarika intambara ya Ukraine
Rusesabagina yahishuye icyari kimujyanye I Burundi bikarangira yisanze I Kigali