Urwego Ngenzura Mikorere (RURA) rwategetse ibigo byose byaba ibya leta n’iby’abikorera ko bitarenze ku wa 15 Gashyantare 2025 bigomba kuba byashyizeho code zizwi nka USSD (akanyenyeri) zihuriweho mu korohereza abakiliya.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ibigo bikorera mu Rwanda byategetswe guhuza serivisi y’akanyenyeri
15 January, by Angeline MUKANGENZI -
"Nta muntu n’umwe uzi M23 abo aribo"-Perezida Ndayishimiye
22 December 2022, by Dusingizimana RemyPerezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko nta muntu uramenya neza abarwanyi ba M23 abo aribo muri RDC bityo hagenzurwa ubwenegihugu bwabo bamaze gushyira hasi intwaro.
Mu kiganiro kirambuye yagiranye n’Ikinyamakuru Jeune Afrique,Perezida Ndayishimiye unayoboye EAC muri iki gihe yavuze ku ngingo nyinshi zirimo Umutekano muri RDC,Manda y’ingabo z’akarere,Ububanyi n’amahanga,Inama ya Afurika na USA,nibindi.
Perezida Ndayishimiye yavuze ko kugera ku mahoro arambye muri RDC (…) -
Abaturage barishimye cyane - Trump yashimangiye ko yahagaritse intambara yo muri RDC
9 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashimangiye ko yahagaritse intambara yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kandi ngo abaturage barabyishimiye cyane.
-
Los Angeles: Abasirikare boherejwe na Trump guhangana n’abigaragambya barenze 4000
10 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Donald Trump agiye kohereza abandi basirikare 2700 kugira ngo bajye kunganira abandi 2000 bari baroherejwe mu Mujyi wa Los Angeles, kujya guhangana n’abigaragambya bamagana itabwa muri yombi ry’abimukira badafite ibyangombwa.
-
Indege y’igisirikare cya RDC yagurumanye ihitana abari bayirimo
30 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIndege y’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, yahiriye ku kibuga cy’indege cya Ndolo giherereye mu murwa mukuru, Kinshasa.
-
Perezida Kagame yashimye ibikorwa Ingabo z’Igihugu zakoze muri uyu mwaka
28 December 2019, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yashimiye ibikorwa ingabo z’igihugu zakoze muri uyu mwaka wa 2019 turi gusoza, ku ruhare rukomeye zagize mukubungabunga amahoro haba mu gihugu nderse no mu mahanga.
-
Museveni yimye Kabila inzira imujyana i Goma
10 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, biravugwa ko yangiye Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo guca ku butaka bw’igihugu cye, ajya mu mujyi wa Goma.
-
Rutsiro: Umusore yimanitse mu mugozi, hakekwa amadeni yatewe na ‘Betting’
23 October 2025, by ISIMBI EstellaTugirimana Martin w’imyaka 24 wakoreraga ubucuruzi mu Karere ka Rutsiro, yasanzwe amanitse mu mugozi muri butiki ye yapfuye, hakekwa ko yiyahuye kubera amadeni menshi yari afitiye abaturage, kubera gukunda imikino y’amahirwe izwi nka ‘betting’ akaribwa kenshi.
-
Yolande Makolo yanyomoje leta ya Congo ivuga ko ingabo z’u Rwanda ziri kwica Abanyekongo
17 May 2025, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma y’u Rwanda yanyomoje Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashatse kugereka ku Ngabo z’u Rwanda ubwicanyi n’ubundi bugizi bwa nabi bukomeje gukorerwa Abanyekongo.
-
Sudani y’Epfo: UPDF iravugwaho kurasa inyeshyamba ikoresheje intwaro z’ubumara
29 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgisirikare cya Uganda (UPDF), cyateye utwatsi amakuru ashinja ingabo zacyo ziri muri Sudani y’Epfo gukoresha intwaro z’ubumara.
Umuryango.rw
Ibigo bikorera mu Rwanda byategetswe guhuza serivisi y’akanyenyeri
"Nta muntu n’umwe uzi M23 abo aribo"-Perezida Ndayishimiye
Abaturage barishimye cyane - Trump yashimangiye ko yahagaritse intambara yo muri RDC
Los Angeles: Abasirikare boherejwe na Trump guhangana n’abigaragambya barenze 4000
Indege y’igisirikare cya RDC yagurumanye ihitana abari bayirimo
Museveni yimye Kabila inzira imujyana i Goma
Rutsiro: Umusore yimanitse mu mugozi, hakekwa amadeni yatewe na ‘Betting’
Yolande Makolo yanyomoje leta ya Congo ivuga ko ingabo z’u Rwanda ziri kwica Abanyekongo
Sudani y’Epfo: UPDF iravugwaho kurasa inyeshyamba ikoresheje intwaro z’ubumara