Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kizura, Banyangiriki Alphonse yatawe muri yombi nyuma y’aho hari abaturage bamaze iminsi bamushinja kubafungira mu biro by’akagari.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rusizi: Gitifu uvugwaho gufungira abaturage mu kagari yatawe muri yombi
27 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Rwamagana yongeye kuba iya mbere mu mihigo, Nyanza iba iya nyuma
9 August 2018, by Nsanzimana ErnestAkarere ka Rwamagana kongeye kuza ku mwanya wa mbere mu mihigo y’umwaka wa 2017/2018 n’amanota 84.5%, umwanya nubundi aka karere kari kajeho mu mihigo y’umwaka ushize.
-
Rusizi: Inzu y’umuturage yafashwe n’inkongi ihiramo ibifite agaciro ka miliyoni 4Frw
28 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInzu y’umuturage wo mu Karere ka Rusizi mu Ntara y’Iburengerazuba yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka yose ba nyiraho ntibagira icyo barokora.
-
Hahishuwe uko Tupac yanze gusuzumwa SIDA mbere yo gusomana na Janet Jackson
21 October 2025, by ISIMBI EstellaByatangajwe ko umuhanzi Tupac Shakur yigeze gusabwa kwipimisha SIDA mbere yo gukina asomana na Janet Jackson muri filime bahuriyemo yiswe ‘Poetic Justice’ yo mu 1993, arabyanga.
-
Muyaya yagaragaje impamvu Tshisekedi yavuye ku izima, akemera ibiganiro na M23
30 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, yagaragaje ko impinduka zagiye ziba ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bw’igihugu cyabo ari zo zatumye Perezida Félix Tshisekedi ava ku izima, akemera kuganira n’ihuriro AFC/M23.
-
Amabilis Sibomana uzwi muri ORINFOR yavuze ukuntu perezida Habyarimana yirukanye umunyamakuru wa Radio Rwanda amuziza gutinda kuvuga amakuru ya mu gitondo
19 November 2019, by Dusingizimana RemyInararibonye mu itangazamakuru Amabilis Sibomana wamamaye muri ORINFOR,yavuze ko uwahoze ari perezida w’u Rwanda,Juvenal Habyarimana yategereje amakuru ya mu gitondo kuri Radio Rwanda arayabura niko kwinjira muri studio yirukana umunyamakuru wari wakererewe kuyavuga.
-
Manuel Neuer yabonye ikarita ya mbere itukura Nyuma y’imyaka 21 n’imikino 923
4 December 2024, by Joseph IradukundaMu mwaka we wa mbere nk’umutoza wa Bayern Munich, Vincent Kompany yagaragaje akababaro nyuma yo gutsindwa umukino wa Bayern Leverkusen, yagize ati: “Mu by’ukuri ni uko twatsinzwe kandi ntituzabona igikombe muri uyu mwaka. Ariko hamwe n’uburambe, tuzi ko hari igikorwa cyihariye twakoze.”
-
Abarimo Coach Gael bagabiye The Ben (Amafoto)
15 September 2025, by ISIMBI EstellaInka ni ikimenyetso cy’umubano mu bantu; abahanye inka baba bahanye igihango, kuko baba babaye umuryango umwe. Coach Gael yongeye gushimangira ubuvandimwe bwe na The Ben aramugabira.
-
Umukobwa wa R.Kelly yahishuye ko ‘gusambanywa na se’ byari bigiye gutuma yiyahura
17 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuBuku Abi, umukobwa w’umuhanzi R.Kelly ubu uri mu buroko nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo gufata abagore n’abakobwa ku ngufu, yahishuye ko se umubyara mu bwana bwe yamusambanyije ndetse bikamusigira ibikomere byari bigiye gutuma yiyambura ubuzima.
-
Umuyobozi Mukuru wa RGB, yagaragaje impinduka zabaye mu miyoborere
7 February, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere RGB, mu kiganiro yagejeje ku bitabiriye Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yaberaga muri Kigali convention center mu karere ka Gasabo, yagaragaje ishusho y’impinduka zabaye mu miyoborere y’Igihugu nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, agaragaza ko imiyoborere y’u Rwanda ishingiye ku nyungu z’umuturage mu gihe mbere yari ishingiye ku nyungu z’abayobozi.
Umuryango.rw
Rusizi: Gitifu uvugwaho gufungira abaturage mu kagari yatawe muri yombi
Rusizi: Inzu y’umuturage yafashwe n’inkongi ihiramo ibifite agaciro ka miliyoni 4Frw
Hahishuwe uko Tupac yanze gusuzumwa SIDA mbere yo gusomana na Janet Jackson
Muyaya yagaragaje impamvu Tshisekedi yavuye ku izima, akemera ibiganiro na M23
Manuel Neuer yabonye ikarita ya mbere itukura Nyuma y’imyaka 21 n’imikino 923
Abarimo Coach Gael bagabiye The Ben (Amafoto)
Umukobwa wa R.Kelly yahishuye ko ‘gusambanywa na se’ byari bigiye gutuma yiyahura
Umuyobozi Mukuru wa RGB, yagaragaje impinduka zabaye mu miyoborere