Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko kuri uyu munsi tariki ya 02 Gicurasi 2020,mu Rwanda habonetse abantu 6 bashya bagaragaweho ubwandu bwa Coronavirus. Abamaze kwandura iyo ndwara mu Rwanda bageze kuri 255. Uyu munsi kandi hanakize abantu 11 bityo abamaze gukira baba 120. Abakirwaye ni 135.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abantu 11 bakize Coronavirus mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu...Abandi bantu 6 basanganwa uburwayi
2 May 2020, by Dusingizimana Remy -
Ingo 60.000 muri miliyoni 2,9 zitunze imodoka mu Rwanda
27 May 2025, by Joseph IradukundaUbuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) buvuga ko ingo ibihumbi 60 mu zisaga miliyoni 2,9 zibarurwa mu Rwanda ni zo zitunze imodoka, zikaba zingana na 1.7%.
-
AFC/M23 yafunze ikirere cya Goma
26 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa AFC/M23 watangaje ko ikirere cy’umujyi wa Goma gifunzwe, ndetse isaba n’ingabo z’amahanga ziri gufatanya na FARDC, guhagarika kwica abaturage, kandi zigahita ziva ku butaka bw’icyo gihugu.
-
Perezida Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi muri Kazakhstan
28 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame yageze i Astana, umurwa mukuru wa Kazakhstan, ku wa Kabiri, tariki ya 27 Gicurasi, mu ruzinduko rw’akazi, aho biteganyijwe ko azanageza ijambo ku bitabiriye Inama Mpuzamahanga ya Astana (Astana International Forum).
-
U Burundi bwabwiye u Rwanda ko kuba bwaba bukorana na FDLR bitarureba
4 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta y’u Burundi biciye muri Reverien Ndikuriyo usanzwe ari Umunyamabanga w’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi, yatangaje ko u Rwanda rudakwiye kugaragaza impungenge zo kuba yaba ikorana n’umutwe wa FDLR, ngo kuko nta burenganzira rufite bwo kwivanga mu bibazo bya Congo.
-
Ibihugu icyenda birimo Uganda bigiye kwinjirira rimwe muri BRICS
25 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezidansi y’u Burusiya yatangaje ko kuva ku wa 1 Mutarama 2025 hari ibihugu bishya icyenda bizinjira mu muryango w’ubukungu wa BRICS, ariko ntibihabwe ubunyamuryango bwuzuye.
-
RDC: Inyeshyamba zarekuye abantu 161 ziherutse gushimuta
7 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe witwaje intwaro wa CODECO ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo warekuye abaturage 161 wari uherutse gushimuta mu ntara ya Ituri.
-
Abana bakoresha telefone mbere y’imyaka 13 bagira ibyago byo kwiyahura- Ubushakashatsi
3 November 2025, by ISIMBI EstellaUbushakashatsi bwakozwe ku ikoreshwa rya telefone mu bana ku Isi bwagaragaje ko abana bahabwa telefone mbere y’imyaka 13 baba bafite ibyago byinshi byo kugira ibitekerezo bibaganisha ku kwiyahura, ubwoba bukabije no kutiyizera.
-
Uwitwa NYINAWABAZIGABA Kacia yasabye guhindura amazina akitwa INEZA Kacia
15 January, by ISIMBI EstellaUwitwa NYINAWABAZIGABA Kacia yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa INEZA Kacia mu bitabo by’irangamimerere!
-
NABAHIRE Marthe yasabye guhindura amazina akitwa IRADUKUNDA Carine
22 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwitwa NABAHIRE Marthe yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa IRADUKUNDA Carine mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa. itangazo riri hano ““hasi””
Umuryango.rw
Abantu 11 bakize Coronavirus mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu...Abandi bantu 6 basanganwa uburwayi
Ingo 60.000 muri miliyoni 2,9 zitunze imodoka mu Rwanda
AFC/M23 yafunze ikirere cya Goma
Perezida Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi muri Kazakhstan
U Burundi bwabwiye u Rwanda ko kuba bwaba bukorana na FDLR bitarureba
Ibihugu icyenda birimo Uganda bigiye kwinjirira rimwe muri BRICS
RDC: Inyeshyamba zarekuye abantu 161 ziherutse gushimuta
Abana bakoresha telefone mbere y’imyaka 13 bagira ibyago byo kwiyahura- Ubushakashatsi
Uwitwa NYINAWABAZIGABA Kacia yasabye guhindura amazina akitwa INEZA Kacia
NABAHIRE Marthe yasabye guhindura amazina akitwa IRADUKUNDA Carine