Perezida wa Pologne, Karol Nawrocki, yavuze ko ajya agirana ibiganiro n’umuzimu wa Jozef Pilsudski wabaye Umuyobozi wa Repubulika ya Kabiri ya Pologne hagati ya 1926 na 1935, akaba yari azwiho kutavuga rumwe n’Abasoviyete.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida wa Pologne ’avugana’ n’abapfuye
1 October 2025, by ISIMBI Estella -
Bamwe bashaka ko icibwa burundu: Impaka mu Nteko ku gusoresha imikino y’amahirwe
29 April 2025, by ISIMBI EstellaBamwe mu badepite bagaragaje ko imikino y’amahirwe itari ikwiye gushyirirwaho imisoro, ahubwo yari ikwiye gukumirwa mu kurengera ubuzima bw’Abaturarwanda.
-
Kamonyi: Site ikosorerwaho ibizamini bya Leta yafashwe n’inkongi y’umuriro
25 July 2025, by Joseph IradukundaInkongi y’umuriro yafashe zimwe mu nyubako z’ishuri ryisumbuye ryitiriwe Mutagatifu Marie Adélaide rya Gihara, riri kwifashishwa nka site yo gusoreraho ibizamini bya Leta byo mu mashuri yisumbuye, ku bw’amahirwe ihoshwa itarangiza ibintu byinshi, ndetse itanageze ahabikwa ibizamini.
-
Gicumbi: Uwishe nyina n’uwatemye umugore we mu mutwe baburanishirijwe mu ruhame
11 November 2025, by ISIMBI EstellaUmusore w’imyaka 29 wo mu Karere ka Gicumbi mu Murenge wa Bukure uherutse kwivugana nyina umubyara n’undi mugabo watemaguye umugore we ariko ntapfe baburanishirijwe mu ruhame mu rwego rwo kwamagana ibyaha nk’ibyo.
-
Min. Nduhungirehe yashyikirije Perezida wa Tchad Déby ubutumwa bwa Perezida Kagame
16 July 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb Nduhungirehe Olivier yashyikirije Perezida wa Repubulika ya Tchad, Maréchal Mahamat Idriss Déby Itno, ubutumwa bwihariye bwa Perezida Kagame, mu rwego rwo gushimangira umubano mwiza n’ubufatanye hagati ya Tchad n’u Rwanda.
-
Zelensky arabizi ko ari gutsindwa - Senateri Tommy Tuberville wa Amerika
10 June 2025, by ISIMBI EstellaUmusenateri muri Sena ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika uhagarariye Alabama, Tommy Tuberville, yavuze ko Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, azi neza ko adashobora gutsinda intambara ahanganyemo n’u Burusiya ku bwe, bityo akaba ari gushaka kuyizanamo umuryango wa OTAN.
-
Umusore wishwe n’impanuka muri Canada azashyingurwa mu Rwanda
7 October 2025, by ISIMBI EstellaUmuryango wa Landry Cyusa Rutabayiro, umusore w’Umunyarwanda w’imyaka 30 witabye Imana ku Cyumweru tariki 05 Ukwakira 2025 azize impanuka muri Canada, watangaje ko watangiye gahunda yo kumuzana gushyingurwa mu Rwanda
-
Angola yemeje ko igiye kohereza ingabo mu duce M23 igenzura
13 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAngola kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Gashyantare 2025, yemeje ko mu mpera z’iki cyumweru izohereza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ingabo zo “gufasha mu bikorwa byo kugarura amahoro.”
-
Elon Musk yasabye ko abayobozi ba Amerika bajya bakorerwa isuzuma ryo mu mutwe rihoraho
23 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyemari Elon Musk akaba n’Umuyobozi w’urwego rushinzwe kugira inama Ibiro by’Umukuru w’Igihugu ku ngingo zimwe na zimwe, yatangaje ko abayobozi mu nzego za Leta, abashoramari n’abandi bakwiye kujya bakorerwa isuzuma rigaragaza imbaraga n’ubushobozi bafite ku byerekeye imitekerereze no gufata imyanzuro.
-
Breaking: Korea ya Ruguru iravugwaho kurasa ibisasu bya rutura byahagurukije Ibihugu by’ibituranyi
9 April, by ISHIMWE Jean de DieuIbihugu birimo Korea y’Epfo n’u Buyapani, biratangaza ko Korea ya Ruguru yarashe ibisasu bya ballistic missile biraswa kure, bikemeza ko Ingabo z’ibi Bihugu zirwanira mu mazi, ziryamiye amajanja.
Umuryango.rw
Perezida wa Pologne ’avugana’ n’abapfuye
Bamwe bashaka ko icibwa burundu: Impaka mu Nteko ku gusoresha imikino y’amahirwe
Kamonyi: Site ikosorerwaho ibizamini bya Leta yafashwe n’inkongi y’umuriro
Gicumbi: Uwishe nyina n’uwatemye umugore we mu mutwe baburanishirijwe mu ruhame
Min. Nduhungirehe yashyikirije Perezida wa Tchad Déby ubutumwa bwa Perezida Kagame
Zelensky arabizi ko ari gutsindwa - Senateri Tommy Tuberville wa Amerika
Umusore wishwe n’impanuka muri Canada azashyingurwa mu Rwanda
Angola yemeje ko igiye kohereza ingabo mu duce M23 igenzura
Elon Musk yasabye ko abayobozi ba Amerika bajya bakorerwa isuzuma ryo mu mutwe rihoraho
Breaking: Korea ya Ruguru iravugwaho kurasa ibisasu bya rutura byahagurukije Ibihugu by’ibituranyi