Ingabo za Sudani zafashe Ibiro by’Umukuru w’Igihugu i Khartoum mu rugamba rwo kwisubiza ubutegetsi zibwambuye umutwe wa Rapid Support Forces (RSF) wari umaze imyaka ibiri ugenzura igihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ingabo za Sudani zafashe ibiro by’Umukuru w’Igihugu
21 March 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
AFC/M23 yagaragarije ab’i Goma ko ubuyobozi bwayo bwamaze gushinga imizi
6 February, by Angeline MUKANGENZIUmuhuzabikorwa w’Ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa yabwiye abaturage bo mu Mujyi wa Goma ko nyuma y’umwaka hashyizweho ubuyobozi bw’uyu mujyi, ubu ibintu byose byamaze kujya ku murongo igisigaye ari ugukomeza urugendo rw’iterambere ndetse no kubohora Congo yose.
-
Nyagatare: Abatagiraga amazi barabyinira ku rukoma nyuma yo kuyagezwaho
3 July 2025, by ISIMBI EstellaAbaturage b’Umurenge wa Rwimiyaga bavunwaga no kubona aho bakura amazi, barishimira umuyoboro w’amazi ureshya na km 24.7 bubakiwe ubu bakaba baratangiye kuvoma hafi, aho biri kubafasha guhindura imibereho.
-
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwa LONI muri Centrafrique zavuye abaturage 170
23 April, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Centrafrique zigize itsinda rya RWABAT-2), zakoze igikorwa cyo kuvura abaturage 174 bo mu Karere Boali, zongera gushimirwa ubufasha n’ubufatanye n’abaturage.
-
Perezida Macron yavuze ko u Burayi bwiteguye guhangana n’imisoro Trump ashaka kubushyiriraho
4 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ko Amerika niramuka izamuye imisoro ku bicuruzwa biva mu bihugu by’u Burayi, na byo bigomba kwiyubahisha bigafata ingamba zo kuzamura imisoro ku bicuruzwa bituruka muri Amerika.
-
Kigali: Abantu 10 batawe muri yombi bakekwaho ibirimo gutobora inzu z’abaturage bakiba
8 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko yataye muri yombi abagabo 10 bo mu Karere ka Nyarugenge bakekwaho gutobora inzu no kwiba ibikoresho byo mu ngo.
-
U Burusiya bwashinje Amerika kuba inyuma y’umugambi w’ihirikwa rya Assad
31 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, yavuze ko kuba Amerika yarigaruriye tumwe mu duce dukungahaye kuri peteroli n’ibihano bikomeye by’ubukungu yafatiye Syria mu myaka ishize, ari byo byatumye uwahoze ari perezida w’iki gihugu cyo mu Burasirazuba bwo Hagati, Bashar al-Assad ahirikwa ku butegetsi.
-
Syria: Abarenga ibihumbi 30 bamaze gutahuka
29 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbaturage ba Syria bari barahunze intambara bari kugenda bagaruka mu gihugu cyabo, aho abarenga ibihumbi 30 bamaze gutahuka baturutse mu bihugu birimo Turikiya.
-
RIB yanenze abakwirakwiza amagambo y’urukozasoni ku mbuga nkoranyambaga, inatanga ingero za bamwe
5 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwihanangirije umukobwa witwa Jacky umaze kumenyekana ku mbuga nkoranyambaga avuga amagambo y’urukozasoni runaburira abamuha umwanya ko babireka cyangwa se bakazisanga bafatiwe izindi ngamba zikakaye.
-
Ruhango: Hari kubakwa ikigo giteza imbere ubuhinzi n’ubworozi kizatwara arenga miliyari 2 Frw
1 October 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Akarere ka Ruhango bwasabye abahinzi n’aborozi kwitegura gukorana neza n’Ikigo cy’ubuhinzi n’ubworozi kiri kubakwa mu Murenge wa Kinazi kigamije guteza imbere uru rwego, kuko kizakenera umusaruro wabo na bo bikazababyarira inyungu.
Umuryango.rw
Ingabo za Sudani zafashe ibiro by’Umukuru w’Igihugu
Nyagatare: Abatagiraga amazi barabyinira ku rukoma nyuma yo kuyagezwaho
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwa LONI muri Centrafrique zavuye abaturage 170
Perezida Macron yavuze ko u Burayi bwiteguye guhangana n’imisoro Trump ashaka kubushyiriraho
Kigali: Abantu 10 batawe muri yombi bakekwaho ibirimo gutobora inzu z’abaturage bakiba
U Burusiya bwashinje Amerika kuba inyuma y’umugambi w’ihirikwa rya Assad
Syria: Abarenga ibihumbi 30 bamaze gutahuka
RIB yanenze abakwirakwiza amagambo y’urukozasoni ku mbuga nkoranyambaga, inatanga ingero za bamwe
Ruhango: Hari kubakwa ikigo giteza imbere ubuhinzi n’ubworozi kizatwara arenga miliyari 2 Frw