Uwitwa Uwitwa NYIRASAFARI Liliane yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa UWASE Batsinduka Liliane Darras mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa. itangazo riri hano hasi
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
NYIRASAFARI Liliane yasabye guhindura amazina akitwa UWASE Batsinduka Liliane Darras
17 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Umuturage wa Nyamasheke afunzwe azira kwiba inkoko no gukoresha urumogi
4 February 2025, by Joseph IradukundaSibomana Jean Bosco w’imyaka 27, afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Shangi mu Karere ka Nyamasheke nyuma yo gufatanwa inkoko yibye arimo azigurisha mu isoko rya Bushenge, yabajijwe ibyangombwa banamusaka bareba niba nta kindi yaba yibye bamusangana udupfunyika 15 tw’urumogi.
-
Ruhango: Uwaretse akazi i Burayi yoroye ingurube zimwinjiriza miliyoni 18 Frw ku kwezi
18 February, by ISIMBI EstellaUwamariya Alvera, utuye mu Karere ka Ruhango, Umurenge wa Byimana, ni umuhinzi mworozi waretse akazi yakoraga ku mugabane w’u Burayi agaruka mu Rwanda, kuri ubu ibyo bikorwa akora, avuga ko bimwinjiriza asaga miliyoni 18 z’amafaranga y’u Rwanda nyamara aho mu mahanga atarabashaka kuyakorera.
-
Minisitiri w’Intebe w’u Burundi yananiwe gusobanura impamvu z’ibura rya peteroli
12 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Intebe w’u Burundi, Gervais Ndirakobuca, yasabye imbabazi Abadepite bagize Inteko Ishinga Amategeko y’iki gihugu ubwo bamubazaga aho ikibazo cy’ibura rya peteroli kigeze gikemuka.
-
Nyagatare: Umugabo yishe umugore we n’abana be babiri, nawe ariyahura
9 June 2025, by ISIMBI EstellaUmugabo w’imyaka 65 wari utuye mu Karere ka Nyagatare, yishe umugore we n’abana babo babiri, arangije ariyahura.
-
Rusizi: Umwana wigaga mu 2 primaire utwite inda y’ amezi 3 yashukishijwe 100 Frw
3 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmwana w’umukobwa wigaga mu mwaka wa kabiri w’amashuri abanza wo mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi kuri ubu atwite inda y’amezi atatu yatewe n’umusore wamushukishije igiceri cy’amafaranga ijana y’u Rwanda ,ubuyobozi bw’aka karere butangaza ko bugiye gufasha uyu mwana dore ko yanataye ishuri.
-
Minisitiri Dr Utumatwishima yakebuye urubyiruko ruhangana n’abakuru barugira inama
6 February, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’ubuhanzi Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yakebuye anibutsa urubyiruko kwirinda guterana amagambo n’umuntu ubaruta, igihe abagiriye inama kuko ari imyitwarire iranga umwana utararezwe.
-
Uganda: Urukiko rwakatiye imyaka 40 y’igifungo uwahoze ari umuyobozi muri LRA
26 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatanu, itariki 25 Ukwakira 2024, urukiko rwo muri Uganda rwakatiye uwahoze ari umuyobozi mu mutwe w’inyeshyamba za Lord Resistance Army (LRA) igifungo cy’imyaka 40.
-
Abanyamusanze biteze inyungu ku muhango wo Kwita Izina abana b’ingagi
21 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbaturage, abikorera ndetse n’abafatanyabikorwa batandukanye bavuga ko biteze kungukira cyane mu munsi udasanzwe w’ubukerarugendo, ubwo hazaba umunsi wo Kwita Izina abana b’ingagi.
-
Ngoma: Yahumye amaso yombi umugabo amutana abana batatu ubu babayeho nabi
16 July 2018Mu 2010 amaze guhuma amaso yombi umugabo we yahise amuta, ubu amaze imyaka umunani (8) mu buzima bugoye cyane n’abana batatu yitaho wenyine kandi atabona, ibyo kurya babikesha abaturanyi, ntaho kuryama bagira, nta bwiherero bukwiye, nta mazi…nta buzima nibura bw’ibanze. Hejuru y’ibi ari mu kiciro cya gatatu cy’Ubudehe gituma nta nkunga y’abakene yahabwa na Leta.
Umuryango.rw
NYIRASAFARI Liliane yasabye guhindura amazina akitwa UWASE Batsinduka Liliane Darras
Umuturage wa Nyamasheke afunzwe azira kwiba inkoko no gukoresha urumogi
Ruhango: Uwaretse akazi i Burayi yoroye ingurube zimwinjiriza miliyoni 18 Frw ku kwezi
Minisitiri w’Intebe w’u Burundi yananiwe gusobanura impamvu z’ibura rya peteroli
Nyagatare: Umugabo yishe umugore we n’abana be babiri, nawe ariyahura
Minisitiri Dr Utumatwishima yakebuye urubyiruko ruhangana n’abakuru barugira inama
Uganda: Urukiko rwakatiye imyaka 40 y’igifungo uwahoze ari umuyobozi muri LRA
Abanyamusanze biteze inyungu ku muhango wo Kwita Izina abana b’ingagi
Ngoma: Yahumye amaso yombi umugabo amutana abana batatu ubu babayeho nabi