Uburwayi bw’ibihaha bwatumye Umuholandi witwa Mathieu van der Poel wari buzitabire isiganwa mpuzamahanga rikomeye ribera mu Bufaransa ryitwa Tour de France abihagarika.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umuholandi Ukomeye Mu Gusiganwa Ku Magare Yivanye Muri Tour du Rwanda
22 July 2025, by Joseph Iradukunda -
Ben Moussa watoje APR FC yasinye nk’umutoza mushya wa Police FC
1 July 2025, by ISIMBI EstellaKuri uyu wa Kabiri, Umunya-Tunusia Ben Moussa El Kebil Abdessattar yasinyiye ikipe ya Police FC nk’umutoza wayo mushya asimbuye Mashami Vincent uheruka gusoza amasezerano.
-
Trump yasabye ko abatagira aho baba birukanwa i Washington DC
11 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ko abaturage batagira aho baba, birukanwa i Washington aho ibiro bye bibarizwa, bakajyanwa kure y’umujyi.
-
Urubyiruko rusanga 2000 rwitabiriye Igihango cy’Urungano
25 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUrubyiruko rusaga 2000 n’abayobozi mu nzego zinyuranye bahuriye mu Intare Conference Arena, ahagiye kubera Ihuriro Ngarukamwaka ry’Urubyiruko rizwi nk’Igihango cy’Urungano.
-
Umutoza w’Amavubi yasabye Abanyarwanda ku dasuzugura Djibouti
25 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmutoza w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Frank Torsten Spittler yagaragaje ko Abanyarwanda bari gusuzugura Djibouti kandi ari ikipe ikomeye.
-
ESE NINDE WISHE UMUHANZI TUPAC ?
17 February 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi Tupac ntazibagirana mu mateka ya muzika ndetse n’injyana ya Hip Hop muri rusange, kuva akiri umwana w’amezi macye munda ya Nyina afeni shakuru atera utugeri ,kugenda ukagera ubwo yari igitambambuga ugakomeza no mu bihe yari amaze kugimbuka , nta muntu numwe mubo bakuranye mu rusisiro rwa Baltimore mu mujyi wa Newyork watekerezaga ko hari umunsi inzoka irabagirana nk’uko izina rye ribisobanura, yashoboraga kuvamo igihangange akaba icyatwa ndetse izina rye rikamamara (…)
-
Birababaje Umugabo yamenye ko umugore we ari mushiki we nyuma y’imyaka 7 babana
29 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihugu cya Brazil, haravugwa inkuru idasanzwe y’umugore n’umugabo babanye imyaka irindwi, bafitanye umwana w’umukobwa, ariko nyuma bakaza gusanga ari abavandimwe bahuje nyina.
Abo ni Adriana na Leandro, bombi bakuriye mu buzima bugoye kuko bari barataye imiryango bakiri bato. Nyuma yo gukura, barahuye, barakundana, bakora ubukwe, bubaka urugo, ndetse barabyarana umwana.
Ibyo byose byaje guhinduka ku munsi umwe ubwo Adriana yitabiraga ikiganiro cya radiyo cyagenewe gufasha abantu (…) -
Bruce Melodie yaba aca amarenga yo gukorera igitaramo muri Stade Amahoro?
26 June 2025, by ISIMBI EstellaBruce Melodie yagaragaje ko mu minsi iri imbere ashobora kuzakorera igitaramo gikomeye muri Stade Amahoro, ndetse akayuzuza kandi amatike yanashize mbere y’igitaramo.
-
Ubushobozi bwa EU bwo gushyigikira Ukraine mu ntambara bushidikanywaho
12 August 2025, by ISIMBI EstellaUmuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) wiyemeje kongera ubufasha uha Ukraine mu gihe ikomeje intambara n’u Burusiya, ariko umusanzu witezweho gutanga ni muke ugereranyije n’uwo Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaga.
-
Netanyahu yashimangiye ko ari mu murongo mwiza wo gusenya Hamas
6 September 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko ingabo z’igihugu cyabo ziri mu nzira yo gusenya umutwe witwaje intwaro wa Hamas ugenzura Intara ya Gaza muri Palestine.
Umuryango.rw
Umuholandi Ukomeye Mu Gusiganwa Ku Magare Yivanye Muri Tour du Rwanda
Ben Moussa watoje APR FC yasinye nk’umutoza mushya wa Police FC
Trump yasabye ko abatagira aho baba birukanwa i Washington DC
Urubyiruko rusanga 2000 rwitabiriye Igihango cy’Urungano
Umutoza w’Amavubi yasabye Abanyarwanda ku dasuzugura Djibouti
ESE NINDE WISHE UMUHANZI TUPAC ?
Birababaje Umugabo yamenye ko umugore we ari mushiki we nyuma y’imyaka 7 babana
Bruce Melodie yaba aca amarenga yo gukorera igitaramo muri Stade Amahoro?
Ubushobozi bwa EU bwo gushyigikira Ukraine mu ntambara bushidikanywaho
Netanyahu yashimangiye ko ari mu murongo mwiza wo gusenya Hamas