Umugabo witwa Barafinda Sekikubo Fred wamenyekanye cyane ubwo yashakaga kwiyamamariza kuyobora u Rwanda yajyanwe mu bitaro bisuzuma indwara zo mu mutwe by’I Ndera mu Karere ka Gasabo bamusangana uburwayi butatangajwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ibitaro bya CARAES-Ndera byemeje ko Barafinda yasanganywe uburwayi
4 March 2020, by Dusingizimana Remy -
Abagera kuri 700 babonye akazi mu Mujyi wa Kigali binyuze muri JobNet
27 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmujyi wa Kigali watangaje ko urubyiruko rugera kuri 700 rwabonye akazi umwaka ushize wa 2024, binyuze mu rubuga ruhuza abatanga imirimo n’abayikeneye ‘Kigali JobNet’.
-
Inzira ya Hormuz yo muri Iran inyuzwamo Peteroli ijya mu Rwanda ishobora gufungwa
23 June 2025, by ISIMBI EstellaInteko Ishinga Amategeko ya Iran ku wa 22 Kamena 2025 yatoye icyemezo cyo gufunga inzira ya Hormuz inyuzwamo ibikomoka kuri peteroli, nyuma y’aho Leta Zunze Ubumwe za Amerika igabye ibitero ku bigo bitatu bitunganyirizwamo ingufu za nucléaire.
-
Prof Omar Munyaneza wayoboye WASAC yatawe muri yombi
8 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’Igihugu Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje rwataye muri yombi uwari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC Group), Prof Munyaneza Omar hamwe n’abandi bayobozi babiri.
-
Tshisekedi yanze ibyo gushyira AFC/M23 mu biganiro by’Abanye-Congo
31 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Félix Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yavuze ko Abanye-Congo badakeneye umuhuza kugira ngo bakemure amakimbirane bafitanye kandi ko kuyakemura bidasaba gufata intwaro.
-
Israel yabonye umurambo wa Mohammed Sinwar wari umuyobozi wa Hamas
9 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo za Leta ya Israel (IDF), zatangaje ko zabonye umurambo w’Umuyobozi w’Umutwe wa Hamas, Mohammed Sinwar, wiciwe mu gitero zagabye ku birindiro bya Hamas muri Gaza.
-
Icyo gihe: Taliki 25/11/1997 Mzee Kabila yagize Gen James Kabarebe Umugaba Mukuru w’Ingabo za Kongo-Kinshasa
25 November 2018, by Joseph HakuzwumuremyiTaliki 25/11/1997 nibwo Kabila (Muzehe) yashyizeho General James Kabarebe nk’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Kongo asimbuye kuri uyu mwanya Anselme Masasu Nindaga wahise anafungwa na Kabila.
-
U Buhinde bugiye gutangiza imyitozo y’ubwirinzi ku basivile
6 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta y’u Buhinde yategetse ko muri bice bimwe bigize igihugu hatangizwa imyitozo yo kwirindira umutekano igamije gutegura abaturage uko bakwitwara mu gihe cy’ibitero by’intambara.
-
Club World Cup: Atletico Madrid yananiwe kurenga amatsinda, PSG na Inter Miami zizikiranura muri 1/8
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAtletico Madrid yananiwe kurenga amatsinda y’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe, mu gihe Inter Miami yananiwe kuyobora itsinda izacakirana na Paris Saint-Germain mu mikino ya 1/8.
-
Mike Tyson yahombeje Drake asaga miliyoni 400Frw yari yamutegeye
18 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuraperi w’icyamamare Aubrey Drake Graham (Drake), yahombye Amadorali 335,000 (asaga miliyoni 400 Frw) nyuma y’uko yari yayategeye Mike Tyson gutsinda ku mukino w’iteramakofi wamuhuje na Jake Paul.
Umuryango.rw
Ibitaro bya CARAES-Ndera byemeje ko Barafinda yasanganywe uburwayi
Abagera kuri 700 babonye akazi mu Mujyi wa Kigali binyuze muri JobNet
Inzira ya Hormuz yo muri Iran inyuzwamo Peteroli ijya mu Rwanda ishobora gufungwa
Prof Omar Munyaneza wayoboye WASAC yatawe muri yombi
Tshisekedi yanze ibyo gushyira AFC/M23 mu biganiro by’Abanye-Congo
Israel yabonye umurambo wa Mohammed Sinwar wari umuyobozi wa Hamas
U Buhinde bugiye gutangiza imyitozo y’ubwirinzi ku basivile
Club World Cup: Atletico Madrid yananiwe kurenga amatsinda, PSG na Inter Miami zizikiranura muri 1/8
Mike Tyson yahombeje Drake asaga miliyoni 400Frw yari yamutegeye