Bamwe mu bakongomani batuye mu Bubiligi bishoye mu mihanda mu Mujyi wa Buruseli basaba Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi gufatira ibihano bikakaye igihugu cy’u Rwanda n’umutwe ya M23 ugenzura Umujyi wa Goma n’ibindi bice bya Kivu zombi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abanyekongo batuye mu Bubiligi bigaragambije basabira u Rwanda ibihano
5 February 2025, by Pacifique NKURUNZIZA -
Kugorwa no kugera mu Rwanda byatumye Perezida Chapo yifuza ko hatangizwa ingendo Kigali-Maputo
28 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Mozambique, Daniel Chapo Yagaragaje ko atumva impamvu mbere yo kugera i Kigali yabanje guca Addis Ababa muri Ethiopia, agaragaza ko hakwiye gutangizwa ingendo zihuza u Rwanda na Maputo nta handi zinyuze.
-
UEFA Europa League: Manchester United na Tottenham Hotspur zageze ku mukino wa nyuma
9 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuManchester United yageze ku mukino wa nyuma wa Europa League itsinze Athletic Club ibitego 4-1, iyisezerera ku giteranyo cy’ibitego 7-1 mu mikino ibiri, ikazahura na Tottenham yatsinze Bodoe/Glimt ibitego 2-0, ikayisezerera ku giteranyo cy’ibitego 5-1.
-
Amerika: Sena ntiyumva uko nta wigeze aryozwa uburangare mu iraswa rya Trump
14 July 2025, by ISIMBI EstellaSena ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko kuraswa kwa Donald Trump ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza kwaturutse ku burangare, isaba ko ubutaha hazajya habaho ibihano ku bashinzwe kurinda umukuru w’igihugu igihe bakoze amakosa nk’aya.
-
Ibyurugendo rw’abagore batandatu barimo Katy Perry boherejwe mu isanzure
15 April 2025, by ISIMBI EstellaKaty Perry ari mu itsinda ry’abagore batandatu boherejwe mu isanzure n’ikigo cy’Umunyemari Jeff Bezos gikora ibijyanye n’ibyogajuru cyitwa Blue Origin.
-
OMS yashinje Israel kugaba igitero ku nyubako yarimo abakozi bayo muri Gaza
22 July 2025, by Joseph IradukundaIshami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, ryashinje Israel kugaba ibitero ku nyubako yari irimo abakozi bayo n’imiryango yabo muri Gaza.
-
Perezida Museveni yavuze ko yakwifatanya n’abari mu myigaragambyo baramutse bayikoze mu mahoro
26 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yatangaje ko abari kwigaragambya muri icyo gihugu bamagana ruswa no kunyereza umutungo wa Leta, baramutse babikoze mu mahoro bagakorana na polisi yakwifatanya na bo ariko ko kugeza ubu abayirimo bagamije ikibi bakaba bazanatamazwa n’inkiko.
-
Basketball: U Rwanda rwasoje imikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika rutsinda Gabon
25 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’Igihugu y’u Rwanda ya Basketball yatsinze iya Gabon amanota 90-63 iba intsinzi ya mbere rubonye mu mukino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika.
-
Umugore ufite Tatuwaje umubiri wose yatangaje isi
27 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAmber w’imyaka 28 uzwi nka “Dragon Girl,” yashyize hanze ifoto itangaje y’uko yari ameze afite imyaka 20 atari yashyira tatuwaje ku umubiri we wose, ibintu byatangaje abamubonye.
Uyu mugore w’umunyamideli ukomoka i Brisbane ubu afatwa nk’umugore ufite tatuwaje nyinshi cyane aho 99% by’umubiri we batakagijwe n’ibishushanyo.
Amber yatangaje ko amaze gushora arenga $280,000 arenga miliyoni 300 Frw mu gushyiraho izo tatuwaje ku mubiri we.
Mu myaka icyenda ishize yagiye ahindura isura (…) -
Wa "Mugore" Perezida Kagame yababariye yari yarakatiwe imyaka 10 y’igifungo azira kumusebya
20 May 2020, by Dusingizimana RemyKuwa Mbere tariki ya 18 Gicurasi 2020 hateranye Inama y’Abaminisitiri yayobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yafatiwemo imyanzuro itandukanye yo koroshya izindi ngamba zafashwe kubera Covid-19, gushyiraho inzego zitandukanye n’abayobozi bashya ndetse imfungwa 51 zarimo umuntu umwe wibajijweho na benshi zababariwe na Perezida Kagame.
Umuryango.rw
Abanyekongo batuye mu Bubiligi bigaragambije basabira u Rwanda ibihano
Kugorwa no kugera mu Rwanda byatumye Perezida Chapo yifuza ko hatangizwa ingendo Kigali-Maputo
UEFA Europa League: Manchester United na Tottenham Hotspur zageze ku mukino wa nyuma
Amerika: Sena ntiyumva uko nta wigeze aryozwa uburangare mu iraswa rya Trump
Ibyurugendo rw’abagore batandatu barimo Katy Perry boherejwe mu isanzure
OMS yashinje Israel kugaba igitero ku nyubako yarimo abakozi bayo muri Gaza
Perezida Museveni yavuze ko yakwifatanya n’abari mu myigaragambyo baramutse bayikoze mu mahoro
Basketball: U Rwanda rwasoje imikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika rutsinda Gabon
Umugore ufite Tatuwaje umubiri wose yatangaje isi