Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda, MINICOM, yasabye abikorera gutanga serivisi inoze mu gihe u Rwanda ruzaba rwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare kuva tariki 21 kugeza tariki 28 Nzeri 2025.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Shampiyona y’Isi y’Amagare: Abikorera basabwe gutanga serivisi inoze
2 September 2025, by ISIMBI Estella -
Jennifer Lopez aravugwa mu rukundo n’umukinnyi wa filime Kevin Costner
16 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuJennifer Lopez aravugwa mu rukundo n’umukinnyi wa filime, Kevin Costner, nyuma y’iminsi mike ishize yemeranyijwe gatanya na Ben Affleck bari bamaze imyaka ibiri barushinze.
-
Bangkok: Inyubako y’amagorofa 30 yagwiriye abantu 43 [Amafoto]
28 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu wa Gatanu, inyubako y’amagorofa 30 yari ikiri kubakwa mu gace ka Chatuchak i Bangkok yahirimye nyuma y’umutingito ukomeye wari ku gipimo cya 7.7, aho yagwiriye abakozi 43.
-
Trump yemeje ko Amerika izakomeza guha Ukraine intwaro
8 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu cye kizakomeza kohereza intwaro muri Ukraine, nubwo Minisiteri y’Ingabo yari iherutse guhagarika zimwe mu ngendo z’izo ntwaro mu cyumweru gishize.
-
Ibihugu bitatu bya Afurika byimye Perezida wa Taiwan inzira
22 April, by Angeline MUKANGENZIIbirwa bya Seychelles, Maurice na Madagascar byanze ko indege ya Perezida Lai Ching-te wa Taiwan inyura mu kirere cyabyo, asubika uruzinduko yari afite muri Eswatini ku wa 24 Mata 2026 rwo kwifatanya n’Umwami Mswati III kwizihiza imyaka 40 amaze ku butegetsi.
-
Minisitiri Phiona Nyamutoro, umugore wa Eddy Kenzo yayoboye amashusho y’indirimbo ye nshya
19 April 2025, by ISIMBI EstellaUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ishinzwe Ubucukuzi bw’Amabuye y’Agaciro muri Uganda, Phiona Nyamutoro, yagaragaye mu ruhare rudasanzwe mu ruganda rw’imyidagaduro, ubwo yafashaga umugabo we Eddy Kenzo kuyobora amashusho y’indirimbo ye nshya yise “Nkulowozaako” yamaze kujya hanze.
-
TMC yasubije Platini uherutse kumushinja kumutererana
9 June 2025, by ISIMBI EstellaMujyanama Claude uzwi nka TMC, aho yari umwe mu bagize itsinda rya Dream Boys, yasubije Platini P baribanagamo, uherutse kumushinja kuba yaramutereranye.
-
Ukraine yizeye ko Mongoliya izafunga Putin witegura kuyigenderera
31 August 2024, by Joseph IradukundaUkraine yasabye Mongoliya guta muri yombi Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin mu ruzinduko rwe azagirira muri iki gihugu mu cyumweru gitaha.
-
Urujijo ku murongo muremure w’amakamyo bikekwa ko yikoreye intwaro yagaragaye mu Burundi
17 April, by ISIMBI EstellaKuva mu Ukuboza 2025, mu Burundi hinjiye amakamyo menshi yikoreye intwaro z’ubwoko butandukanye, bikekwa ko iki gihugu gishobora kuba kiri kwitegura intambara karundura.
-
Umutoza w’Amavubi yasabye Abanyarwanda ku dasuzugura Djibouti
25 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmutoza w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Frank Torsten Spittler yagaragaje ko Abanyarwanda bari gusuzugura Djibouti kandi ari ikipe ikomeye.
Umuryango.rw
Shampiyona y’Isi y’Amagare: Abikorera basabwe gutanga serivisi inoze
Jennifer Lopez aravugwa mu rukundo n’umukinnyi wa filime Kevin Costner
Bangkok: Inyubako y’amagorofa 30 yagwiriye abantu 43 [Amafoto]
Trump yemeje ko Amerika izakomeza guha Ukraine intwaro
Ibihugu bitatu bya Afurika byimye Perezida wa Taiwan inzira
Minisitiri Phiona Nyamutoro, umugore wa Eddy Kenzo yayoboye amashusho y’indirimbo ye nshya
TMC yasubije Platini uherutse kumushinja kumutererana
Ukraine yizeye ko Mongoliya izafunga Putin witegura kuyigenderera
Urujijo ku murongo muremure w’amakamyo bikekwa ko yikoreye intwaro yagaragaye mu Burundi
Umutoza w’Amavubi yasabye Abanyarwanda ku dasuzugura Djibouti