Indwara ya Cholera iterwa n’umwanda iri kwibasira benshi mu batuye i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Indwara Cholera ikomeje kuzahaza abatuye umugi wa Kinshasa
5 July 2025, by Joseph Iradukunda -
Umusore yabengeye umugeni muri Kiliziya kubera amabwire ya nyina
11 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Tunisia, umusore yabenze umugeni we bageze ku ruhimbi muri Kiliziya bagiye gusezerana, arigendera nyuma y’uko nyina w’uwo musore anenze umugeni, avuga ko ari mugufi cyane ndetse ko ari mubi ku buryo ataberanye n’umuhungu we.
-
Perezida KAGAME yahaye imbabazi imfungwa 32 zari zarakatiwe n’Inkiko
19 October 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika Paul KAGAME , yahaye imbabazi abantu 32 bari barakatiwe n’Inkiko. Ni mu gihe iteka rya Minisitiri ryemeje ko abandi 2,017 bari barakatiwe n’inkiko bafungurwa by’agateganyo .
-
Gicumbi: Meya yavuze ku kibazo cy’Umukuru w’Umudugudu yirukaniye mu Nteko y’Abaturage
8 February, by Angeline MUKANGENZIUbuyobozi bw’Akarere ka Gicumbi bwatangaje ko Hakizimana Pierre Célestin wayoboraga Umudugudu wa Rurembo mu Murenge wa Mukarange, uherutse gutakarizwa icyizere mu Nteko y’Abaturage, ubu yamaze gukurwa muri izo nshingano ndetse azasimbuzwa vuba.
-
Man City ishobora gukurwaho amanota 100
15 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuManchester City ishobora gukurwaho amanota 100, nyuma y’urubanza rw’ikinyejana hagati yayo na Premier League iyishinja kurenga ku mategeko agena ikoreshwa ry’umutungo inshuro 115.
-
Katy Perry yatandukanye na Orlando Bloom
26 June 2025, by ISIMBI EstellaKaty Perry na Orlando Bloom batandukanye mu gihe bari bagiye kumarana imyaka 10 babana nk’umugabo n’umugore, aho banabyaranye umwana w’umukobwa, n’ubwo bari batarasezerana.
-
Perezida Trump yasanganywe indwara y’imitsi
18 July 2025, by ISIMBI EstellaIbiro by’Umukuru w’Igihugu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ‘White House’ byatangaje ko Perezida Donald Trump afite indwara y’imitsi imutera kubyimba amaguru.
-
Trump yemeje ko Amerika izakomeza guha Ukraine intwaro
8 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu cye kizakomeza kohereza intwaro muri Ukraine, nubwo Minisiteri y’Ingabo yari iherutse guhagarika zimwe mu ngendo z’izo ntwaro mu cyumweru gishize.
-
Nyanza: Abagororwa bitabajwe mu rubanza rwa Munyenyezi
25 June 2025, by ISIMBI EstellaMunyaneza Jean Damascène Alias Saddam na Nshimiyimana Jean Damascène bafungiye mu Igororero rya Huye, batanze amakuru ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi Munyenyezi Béatrice akurikiranyweho.
-
U Burusiya bwashinje u Bufaransa umugambi mushya wo guhirika ubutegetsi bwinshi muri Afurika
3 February, by Angeline MUKANGENZIUrwego rw’u Burusiya rushinzwe iperereza ryo mu mahanga, SVR, rwatangaje ko rufite amakuru yizewe agaragaza ko Leta y’u Bufaransa ifite umugambi wo guhirika ubutegetsi bwinshi itifuza muri Afurika.
Umuryango.rw
Indwara Cholera ikomeje kuzahaza abatuye umugi wa Kinshasa
Umusore yabengeye umugeni muri Kiliziya kubera amabwire ya nyina
Perezida KAGAME yahaye imbabazi imfungwa 32 zari zarakatiwe n’Inkiko
Gicumbi: Meya yavuze ku kibazo cy’Umukuru w’Umudugudu yirukaniye mu Nteko y’Abaturage
Man City ishobora gukurwaho amanota 100
Katy Perry yatandukanye na Orlando Bloom
Perezida Trump yasanganywe indwara y’imitsi
Trump yemeje ko Amerika izakomeza guha Ukraine intwaro
Nyanza: Abagororwa bitabajwe mu rubanza rwa Munyenyezi
U Burusiya bwashinje u Bufaransa umugambi mushya wo guhirika ubutegetsi bwinshi muri Afurika