Ku munsi wa mbere w’uruzinduko ari kugirira mu Rwanda, Didier Domi wakiniye Paris Saint Germain nka myugariro, yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, yunamira inzirakarengane zishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Didier Domi wakiniye PSG yunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi
7 July 2025, by ISIMBI Estella -
Amakuru kuri videwo ziteye ubwoba zo mu kirombe cyo muri Afurika y’Epfo
14 January 2025, by Joseph IradukundaVidewo ziteye ubwoba zagiye ahabona, zigaragaza akaga kari mu kirombe cya zahabu kitagikoreshwa cyo muri Afurika y’Epfo, aho amakuru avuga ko abacukuzi b’amabuye y’agaciro babikora mu buryo bunyuranyije n’amategeko bamaze amezi baba munsi muri icyo kirombe.
-
Chris Brown yikomye abamugereranya n’abandi bahanzi
30 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’umunyamerika Chris Brown, yihanangirije abafana ndetse n’abasesenguzi mu bijyanye n’imyidagaduro, abasaba guhagarika kumugereranya n’abandi bahanzi.
-
Perezida Kagame yasabye abayobozi bashya gukora mu nyungu z’Abanyarwanda gusa
19 March 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubilika y’u Rwanda Paul Kagame yasabye abayobozi kwirinda gukorera inyungu zabo no gukora ibintu uko babishaka. Yavuze ko ibikorwa byose bigomba kuba mu nyungu z’Abanyarwanda.
-
Urukiko rwateye utwatsi icyifuzo cya Diddy
10 June 2025, by ISIMBI EstellaAbanyamategeko ba P. Diddy bongeye gusaba inteko ibumuburanisha gutesha agaciro ikirego cye kubera amakosa akomeye yakozwe n’ubushinjacyaha n’abatangabuhamya; ariko urukiko rubitera utwatsi ruvuga ko urubanza rugomba gukomeza.
-
AFC/M23 yagennye abazayihagararira mu biganiro by’i Luanda
17 March 2025, by Joseph IradukundaUmuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko kuri uyu wa Mbere tariki 17 Werurwe 2025 intumwa zigizwe n’abagera kuri Batanu bazahagararira Ihuriro AFC/M23 berekeje i Luanda muri Angola ku kibazo cy’umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Bugesera: Ku myaka 77 arashinjwa gusambanya umwana w’imyaka 13
12 February 2025, by Joseph IradukundaUbushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwaregeye Urukiko rw’ibanze rwa Nyamata, dosiye y’umugabo w’imyaka 77 wasambanyije umwana w’umukobwa w’imyaka 13 y’amavuko, bumusabira gufungwa by’agateganyo.
-
Zanzibar yahagaritse imyiyereko ya ’Makachu’ yakururaga ba mukerarugendo
24 December 2024, by Joseph IradukundaZanzibar yahagaritse imyiyereko yakundaga kubera mu Muhanda ndangamateka wa Forodhani, yari izwiho kugaragaza imbyino n’imyitozo ngororamubiri yakururaga bamukerarugendo, bijyanye n’ubuhanga byakoranwaga.
-
U Rwanda rwatangiye ingamba zo gukumira icyorezo cya Marburg cyabonetse Tanzania
23 March 2023, by Dusingizimana RemyIkigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, kuri uyu wa Kane , tariki ya 23 Werurwe 2023,cyatangaje ko u Rwanda rwafashe ingamba zigamije gukumira icyorezo cya Marburg ku mipaka aho abinjira mu gihugu bava muri Tanzania aho iki cyorezo cyiri, babanza gupimwa umuriro.
Mu itangazo,RBC, yavuze ko ” Minisiteri y’ubuzima, yasabye abanyarwanda gukaraba kenshi n’amazi n’isabune cyangwa umuti wabugenewe, kwirinda gukora ingendo zitari ngombwa ahari iki cyorezo, umuntu wese ufite ibimenyetso by’iki cyorezo (…) -
U Burusiya:Hirukanwe abadipolomate 40 b’u Budage mu rwego kwihorera
26 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROMinisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Uburusiya yirukanye abadipolomate 40 b’Abadage nyuma y’ibyumweru bike gusa Berlin itangaje icyemezo cyo kwirukana umubare w’abakozi ba diplomasi b’Uburusiya.
Umuryango.rw
Didier Domi wakiniye PSG yunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi
Amakuru kuri videwo ziteye ubwoba zo mu kirombe cyo muri Afurika y’Epfo
Chris Brown yikomye abamugereranya n’abandi bahanzi
Urukiko rwateye utwatsi icyifuzo cya Diddy
AFC/M23 yagennye abazayihagararira mu biganiro by’i Luanda
Bugesera: Ku myaka 77 arashinjwa gusambanya umwana w’imyaka 13
Zanzibar yahagaritse imyiyereko ya ’Makachu’ yakururaga ba mukerarugendo
U Rwanda rwatangiye ingamba zo gukumira icyorezo cya Marburg cyabonetse Tanzania
U Burusiya:Hirukanwe abadipolomate 40 b’u Budage mu rwego kwihorera