Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, bikomeje kuvugwa ko ari kugerageza gushaka kugira uruhare mu itorwa rya Papa mushya, aho ashaka ko Umu-Cardinal w’Umufaransa ariwe wazatorwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Macron yashinjwe kwivanga mu itorwa rya Papa mushya
3 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
M23 yigaruriye Masisi Centre, FDLR irahunga
5 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 kuri uyu wa Gatandatu watangaje ko wigaruriye Centre ya Masisi, nyuma yo kuyirukanamo ihuriro ry’ingabo za Leta ya Congo ririmo FARDC na FDLR.
-
Akarere ka Ngoma kabaye aka mbere mu kwesa Imihigo ya 2024–2025
23 March, by Angeline MUKANGENZIAkarere ka Ngoma ko mu Ntara y’Iburasirazuba kaje ku mwanya wa mbere mu mihigo y’umwaka wa 2024–2025, kagize amanota 77.1%, bigaragaza uko kitwaye neza mu gushyira mu bikorwa gahunda zigamije iterambere ry’abaturage.
-
Buri kwezi impunzi 4500 zo muri Afurika y’Epfo zizajya zijyanwa muri Amerika
28 February, by Angeline MUKANGENZILeta Zunze Ubumwe za Amerika zirateganya ko buri kwezi, zizajya zisuzuma ibyangombwa by’impunzi 4.500 z’abazungu bakomoka muri Afurika y’Epfo bakajya gutura muri Amerika, nk’uko bigaragara mu nyandiko za guverinoma zagiye hanze ku wa 27 Mutarama 2026.
-
Vinícius Júnior agiye kugura ikipe muri Portugal
11 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuRutahizamu wa Real Madrid n’Ikipe y’Igihugu ya Brésil, Vinícius Júnior, ari mu biganiro byo kuba yagira ikipe ye mu mupira w’amaguru abinyujije mu kugura F.C. Alverca yo muri Portugal.
-
Musanze: Umusore w’imyaka 25 yasanzwe yapfuye amanitse mu mugozi
25 June 2025, by ISIMBI EstellaUmusore witwa Ishimwe Emmanuel, w’imyaka 25, wo mu Mudugudu wa Rebero, Akagari ka Nyabigoma, Umurenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze, yasanzwe yapfuye amanitse mu mugozi w’inka mu gikoni aho yararaga mu gikari cy’iwabo, aho bikekwa ko yaba yiyahuye.
-
Museveni yemereye buri Mudepite impano y’arenga miliyoni 40 Frw
16 April, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yemereye buri Mudepite uherutse gutorerwa kujya mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda, impano ya miliyoni 100 z’Amashilingi (hafi miliyoni 40 Frw).
-
Trump yohereje ubwato bwa nucléaire hafi y’u Burusiya kubera amagambo ya Medvedev
2 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yategetse ko ubwato bubiri bufite intwaro kirimbuzi bwoherezwa ahantu h’ingenzi kubera amagambo yavuzwe na Dmitry Medvedev wayoboye u Burusiya kuva mu 2008 kugeza mu 2012.
-
Kagame amenyesha amahanga ko agiye guhagarika Jenoside niba ntacyo bakoze
8 April 2025, by Angeline MUKANGENZITariki 8 Mata mu 1994 nibwo Gen. Maj. Paul Kagame wari uyoboye Ingabo zahoze ari iza RPA yamenyesheje amahanga ko agiye gufata icyemezo cyo guhagarika Jenoside yari yatangiye gukorerwa Abatutsi, niba ntacyo akoze.
-
Umushahara w’abajyanama ba Ruto wateje induru muri Kenya
15 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbagize Inteko Ishinga Amategeko ya Kenya bagaragaje ko batumva uburyo abajyanama ba Perezida William Ruto bahembwa miliyoni 1 y’Amashilingi (arenga miliyoni 11 Frw).
Umuryango.rw
Macron yashinjwe kwivanga mu itorwa rya Papa mushya
M23 yigaruriye Masisi Centre, FDLR irahunga
Akarere ka Ngoma kabaye aka mbere mu kwesa Imihigo ya 2024–2025
Buri kwezi impunzi 4500 zo muri Afurika y’Epfo zizajya zijyanwa muri Amerika
Vinícius Júnior agiye kugura ikipe muri Portugal
Musanze: Umusore w’imyaka 25 yasanzwe yapfuye amanitse mu mugozi
Museveni yemereye buri Mudepite impano y’arenga miliyoni 40 Frw
Trump yohereje ubwato bwa nucléaire hafi y’u Burusiya kubera amagambo ya Medvedev
Kagame amenyesha amahanga ko agiye guhagarika Jenoside niba ntacyo bakoze
Umushahara w’abajyanama ba Ruto wateje induru muri Kenya