Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yatangaje ko hateganyijwe impinduka mu bijyanye n’amashami yigwa mu cyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye mu burezi rusange, aho abanyeshuri bazasigarana amahitamo atatu y’ibyo bashobora kwiga, bitandukanye n’impuzamasomo (combinations) 11 zari zisanzwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Bose bazajya biga imibare n’ikoranabuhanga: Impinduka mu mashami yigwa mu mashuri yisumbuye
21 June 2025, by ISIMBI Estella -
Umutoza wa APR FC yavuze ko adatewe ubwoba na Rayon Sports
8 August 2025, by ISIMBI EstellaUmunya-Maroc Abderrahim Talib utoza APR FC yatangaje ko akurikije imikino yamuhuje n’amakipe y’amakeba aho yanyuze, adatewe ubwoba n’intambara y’amagambo mbere y’uko ahura na Rayon Sports mu mukino wa FERWAFA Super Cup.
-
The Ben agiye gukomereza ibitaramo i Burayi, Canada n’i Kampala
17 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma yo gukora igitaramo gikomeye muri BK Arena, The Ben ategerejwe muri Canada mu bitaramo bizazenguruka mu mijyi itandukanye mbere y’uko yerekeza i Burayi, mu bitaramo ateganya gusoreza muri Uganda.
-
Abanyarwanda babiri bonyine ni bo bakurikiranwa (Followed) N’umuhanzi Davido ku rukuta rwe rwa Instagram
14 May 2025, by Gladiator OGImbuga nkoranyambaga zahinduye ubuzima bwabatuye Isi ku munsi wa none. mu bakoresha izo mbuga harimo kandi ibyamamare ni ukuvuga abahanzi, abanyepolitiki,abaherwe, abakinnyi,abanyamakuru,n’abandi benshi cyane.
-
U Rwanda na Brésil byinjiye mu bufatanye bwo guteza imbere uburezi
20 September 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma y’u Rwanda yashyize umukono ku masezerano y’ubufatatanye na Brésil mu bijyanye no guteza imbere uburezi.
-
Polisi yo mu Buhinde yahagaritse igitaramo cya Ed Sheeran waririmbiraga ku muhanda
11 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi yo mu Buhinde yahagaritse igitaramo cy’umuhanzi w’Umwongereza, Ed Sheeran, waririmbiraga ku muhanda wo mu Mujyi wa Bengaluru, mu majyepfo y’u Buhinde, ivuga ko yaharirimbiye nta burengenzira yahawe.
-
Inkuru igaragaza ko nubwo ibihe bibi bishobora kuza, urukundo nyakuri rucyibaho
26 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInkuru yacu twahisemo ko itangirira mu mujyi wa Kigali aho Diane na Kevin bahuriye bwabere. Diane yari umukobwa w’umunyabwenge kandi wiyubaha, naho Kevin yari umuhungu w’umugwaneza kandi utuje. Bashimishijwe n’ibiganiro byabo bagiranye bwa mbere bahura , bityo batangira kugirana umubano wihariye. Uko iminsi yagendaga ishira, urukundo rwabo rwagiye rukura, bamarana umwanya munini basangira ibyishimo n’ibitekerezo byabo by’ahazaza.
Ariko umunsi umwe, ibintu byaje guhinduka. Diane yagiye kwa (…) -
Ibyaranze abayoboye FERWAFA nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi
21 April 2023, by Dusingizimana RemyIshyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashinzwe mu mwaka wa 1976 rikaba rimaze kuyoborwa n’abagabo 14 kuva icyo gihe kugeza ubu.
Muri bo harimo abamenyekanye mu buyobozi bukuru bw’igihugu mu nzego zitandukanye ndetse no mu mashyaka ya politiki.
Abo barimo Faustin Twagiramungu wayoboye FERWAFA muri 1987-1988 hanyuma akaba Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi.
UMURYANGO uragaruka ku bayoboye FERWAFA nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi nibyo (…) -
Hateguwe umukino uzahuza abaraperi n’abanyamakuru ba siporo
15 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbaraperi biganjemo abazagaragara mu gitaramo ‘Icyumba cya Rap’ ndetse n’abanyamakuru b’imyidagaduro bagiye gusakirana mu mukino wa gicuti n’ikipe y’abanyamakuru ba siporo mu Rwanda (AJSPOR).
-
Ghana na Zambia bakuyeho visa ku baturage b’ibyo bihugu
5 February, by Angeline MUKANGENZIGhana na Zambia basinye amasezerano yo gukuraho visa ku baturage b’ibyo bihugu, mu rwego rwo koroshya ingendo no gukomeza guteza imbere ubufatanye hagati yabyo.
Umuryango.rw
Bose bazajya biga imibare n’ikoranabuhanga: Impinduka mu mashami yigwa mu mashuri yisumbuye
Umutoza wa APR FC yavuze ko adatewe ubwoba na Rayon Sports
The Ben agiye gukomereza ibitaramo i Burayi, Canada n’i Kampala
Abanyarwanda babiri bonyine ni bo bakurikiranwa (Followed) N’umuhanzi Davido ku rukuta rwe rwa Instagram
U Rwanda na Brésil byinjiye mu bufatanye bwo guteza imbere uburezi
Polisi yo mu Buhinde yahagaritse igitaramo cya Ed Sheeran waririmbiraga ku muhanda
Inkuru igaragaza ko nubwo ibihe bibi bishobora kuza, urukundo nyakuri rucyibaho
Ibyaranze abayoboye FERWAFA nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi
Hateguwe umukino uzahuza abaraperi n’abanyamakuru ba siporo
Ghana na Zambia bakuyeho visa ku baturage b’ibyo bihugu