Umuririmbyi w’indirimbo z’Imana, Uwiringiyimana Théogène wamamaye nka ‘Theo Bosebabireba’ yavuze ko abamututse ko yagaragaye aririmba indirimbo ‘Pom Pom’ bamuhoye ubusa kuko atazi icyo isobanura, kandi ko nta mbabazi asaba abamutwamye bavuga ko yabatengushye kuko yaririmbye indirimbo y’ubusambanyi, kuko atari cyo yabikoreye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umuririmbyi w’Indirimbo z’Imana uzwi mu Rwanda yasubije abamututse ko yaririmbye indirimbo bamwe bavugaho inzongamubiri
16 January, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Amerika: Sena ntiyumva uko nta wigeze aryozwa uburangare mu iraswa rya Trump
14 July 2025, by ISIMBI EstellaSena ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko kuraswa kwa Donald Trump ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza kwaturutse ku burangare, isaba ko ubutaha hazajya habaho ibihano ku bashinzwe kurinda umukuru w’igihugu igihe bakoze amakosa nk’aya.
-
Ibyurugendo rw’abagore batandatu barimo Katy Perry boherejwe mu isanzure
15 April 2025, by ISIMBI EstellaKaty Perry ari mu itsinda ry’abagore batandatu boherejwe mu isanzure n’ikigo cy’Umunyemari Jeff Bezos gikora ibijyanye n’ibyogajuru cyitwa Blue Origin.
-
Rulindo: Habonetse imibiri 173 y’abazize Jenoside yakorewe abatutsi
23 January, by Angeline MUKANGENZIMu Murenge wa Ngoma, Akarere ka Rulindo habonetse imibiri 173 y’Abatutsi bazize Jenoside mu 1994
-
Perezida Museveni yavuze ko yakwifatanya n’abari mu myigaragambyo baramutse bayikoze mu mahoro
26 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yatangaje ko abari kwigaragambya muri icyo gihugu bamagana ruswa no kunyereza umutungo wa Leta, baramutse babikoze mu mahoro bagakorana na polisi yakwifatanya na bo ariko ko kugeza ubu abayirimo bagamije ikibi bakaba bazanatamazwa n’inkiko.
-
David Okoce na Ndayishimiye Barthazar batoranyijwe muri Bayern Munich U19
8 July 2025, by ISIMBI EstellaNdayishimiye Balthazar na David Okoce bari mu bakinnyi batoranyijwe na Bayern Munich yo mu Budage, nk’abazahagararira ikipe yayo y’abatarengeje imyaka 19.
-
Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran yishwe
28 February, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei yiciwe mu bitero Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel byagabye kuri Iran kuri uyu wa 28 Gashyantare 2026.
-
Basketball: U Rwanda rwasoje imikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika rutsinda Gabon
25 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’Igihugu y’u Rwanda ya Basketball yatsinze iya Gabon amanota 90-63 iba intsinzi ya mbere rubonye mu mukino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika.
-
Bemba yashinje Kabila gushaka kwica Tshisekedi
10 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ubwikorezi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jean Pierre Bemba yashinje Joseph Kabila wayoboye iki gihugu, Moise Katumbi na bamwe mu bayobozi Inama y’Abepisikopi Gatolika muri RDC gushaka kwica Perezida Tshisekedi.
-
Gushaka abagore benshi ku mukirisitu ni icyaha?
1 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuBibiliya, nk’igitabo cy’umurongo ngenderwaho ku myitwarire y’abakirisitu, igaragaza ko gushaka umugore umwe ari gahunda Imana yashyizeho kuva kera. Mu Itangiriro 2:24, haranditse ngo: "Ni cyo gituma umugabo azasiga se na nyina, akomatana n’umugore we, bombi bakaba umubiri umwe." Uyu murongo werekana ko gushaka umugore umwe ari gahunda Imana yashyizeho.
Umuryango.rw
Umuririmbyi w’Indirimbo z’Imana uzwi mu Rwanda yasubije abamututse ko yaririmbye indirimbo bamwe bavugaho inzongamubiri
Amerika: Sena ntiyumva uko nta wigeze aryozwa uburangare mu iraswa rya Trump
Ibyurugendo rw’abagore batandatu barimo Katy Perry boherejwe mu isanzure
Rulindo: Habonetse imibiri 173 y’abazize Jenoside yakorewe abatutsi
Perezida Museveni yavuze ko yakwifatanya n’abari mu myigaragambyo baramutse bayikoze mu mahoro
David Okoce na Ndayishimiye Barthazar batoranyijwe muri Bayern Munich U19
Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran yishwe
Basketball: U Rwanda rwasoje imikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika rutsinda Gabon
Bemba yashinje Kabila gushaka kwica Tshisekedi
Gushaka abagore benshi ku mukirisitu ni icyaha?