Itahiwacu Bruce yashimiye cyane Ziggy 55 wamufashije guhindura indirimbo “When She’s Around” yakoranye na Shaggy, igashyirwa mu Gifaransa isohoka yitwa "Quand Elle Est Là”.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amashimwe ya Bruce Melodie kuri Ziggy 55 wamufashije guhindura “When She’s Around”
24 July 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Dj Toxxyk agiye kugezwa imbere y’Urukiko
6 January, by ISIMBI EstellaArnold Ishimwe uzwi nka DJ Toxxyk wubatse izina mu kuvanga imiziki agiye kugezwa imbere y’urukiko ngo aburanishwe ku byaha akurikiranyweho.
-
Iran yavuze ko itigeze igambirira gusiba Israel ku ikarita
22 July 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi, yavuze ko igihugu cye kitigeze kigira umugambi wo gusenya burundu Israel.
-
Ndabizeza ko ari njye mwicaranye hano - Perezida Kagame yatanze ukuri ku bashidikanya ku buzima bwe
4 July 2025, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yashimangiye ko ari muzima ndetse agaragaza ko atumva impamvu kuba yarwara cyangwa akagira ikibazo cy’ubuzima bishobora kuba ikintu kidasanzwe kandi na we ari ikiremwamuntu.
-
Kuki umushahara wanjye utakigura ibyo nkeneye kandi baranyongeje ?
23 October 2018, by Alphonse BikorimanaAbantu benshi bakunda kwibaza impamu uko imyaka ishira, ibintu bidenda bihenda, ku buryo bugaragara , bamwe bakibaza niba byaba biterwa n’amafaranga yabaye menshi abandi bagakeka ko ari uguta agaciro kwayo.
-
Kivu y’Amajyepfo: Imitwe ya Wazalendo yongeye gusubiranamo
18 September 2025, by ISIMBI EstellaImitwe igize ihuriro Wazalendo rishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yongeye gusubiramo ipfa santere ya Mwenga mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
-
RBC yatangaje ko umuti urinda kwandura SIDA wa Lenacapavir uzatangira gukoreshwa muri uyu mwaka wa 2026
15 January, by Angeline MUKANGENZIIkigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko Guverinoma ifite gahunda yo gutangira gutanga umuti wa Lenacapavir Yeztugo, urinda kwandura Virusi itera Sida wa Lenacapavir mu gihembwe cya nyuma cya 2026.
-
Kamonyi: Howo na Fuso zagonze bisi abantu 9 barakomereka
4 February, by Angeline MUKANGENZIAbantu 9 bakomerekeye mu mpanuka yabereye mu Karere ka Kamonyi, mu Murenge wa Runda,ahazwi nko ku Ruyenzi, aho imodoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange izwi nka Twegerane (Toyota Hiace) yagonze ikamyo ya Howo yavaga Kigali yerekeza mu Majyepfo ndetse n’iya Fuso iyigonga iyiturutse inyuma irangiraka.
-
Kinshasa: Abakekwaho ubujura barenga ibihumbi 7 bafunzwe
6 January, by ISIMBI EstellaUbutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buvuga ko kuva mu Kuboza 2025, bumaze guta muri yombi, abantu barenga ibihumbi umunani basanzwe bakora ibikorwa by’ubugizi bwa nabi n’ububandi.
-
Igisirikare cya Sudani kirukanye RSF mu bice hafi ya byose bya Khartoum
27 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatatu, itariki 26 Werurwe, Ingabo za Sudani zirukanye ingabo bahanganye za Rapid Support Force mu bice hafi ya byose by’Umurwa Mukuru birimo Khartoum rwagati, nk’uko byemejwe n’abaturage, ubwo Umuyobozi w’ingabo yazengurukaga ingoro ya perezida ndetse n’ikibuga cy’indege, ibyo bikaba byerekana intsinzi ikomeye ku gisirikare cy’igihugu nubwo intambara yagutse bikigaragara ko itararangira.
Umuryango.rw
Amashimwe ya Bruce Melodie kuri Ziggy 55 wamufashije guhindura “When She’s Around”
Dj Toxxyk agiye kugezwa imbere y’Urukiko
Iran yavuze ko itigeze igambirira gusiba Israel ku ikarita
Ndabizeza ko ari njye mwicaranye hano - Perezida Kagame yatanze ukuri ku bashidikanya ku buzima bwe
Kivu y’Amajyepfo: Imitwe ya Wazalendo yongeye gusubiranamo
RBC yatangaje ko umuti urinda kwandura SIDA wa Lenacapavir uzatangira gukoreshwa muri uyu mwaka wa 2026
Kamonyi: Howo na Fuso zagonze bisi abantu 9 barakomereka
Kinshasa: Abakekwaho ubujura barenga ibihumbi 7 bafunzwe
Igisirikare cya Sudani kirukanye RSF mu bice hafi ya byose bya Khartoum