Umuhanzikazi w’icyamamare ku Isi, Mariah Carey w’imyaka 56, yagaragaje ko atemera ibijyanye no kubara imyaka cyangwa kwizihiza isabukuru y’amavuko, ahubwo yibanda ku byishimo byo kubaho, akavuga ko “atajya yemera isaha cyangwa uko igihe gihita.”
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Mariah Carey yahishuye impamvu atizihiza isabukuru y’amavuko
17 June 2025, by ISIMBI Estella -
Namushatse tuba mu nzu y’ibihumbi 20 Frw- Clapton ku mugore we washyize itafari kuri filime yamuritse ’Deceiver’
30 June 2025, by ISIMBI EstellaMugisha Emmanuel, uzwi cyane nka Clapton Kibonge, ni umwe mu bakinnyi ba filime bamaze kumenyekana cyane mu Rwanda kubera uruhare yagize mu gukundisha benshi sinema nyarwanda. Uyu mugabo usigaye anatunganya filime, yagaragaje ishimwe rikomeye afitiye umugore we Ntambara Jacky, amwita “inkingi y’urugendo” rwe mu ruganda rwa filime.
-
Bamwe mu bashinja Diddy bari barahishe imyirondoro batangiye kwigaragaza
8 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAnna Kane wahoze ari umugore wa Evander Kane wamamaye mu mukino wa NHL, yabaye uwa mbere wigaragaje mu ruhererekane rw’abari baratanze ibirego bashinja P.Diddy kubahohotera ntibagaragaze amazina yabo.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
19 December 2024, by UbwanditsiMe Kagame k. Festo umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko azagurisha muri cyamunara binyuze mu buryo bw’ikoranabuhanga umutungo ugizwe n’inzu yo guturamo iherereye mu karere ka Kicukiro.
Soma itangazo rirambuye…. -
Perezida Macron yamaganye abakomeje kwibasira umucamanza wakatiye Sarkozy gufungwa
29 September 2025, by ISIMBI EstellaPerezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yamaganye bikomeye abibasiye umucamanza wakatiye igifungo uwahoze ari Perezida, Nicolas Sarkozy, ku byaha bifitanye isano no kwakira amafaranga ya Muammar Gaddafi wayoboraga Libya ngo azamufashe mu bya politiki.
-
Rwatubyaye Abdoul yavuze ko aba-Rayons ari indashima
4 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwahoze ari kapiteni wa Rayon Sports mu 2023, Rwatubyaye Abdoul, yavuze ko abafana b’iyi kipe batanyurwa kabone n’ubwo wabaha ibyishimo bingana gute.
-
Macron yahishuye ko Ukraine yiteguye guhagarika intambara nta mananiza
27 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko Ukraine yiteguye guhagarika intambara ihanganyemo n’u Burusiya nta mananiza.
-
Adel Amrouche ntakiri Umutoza w’Amavubi
14 January, by ISIMBI EstellaUmunya-Algeria Adel Amrouche wari Umutoza Mukuru w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ’Amavubi’ yasezerewe muri izi nshingano nyuma y’amezi 10 kubera kutuzuza amasezerano y’akazi.
-
Rayon yemeje ko yatandukanye na rutahizamu wabonwaga nk’ahazaza hayo
23 January, by ISIMBI EstellaRayon Sports yatangaje ko yatandukanye na rutahizamu w’Umunya-Mali, Adama Bagayogo, wari umwe mu bakinnyi bafatwaga nk’ahazaza ha Gikundiro, nyuma y’imyaka ibiri ayikinira.
-
Lubero: Abana hafi 200 bamaze kwinjizwa mu mitwe y’inyeshyamba ku ngufu
28 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmakuru aturuka muri Libero aravuga ko abana bagera ku ijana binjijwe mu gisirikare n’inyeshyamba kuva mu mpera za 2024 nkuko imiryango itegamiye kuri leta ivuga ishimangira ko n’abanyeshuri bavanwe mu byabo n’imirwano na bo binjizwa mu nyeshyamba ku gahato.
Umuryango.rw
Mariah Carey yahishuye impamvu atizihiza isabukuru y’amavuko
Namushatse tuba mu nzu y’ibihumbi 20 Frw- Clapton ku mugore we washyize itafari kuri filime yamuritse ’Deceiver’
Bamwe mu bashinja Diddy bari barahishe imyirondoro batangiye kwigaragaza
Perezida Macron yamaganye abakomeje kwibasira umucamanza wakatiye Sarkozy gufungwa
Rwatubyaye Abdoul yavuze ko aba-Rayons ari indashima
Macron yahishuye ko Ukraine yiteguye guhagarika intambara nta mananiza
Adel Amrouche ntakiri Umutoza w’Amavubi
Rayon yemeje ko yatandukanye na rutahizamu wabonwaga nk’ahazaza hayo
Lubero: Abana hafi 200 bamaze kwinjizwa mu mitwe y’inyeshyamba ku ngufu