Guverineri w’intara ya Haut-Katanga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jacques Kyabula Katwe, yahunze nyuma yo gutumizwa na Minisiteri y’Umutekano w’Imbere mu gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
RDC: Guverineri wa Haut-Katanga ari mu buhungiro
17 July 2025, by ISIMBI Estella -
LONI ihangayikishijwe n’ibibera muri Sudani y’Epfo
9 February, by Angeline MUKANGENZIUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yavuze ko ahangayikishijwe n’ibikorwa by’urugomo bikomeje kubera muri Sudani y’Epfo aho abaturage barenga miliyoni 10 ubu bagowe no kubaho.
-
Uburwayi bwa ‘UTI’ bwibasira abagore bushobora gutera kubyara umwana ufite ibiro bike
7 February, by Angeline MUKANGENZIEse ujya ujya kwihagarika ukababara cyangwa ugahora wumva ushaka kujyayo ariko wagerayo ukihagarika utuntu duke wumva tutari dukwiye kukubuza amahoro? Niba ujya ugira ibyo bimenyetso ushobora kuba ufite uburwayi bwa Urinary Tract Infection (UTI).
-
Alibaba igiye gushora miliyoni 431$ mu kwamamaza porogaramu yayo ya AI
2 February, by Angeline MUKANGENZIIkigo Alibaba cyatangaje ko kigiye gukoresha miliyari eshatu z’ama-Yuan [miliyoni 431$] mu kwamamaza porogaramu yacyo y’ubwenge buhangano yitwa Qwen AI mu gihe cy’ikiruhuko cy’Umwaka mushya w’Abashinwa wa 2026, iri rikaba ari ishoramari riruta cyane iry’ibigo bihanganye na cyo muri ibi bihe.
-
Syria: Hafashwe uwari ukuriye ubutabera bwa gisirikare kubwa Assad
28 December 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Kane, itariki 26 Ukuboza 2024, abategetsi bashya ba Syria bataye muri yombi uwari umuyobozi w’ubutabera bwa gisirikare watanze igihano cy’urupfu ku bantu bari bafungiwe muri gereza izwi cyane ya Saydnaya yagenzurwaga na guverinoma yahiritswe ya Perezida Bashar Assad.
-
Anne Kansiime na Mammito bagiye gutaramira i Kigali
8 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyarwenya Anne Kansiime wo muri Uganda na Mammito wo muri Kenya bagiye gutaramira i Kigali mu gitaramo cya Gen-Z Comedy Night, gitegerejwe ku wa 9 Ugushyingo 2024.
-
Uganda: Minisitiri w’Ingabo mu mazi abira kubera umwenda ukomoka ku basirikare boherejwe muri Somalia
23 July 2025, by ISIMBI EstellaUganda: Minisitiri w’Ingabo mu mazi abira kubera umwenda ukomoka ku basirikare boherejwe muri Somalia
-
Perezida Ruto ntiyumva aho abigaragambya bamusaba kwegura bashaka ko ajya
29 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida William Ruto yagaragaje ko atumva icyo Abanya-Kenya bakomeje gukora imyigaragambyo yo kumusaba kwegura bashaka ndetse n’aho bifuza ko ajya.
-
U Burusiya: Umudepite yirukanywe azira gusiba akazi imyaka ibiri
5 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInteko Ishinga Amategeko y’u Burusiya (State Duma) yirukanye umudepite Yuri Napso wari uhagarariye ishyaka LDPR nyuma y’imyaka ibiri atagaragara mu kazi.
-
AFC/M23 yamaganye raporo ya HRW iyishinja kwica abantu 140
21 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ryamaganye raporo yashyizwe ahagaragara n’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu (Human Rights Watch /HRW) irishinja kwica abaturage b’abasivili barenga 140.
Umuryango.rw
RDC: Guverineri wa Haut-Katanga ari mu buhungiro
LONI ihangayikishijwe n’ibibera muri Sudani y’Epfo
Uburwayi bwa ‘UTI’ bwibasira abagore bushobora gutera kubyara umwana ufite ibiro bike
Alibaba igiye gushora miliyoni 431$ mu kwamamaza porogaramu yayo ya AI
Syria: Hafashwe uwari ukuriye ubutabera bwa gisirikare kubwa Assad
Anne Kansiime na Mammito bagiye gutaramira i Kigali
Uganda: Minisitiri w’Ingabo mu mazi abira kubera umwenda ukomoka ku basirikare boherejwe muri Somalia
Perezida Ruto ntiyumva aho abigaragambya bamusaba kwegura bashaka ko ajya
U Burusiya: Umudepite yirukanywe azira gusiba akazi imyaka ibiri
AFC/M23 yamaganye raporo ya HRW iyishinja kwica abantu 140