Guverinoma y’u Bubiligi yatangaje ko yafashe icyemezo cyo gutumiza by’agateganyo Ambasaderi wabwo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Roxane de Bilderling, nyuma y’aho urukiko rwa gisirikare rw’i Kinshasa rugumishijeho igihano cy’urupfu Umunye-Congo ufite ubwenegihugu bw’u Bubiligi, Jean-Jacques Wondo, yakatiwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Bubiligi bwatumijeho Ambasaderi wabwo muri RDC
28 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Huye: Umugabo yapfiriye mu kazi ko gucukura ubwiherero
30 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugabo witwaga Niyibizi Albert, uri mu kigero cy’imyaka iri hejuru ya 30 y’amavuko yapfiriye mu mwobo w’uburebure bwa metero 12 yacukuraga wari kuzaba ubwiherero.
-
Ayatollah Khamenei yasubije Trump ko Iran idakangika
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, yasubije Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ko igihugu cye kidakangika ku buryo cyakwemera kumanika amaboko imbere ya Israel.
-
The Rock yakomoje kubagabo bagira amarangamutima
16 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIcyamamare muri Sinema n’imikino yo gukirana, Dwayne ‘The Rock’ Johnson, yatunguye benshi ubwo yashimiraga abagabo babasha kuririra mu ruhame, ndetse avuka ko nta mugabo ukwiye kubinengerwa.
-
Batanu baturutse mu Rwanda birukanywe muri Australia
30 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbagabo batanu barimo Umunyarwanda n’Abanyekongo bane, birukanywe muri Australia binjiyemo mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu mwaka wa 2024.
-
Ncuti Gatwa yashyizwe mu kanama nkemurampaka k’irushanwa ‘Eurovision 2025’
5 May 2025, by ISIMBI EstellaMizero Ncuti Gatwa, umukinnyi wa filime w’Umunyarwanda uba mu Bwongereza uzwi cyane muri filime “Doctor Who”, agiye kugaragara mu irushanwa ryo kuririmba rya ‘Eurovision 2025’ nk’uhagarariye u Bwongereza mu gutangaza amanota.
-
Ngoma: Umukobwa w’imyaka 15 yishwe nyuma yo gusambanywa
12 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInzego z’umutekano mu Karere ka Ngoma ziri mu iperereza ku rupfu rw’umwana w’umukobwa w’imyaka 15, wari wagiye kwahira ubwatsi bw’inka, abantu bataramenyekana bakamusambanya mbere yo kumwica.
-
Rusizi: Polisi yangije litiro 800 z’inzoga zitujuje ubuziranenge
4 August 2025, by ISIMBI EstellaPolisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rusizi, ifatanyije n’inzego z’ubuyobozi bw’ibanze, bafashe abantu batanu benga inzoga z’inkorano.
-
Kiyovu Sports yisubije uwari umukinnyi wayo imukuye muri APR FC
23 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe ya Kiyovu Sports yisubije umukinnyi Rwabuhihi Placide wari umaze imyaka ine muri APR FC.
-
Kapiteni wa Rayon Sports yatangaje icyahindutse mu kipe, anaha ikizere abafana
26 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROMuhire Kevin usanzwe ari kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko biyemeje kwitanga birushishijeho ndetse asezeranya abafana kubaha ibyishimo mu gikombe cy’amahoro.
Umuryango.rw
U Bubiligi bwatumijeho Ambasaderi wabwo muri RDC
Huye: Umugabo yapfiriye mu kazi ko gucukura ubwiherero
Ayatollah Khamenei yasubije Trump ko Iran idakangika
The Rock yakomoje kubagabo bagira amarangamutima
Batanu baturutse mu Rwanda birukanywe muri Australia
Ncuti Gatwa yashyizwe mu kanama nkemurampaka k’irushanwa ‘Eurovision 2025’
Ngoma: Umukobwa w’imyaka 15 yishwe nyuma yo gusambanywa
Rusizi: Polisi yangije litiro 800 z’inzoga zitujuje ubuziranenge
Kiyovu Sports yisubije uwari umukinnyi wayo imukuye muri APR FC
Kapiteni wa Rayon Sports yatangaje icyahindutse mu kipe, anaha ikizere abafana