Nkuko bisanzwe bisanzwe buri kwezi ntihajya habura ibidasanzwe bikuberamo haba ku mbuga nkoranyambaga no mu binyamakuru byo mu Rwanda bigacika,Aha tukaba twakusanyirije abasomyi b’UMURYANGO bimwe mu bihe by’ingenzi byavuzwe cyane mu binyamakuru ndetse no ku mbuga nkoranyambaga byo mu Rwanda mu kwezi gushize kwa Mata.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Bimwe mu bihe by’ingenzi byavuzwe cyane mu Rwanda mu kwezi kwa Mata harimo ifatwa rya Sankara,gushyira hanze ubwambure bw’abakinnyi, impano zitangaje,ubwishongozi bwa Gahongayire nibindi[AMAFOTO]
1 May 2019, by Martin Munezero -
Umubiligi w’imyaka 92 akurikiranyweho uruhare mu rupfu rwa Patrice Lumumba
18 June 2025, by ISIMBI EstellaUbushinjacyaha bw’u Bubiligi bwatangaje ko bushaka kuburanisha Umubiligi w’imyaka 92 y’amavuko ukekwaho uruhare mu rupfu rwa Patrice Lumumba wabaye Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu 1960.
-
Tanzania: Umushara fatizo wagejejwe ku arenga ibihumbi 260 Frw
2 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan yatangaje ko umushahara fatizo ku bakozi ba Leta yawuzamuyeho 35,1%, ugera ku mashilingi ibihumbi 500 (arenga gato ibihumbi 260Frw).
-
Ukraine Irigamba Gufatira Ku Rugamba Umusirikare Wa Koreya Ya Ruguru
27 December 2024, by Joseph IradukundaIngabo za Ukraine zivuga ko hari umusirikare wa Koreya ya Ruguru zafatiye ku rugamba yakomeretse. Si Ukraine yonyine ibyemeza ahubwo n’ubutegetsi bw’i Seoul muri Koreya y’Epfo burabyemeza. Bisanzwe bizwi ko Koreya y’Epfo itabanye neza na Koreya ya Ruguru kandi bimaze igihe.
-
Bobi Wine yavuze ko afite ibimenyetso by’uburiganya bwabaye mu matora ya Perezida
21 January, by Angeline MUKANGENZIUtavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine yavuze ko afite ibimenyetso bifatika bigaragaza uburiganya bwabaye mu matora y’Umukuru w’Igihugu yatsinzwemo na Yoweri Kaguta Museveni wari usanzwe ayobora icyo gihugu.
-
Impamvu BNR yongereye zahabu mu bwizigame bw’u Rwanda
10 June 2025, by ISIMBI EstellaBanki Nkuru y’u Rwanda (BNR) ifite gahunda yo kugura zahabu, ikaba ubundi buryo bwo kubika ubwizigame bw’u Rwanda ndetse no gukora ishoramari.
-
William Ruto wambaye inkweto bwa mbere ku myaka 15 yatorewe kuyobora Kenya -AMATEKA YE
15 August 2022, by Dusingizimana RemyWilliam Samoei Arap Ruto wari usanzwe Visi Perezida w’igihugu ni we wemejwe ko yatsinze amatora ya Perezida wa Repubulika muri Kenya aho yatsinze Raila Odinga watangiye kwiyamamariza uyu mwanya kuva muri 2007.
William Ruto yagize amajwi 50.49% mu gihe Raila Odinga wamukurikiye yagize 48.85%.
William Ruto yavutse kuwa 21 Ukuboza 1966 avukira ahitwa Kamagut muri Kenya ndetse n’umwe mu nararibonye zizi neza politiki ya Kenya.
Mu bwana bwe,yajyaga kwiga mu mashuri abanza nta kweto yambaye (…) -
Yatawe muri yombi kubera kwanga guhaguruka mu mwanya w’abafite ubumuga
9 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda yatangaje ko umufana wa Rayon Sports wagaragaye ku mukino wayihuje na APR FC yambitswe amapingu, yaziraga kwanga guhaguruka mu myanya y’abafite ubumuga muri Stade Amahoro.
-
Mu bukwe bwe, Vestine uririmbana na Dorcas bazamurikira abatumirwa indirimbo
1 July 2025, by ISIMBI EstellaUbukwe bw’umuhanzikazi Ishimwe Vestine, umwe mu baririmbyi b’amazina akomeye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, buzaba urwibutso rudasaza. Si ukuvuga gusa ku isezerano rizakorerwa imbere y’Imana, ahubwo ni uko muri uwo munsi w’ibyishimo, azahuriza hamwe urukundo n’ubusangirangendo mu muziki, amurika bwa mbere indirimbo ‘Emmanuel’, yakoranye na murumuna we Kamikazi Dorcas.
-
Bobi Wine yahishuye ko abashinzwe umutekano bamufashije guhunga
30 March, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Bobi Wine, yahishuye uko yahunze igihugu nyuma y’amatora y’umukuru w’igihugu yo ku itariki ya 15 Mutarama 2026, aho yemereye France 24 mu kiganiro baherutse kugirana, ko yahawe ubufasha n’abashinzwe umutekano mu buyobozi bwa Perezida Yoweri Museveni.
Umuryango.rw
Umubiligi w’imyaka 92 akurikiranyweho uruhare mu rupfu rwa Patrice Lumumba
Tanzania: Umushara fatizo wagejejwe ku arenga ibihumbi 260 Frw
Ukraine Irigamba Gufatira Ku Rugamba Umusirikare Wa Koreya Ya Ruguru
Bobi Wine yavuze ko afite ibimenyetso by’uburiganya bwabaye mu matora ya Perezida
Impamvu BNR yongereye zahabu mu bwizigame bw’u Rwanda
William Ruto wambaye inkweto bwa mbere ku myaka 15 yatorewe kuyobora Kenya -AMATEKA YE
Yatawe muri yombi kubera kwanga guhaguruka mu mwanya w’abafite ubumuga
Mu bukwe bwe, Vestine uririmbana na Dorcas bazamurikira abatumirwa indirimbo
Bobi Wine yahishuye ko abashinzwe umutekano bamufashije guhunga