Dosiye ya Turahirwa Moses wa Moshions yamaze kuregerwa Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Dosiye ya Moses yagejejwe mu rukiko
2 May 2025, by Angeline MUKANGENZI -
REMA yatangaje ko miliyari 40 frw zigiye gukoreshwa mu gutunganya ibishanga mu Mujyi wa Kigali
4 June 2025, by Angeline MUKANGENZIIkigo Gishinzwe kurengera Ibidukikije mu Rwanda, (REMA) kivuga ko cyashoye miliyari 40 y’amafaranga y’uRwanda agamije gutunganya ibishanga bitanu byo mu Mujyi wa Kigali.
-
Urukiko rwa Loni rwateye utwatsi ikirego cya Sudani kirega UAE jenoside
6 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko Rukuru rw’Umuryango w’Abibumbye ruzwi nk’Urukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera (ICJ) rwanze ikirego cya Sudani ishinja Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) kurenga ku Masezerano abuza Jenoside, aho bivugwa ko yaba yarahaye intwaro ndetse akanatera inkunga ingabo za Rapid Support Forces (RSF) mu ntambara ikomeje kuba muri Sudani.
-
Macron agiye kwakira Ahmed al-Sharaa wa Syria mu ruzinduko rwe rwa mbere i Burayi
7 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi mushya w’inzibacyuho wa Syria, Ahmed al-Sharaa, agiye kugirira uruzinduko rwa mbere ku Mugabane w’u Burayi, aho azahura na Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macro, ku wa 7 Gicurasi 2025.
-
Perezida Ruto yahagaritse amasezerano n’ikigo cy’umuherwe Adani
21 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Kenya, Dr William Samoei Ruto, kuri uyu wa 21 Ugushyingo 2024 yafashe icyemezo cyo guhagarika amasezerano Guverinoma yagiranye n’ikigo Adani Group cy’umuherwe Gautam Adani wo mu Buhinde.
-
Kanye West yongeye guhuza urugwiro na Bianca Censori batandukanye
20 April 2025, by ISIMBI EstellaNyuma y’iminsi mike Kanye West avuze ko we n’umugore we, Bianca Censori batandukanye, bongeye kugaragara bahuje urugwiro bari muri Espagne, basangira ibya ni mugoroba.
-
Ingabo z’ibihugu bidacana uwaka na Amerika zahuriye mu myitozo mu mazi ya Afurika y’Epfo
10 January, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo z’ibihugu bigize umuryango wa BRICS, kuri uyu wa 10 Mutarama 2025 zatangiye imyitozo ya gisirikare ikaze mu mazi ya Afurika y’Epfo.
-
Gicumbi: Abakora mu birombe by’amabuye y’Agaciro batagira ubwishingizi
9 July 2025, by Joseph IradukundaBamwe mu baturage bo mu Murenge wa Miyove, Akarere ka Gicumbi bakora mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro baravuga ko babangamiwe n’imikorere y’ababakoresha, aho bakora badafite ubwishingizi bwo kwa muganga, kandi iyo habaye impanuka cyangwa umuntu aguye mu kirombe nta n’impozamarira ihabwa umuryango we.
-
RDC: Nicolas Kazadi wari Minisitiri w’Imari yatawe muri yombi
9 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwahoze ari Minisitiri w’imari muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Nicolas Kazadi, yaraye afatiwe mu mujyi wa Mbuji-Mayi, umurwa mukuru w’intara ya Kasai Oriental. Icyo gikorwa cyakozwe mu ibanga rikomeye, ariko nk’uko amakuru aturuka aho ndetse n’amashusho yihariye, ifatwa ryakozwe mu buryo burimo guhutaza gukabije.
-
Hezbollah yonge gutangaza ko izababaza Isiraheli
16 October 2024, by Joseph IradukundaUmuyobozi wungirije w’Umutwe wa Kiyisilamu w’aba Shia muri Libani wa Hezbollah, Naim Qassem, yatangaje ko intambara bahanganyemo na Isiraheli izayitera umubababro ariko anahamagarira guhagarika imirwano imaze igihe mu Majyepfo ya Libani.
Umuryango.rw
Dosiye ya Moses yagejejwe mu rukiko
REMA yatangaje ko miliyari 40 frw zigiye gukoreshwa mu gutunganya ibishanga mu Mujyi wa Kigali
Urukiko rwa Loni rwateye utwatsi ikirego cya Sudani kirega UAE jenoside
Macron agiye kwakira Ahmed al-Sharaa wa Syria mu ruzinduko rwe rwa mbere i Burayi
Perezida Ruto yahagaritse amasezerano n’ikigo cy’umuherwe Adani
Kanye West yongeye guhuza urugwiro na Bianca Censori batandukanye
Ingabo z’ibihugu bidacana uwaka na Amerika zahuriye mu myitozo mu mazi ya Afurika y’Epfo
Gicumbi: Abakora mu birombe by’amabuye y’Agaciro batagira ubwishingizi
RDC: Nicolas Kazadi wari Minisitiri w’Imari yatawe muri yombi
Hezbollah yonge gutangaza ko izababaza Isiraheli