APR WBBC yatahanye umwanya wa gatatu mu mikino y’Akarere ka Gatanu (Zone V) yabereye muri Zanzibar, yahawe itike yo kuzitabira imikino Nyafurika ya ‘Africa Women Basketball League’, mu gihe hari hasanzwe hitabira gusa abiri yageze ku mukino wa nyuma.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
APR WBBC yahawe itike yo kwitabira ’Africa Women Basketball League’
18 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
The Ben yajugunyiwe isutiye ku rubyiniro i Kampala
19 May 2025, by ISIMBI EstellaThe Ben yatunguwe n’umwe mu bafana be wamujugunyiye isutiye ari ku rubyiniro mu gitaramo yakoreye i Kampala ku wa Gatandatu tariki 17 Gicurasi 2025.
-
U Buholandi bugiye gukuba gatatu umubare w’abagize igisirikare cyabwo
22 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuU Buholandi buri kwiga ku mushinga mugari wo kwinjiza mu ngabo zabwo abasirikare benshi ku buryo bagera ku bihumbi 200 bavuye ku barenga ibihumbi 75 bafite ubu nk’uko imibare ya Minisiteri w’Ingabo y’iki gihugu kibarizwa mu muryango wo gutabarana wa OTAN ibigaragaza.
-
Gen Maj Nzabamwita yatanze kopi y’impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Burusiya
23 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGen Maj Joseph Nzabamwita ku wa 22 Mata 2025 yashyikirije Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wungirije w’u Burusiya, Mikhail Bogdanov, kopi y’impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda i Moscow.
-
Musanze: Polisi yaburijemo ibikorwa by’ubugizi bwa nabi, umwe ahasiga ubuzima
4 January, by ISIMBI EstellaMu ijoro rishyira kuri iki Cyumweru ubwo Polisi ikorera mu Karere ka Musanze yari mu bikorwa byo gucunga umutekano mu Mudugudu wa Gatare, Akagari ka Cyabararika, Umurenge Muhoza, yatabajwe kugira ngo iteshe abari barimo gukora ibikorwa bitemewe by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro.
-
Rayon Sports yakemuye ikibazo cya Youssou Diagne
5 August 2025, by Joseph IradukundaIkipe ya Rayon Sports yamaze kwishyura myugariro w’Umunya-Sénégal, Youssou Diagne, 1500$ (agera kuri miliyoni 2,1 Frw) yari imubereyemo, imusaba kwitabira imyitozo bitarenze ku wa Mbere, tariki ya 11 Kanama 2025.
-
DJ Brianne yakoze impanuka
15 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuDJ Brianne n’abo bari kumwe mu modoka, barokotse impanuka ikomeye ubwo bari baturutse mu Karere ka Rusizi berekeza i Kigali.
-
Kivu ya Ruguguru: Abakozi babiri ba MONUSCO bishwe n’impanuka
15 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo muri Kivu ya Ruguru, ‘Kitshanga’ haravugwa amakuru y’impanuka yahitanye ubuzima bwa’abakozi babiri ba MONUSCO.
-
Abasirikare barinda Tshisekedi barahiriye kurwanya Kabila
29 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbasirikare bo mu mutwe w’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zirinda Perezida Félix Tshisekedi (GR), barahiriye kurwanya Joseph Kabila wayoboye iki gihugu kuva mu 2001 kugeza mu 2019, mu gihe yagerageza gukuraho ubutegetsi buriho.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
9 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyasha abantu bose ko hatazangizwa ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa iherereye mu karere ka BUGESERA
Soma itangazo rirambuye…
Umuryango.rw
APR WBBC yahawe itike yo kwitabira ’Africa Women Basketball League’
The Ben yajugunyiwe isutiye ku rubyiniro i Kampala
U Buholandi bugiye gukuba gatatu umubare w’abagize igisirikare cyabwo
Gen Maj Nzabamwita yatanze kopi y’impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Burusiya
Musanze: Polisi yaburijemo ibikorwa by’ubugizi bwa nabi, umwe ahasiga ubuzima
Rayon Sports yakemuye ikibazo cya Youssou Diagne
DJ Brianne yakoze impanuka
Kivu ya Ruguguru: Abakozi babiri ba MONUSCO bishwe n’impanuka
Abasirikare barinda Tshisekedi barahiriye kurwanya Kabila
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa