Urubanza u Rwanda rwarezemo u Bwongereza kutubahiriza amasezerano y’imikoranire impande zombi zari zifitanye ku bijyanye n’abimukira ruzatangira kuburanishwa ku wa 18 Werurwe 2026.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Urubanza rw’u Rwanda n’u Bwongereza ku kibazo cy’amasezerano y’abimukira rwahawe itariki
27 February, by Angeline MUKANGENZI -
Nyuma y’ukwezi kumwe Lydia Jazmine yisubiyeho ku by’uko nta mugabo yifuza
6 January, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma yo kuvugwa mu nkundo zitandukanye akabihakana avuga ko nta mugabo yifuza, umuhanzikazi Lydia Jazmine wo mu gihugu cya Uganda uheruka i Kigali mu mushinga w’indirimbo na Bwiza yatangaje ko ubu nta mugabo afite icyakora ahamya ko yifuza uwaza mu buzima bwe bakibanira iteka ryose.
-
Kigali: Abagabo babiri bakurikiranyweho gucuruza urumogi
27 October 2025Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali ifatanije n’izindi nzego ndetse n’abaturage yafashe abagabo babiri bakekwaho gucuruza urumogi mu baturage. Bafashwe biturutse ku makuru yatanzwe n’abaturage.
-
Somalia yasheshe amasezerano yose yari ifitanye na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu
13 January, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma ya Somalia yatangaje ko isheshe burundu amasezerano yose yagiranye na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE), arimo ajyanye n’icyambu n’ubufatanye mu bya gisirikare, ishinja iki gihugu guhungabanya ubusugire n’ubwigenge bwayo.
-
Uru ni urutonde NEC yatangaje rw’Abasenateri batowe by’Agateganyo
17 September 2024, by Joseph IradukundaKomisiyo y’Igihugu y’Amatora(NEC) yatangaje Abasenateri 12 batowe mu matora yo ku wa tariki ya 16 Nzeri 2024.
-
Chris Brown yikomye abamugereranya n’abandi bahanzi
30 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’umunyamerika Chris Brown, yihanangirije abafana ndetse n’abasesenguzi mu bijyanye n’imyidagaduro, abasaba guhagarika kumugereranya n’abandi bahanzi.
-
Indwara Cholera ikomeje kuzahaza abatuye umugi wa Kinshasa
5 July 2025, by Joseph IradukundaIndwara ya Cholera iterwa n’umwanda iri kwibasira benshi mu batuye i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Umusore yabengeye umugeni muri Kiliziya kubera amabwire ya nyina
11 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Tunisia, umusore yabenze umugeni we bageze ku ruhimbi muri Kiliziya bagiye gusezerana, arigendera nyuma y’uko nyina w’uwo musore anenze umugeni, avuga ko ari mugufi cyane ndetse ko ari mubi ku buryo ataberanye n’umuhungu we.
-
Perezida KAGAME yahaye imbabazi imfungwa 32 zari zarakatiwe n’Inkiko
19 October 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika Paul KAGAME , yahaye imbabazi abantu 32 bari barakatiwe n’Inkiko. Ni mu gihe iteka rya Minisitiri ryemeje ko abandi 2,017 bari barakatiwe n’inkiko bafungurwa by’agateganyo .
-
Gicumbi: Meya yavuze ku kibazo cy’Umukuru w’Umudugudu yirukaniye mu Nteko y’Abaturage
8 February, by Angeline MUKANGENZIUbuyobozi bw’Akarere ka Gicumbi bwatangaje ko Hakizimana Pierre Célestin wayoboraga Umudugudu wa Rurembo mu Murenge wa Mukarange, uherutse gutakarizwa icyizere mu Nteko y’Abaturage, ubu yamaze gukurwa muri izo nshingano ndetse azasimbuzwa vuba.
Umuryango.rw
Urubanza rw’u Rwanda n’u Bwongereza ku kibazo cy’amasezerano y’abimukira rwahawe itariki
Nyuma y’ukwezi kumwe Lydia Jazmine yisubiyeho ku by’uko nta mugabo yifuza
Kigali: Abagabo babiri bakurikiranyweho gucuruza urumogi
Somalia yasheshe amasezerano yose yari ifitanye na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu
Uru ni urutonde NEC yatangaje rw’Abasenateri batowe by’Agateganyo
Chris Brown yikomye abamugereranya n’abandi bahanzi
Indwara Cholera ikomeje kuzahaza abatuye umugi wa Kinshasa
Umusore yabengeye umugeni muri Kiliziya kubera amabwire ya nyina
Perezida KAGAME yahaye imbabazi imfungwa 32 zari zarakatiwe n’Inkiko
Gicumbi: Meya yavuze ku kibazo cy’Umukuru w’Umudugudu yirukaniye mu Nteko y’Abaturage