Bayern Munich yanyagiye Auckland City ibitego 10-0 mu mukino wabimburiye indi yo mu Itsinda C ry’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe kiri kubera muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
FIFA Club World Cup: Bayern Munich yatsinze ibitego 10-0, PSG ikosora Atlético Madrid
16 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
U Bwongereza: Minisitiri w’Ingabo yemeye ko Ingabo ayoboye zititeguye kurwana intambara
26 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ingabo w’u Bwongereza, John Healey, yatangaje ko Ingabo z’u Bwongereza zititeguye kurwana intambara ndetse ashimangira ko mu igenzura riherutse gukorwa, basanze Igisirikare kimeze nabi kurusha uko byatekerezwaga.
-
M23 yari yashyize hasi intwaro yarashweho na FARDC n’imitwe bafatanyije
16 December 2022, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23 wikomye ibitero by’ingabo za Congo,FARDC ifatanyije na Mai Mai,Nyatura na FDLR byagabwe ku bice igenzura bya Bwiza muri territoire ya Masisi.
M23 yavuze ko ibyo leta ya RDC yakoze yangije imyanzuro y’inama y’abakuru b’ibihugu yabereye I Luanda kuwa 23 Ugushyingo 2022.
Uyu mutwe watangaje ko ubona Leta ya Kinshasa idakozwa ibyo gushaka amahoro byemeranyijweho n’impande zombi.
Wavuze kandi ko watanze impuruza ko hari ubwicanyi buri gukorerwa inzirakarengane muri Bwiza (…) -
M23 yongeye kwihanangiriza ingabo za Loni n’iza SADC zivanze na FARDC
24 January 2025, by Joseph IradukundaUmutwe witwaje intwaro wa M23 wongeye kuburira ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) n’iz’umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SAMIDRC) ziri kwivanga mu ntambara iri kubera mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
-
Musanze: Inzu yafashwe n’inkongi, ibikoresho byose byarimo birakongoka
2 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInkongi y’umuriro yafashe inzu yacumbitswemo n’umuturage mu Kagari ka Cyabarika, Umurenge wa Muhoza, mu Karere ka Musanze, ikongora burundu ibikoresho byose byarimo.
-
AFC/M23 yagaragaje uburyo Leta ya RDC ikomeje kurenga ku gahenge
31 July 2025, by ISIMBI EstellaIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagaragaje ko bukomeje kurenga ku gahenge ka burundu impande zombi zemeranyijeho tariki ya 19 Nyakanga 2025.
-
Collège Inyemeramihigo yongeye kwibasirwa n’inkongi y’umuriro nyuma y’iminsi itatu
8 May 2025, by Joseph IradukundaIndi nyubako iraramo abanyeshuri mu ishuri ryisumbuye rya Collège de Gisenyi Inyemeramihigo riherereye mu Murenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu, yibasiwe n’inkongi y’umuriro kuri uyu wa 8 Gicurasi 2025.
-
Zelensky yigaramye miliyari 200$ Trump avuga ko Amerika yahaye igihugu cye
3 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Volodymyr Zelenskyy yatangaje ko atazi aho Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yakuye iby’uko iki gihugu cyahaye Ukraine inkunga ya miliyari 200$, avuga ko niba byaranabaye atazi irengero ry’ayo mafaranga.
-
Nyagatare:Abaturiye umupaka i Karama bashima ubuyobozi bwakumiriye Kanyanga
7 February, by Angeline MUKANGENZIAbaturage bo mu kagari ka Shonga mu Mudugudu wa Nyakanoni uhana imbibi n’ahitwa mu Karere ho mu gihugu cya Uganda bavuga ko bashima ubuyobozi bwashyizeho ingamba zo gukumira inzoga ya Kanyanga kuko yangiza ubuzima ndetse ikabuza abayinywa gukora ibibateza imbere.
-
"Nta muntu n’umwe uzi M23 abo aribo"-Perezida Ndayishimiye
22 December 2022, by Dusingizimana RemyPerezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko nta muntu uramenya neza abarwanyi ba M23 abo aribo muri RDC bityo hagenzurwa ubwenegihugu bwabo bamaze gushyira hasi intwaro.
Mu kiganiro kirambuye yagiranye n’Ikinyamakuru Jeune Afrique,Perezida Ndayishimiye unayoboye EAC muri iki gihe yavuze ku ngingo nyinshi zirimo Umutekano muri RDC,Manda y’ingabo z’akarere,Ububanyi n’amahanga,Inama ya Afurika na USA,nibindi.
Perezida Ndayishimiye yavuze ko kugera ku mahoro arambye muri RDC (…)
Umuryango.rw
FIFA Club World Cup: Bayern Munich yatsinze ibitego 10-0, PSG ikosora Atlético Madrid
U Bwongereza: Minisitiri w’Ingabo yemeye ko Ingabo ayoboye zititeguye kurwana intambara
M23 yari yashyize hasi intwaro yarashweho na FARDC n’imitwe bafatanyije
M23 yongeye kwihanangiriza ingabo za Loni n’iza SADC zivanze na FARDC
Musanze: Inzu yafashwe n’inkongi, ibikoresho byose byarimo birakongoka
AFC/M23 yagaragaje uburyo Leta ya RDC ikomeje kurenga ku gahenge
Collège Inyemeramihigo yongeye kwibasirwa n’inkongi y’umuriro nyuma y’iminsi itatu
Zelensky yigaramye miliyari 200$ Trump avuga ko Amerika yahaye igihugu cye
Nyagatare:Abaturiye umupaka i Karama bashima ubuyobozi bwakumiriye Kanyanga
"Nta muntu n’umwe uzi M23 abo aribo"-Perezida Ndayishimiye