Ukraine yavuze ko yiteguye kwemera agahenge k’ako kanya k’iminsi 30 mu ntambara irimo kurwana n’Uburusiya, katanzwe nk’icyifuzo n’Amerika, nyuma y’umunsi w’ibiganiro hagati y’Amerika na Ukraine muri Arabia Saoudite.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amerika yitezwe kugeza ku Burusiya icyifuzo cy’agahenge k’iminsi 30
12 March 2025, by Joseph Iradukunda -
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#31: Byinshi kuri Nsabimana Callixte "SANKARA" wirukanwe mu bigo byose yizeho
13 August 2021, by Dusingizimana RemyTubararikiye ikiganiro IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#31 kigaruka kuri NSABIMANA Callixte SANKARA wiyise ko ari Majoro.
Kuva kera, imibereho ye yazagamo ibibazo bya hato na hato, guturitsa Gerenade muri segonderi mu Indatwa Padiri Kayumba akamwirukana, kujujubya Kaminuza kugeza aho Prof Rwakabamba amwirukana akamwemerera kurangiriza amasomo asigaye mu yindi Kaminuza akazaza bakamuha dipolome, "kwizeza Kizito Mihigo ko azagirwa Minisitiri, kubuza amahwemo inzego z’umutekano mu Rwanda mu bitero (…) -
Abanyamadini bavuze ko hakiri imbogamizi mu rugendo rw’ubumwe n’ubwiyunge mu madini
23 April 2025, by Angeline MUKANGENZIIhuriro ry’Impuzamiryango ihuriweho n’amadini, amatorero na Kiliziya Gatolika mu Rwanda, (RIC) ryagaragaje ko mu rugendo rw’ubumwe n’ubwiyunge hakirimo imbogamizi zishingiye ku nyigisho z’ubuyobe zikiri mu madini ndetse n’ubuhanuzi bupfuye.
-
Polisi yafashe amavuta menshi ya mukorogo mu ntara y’Amajyepfo
11 February 2019, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda yakoze umukwabu mu ntara y’Amajyepfo ishaka amavuta ya mukorogo yari agicuruzwa mu ibanga n’abacuruzi,ifata amaduzeni asaga 470 yayo ndetse n’amasabune ahindura uruhu.
-
Uko ifatwa rya Uvira ryahombeje u Burundi
15 December 2025, by ISIMBI EstellaByashoboka ko Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yibwiraga ko ashobora kwigaranzura abarwanyi ba AFC/M23 birukanye ingabo ze muri teritwari ya Masisi kubera ko yigwijeho ibikoresho by’intambara bihambaye, birimo imbunda ziremereye zirasa kure na drones z’intambara.
-
Umurinzi wa Perezida Ibrahim Traoré yahishuye uko bamuhaye miliyoni 5$ ngo amurase
4 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmwe mu basirikare bashinzwe kurinda Pereizida wa Burkina Faso, Ibrahim Traoré, yatangaje ko hari abo mu bihugu bikomeye bamuhaye miliyoni 5$ ngo amurase amuturutse inyuma ariko arayanga.
-
Amerika ishobora gutera Iran muri iki cyumweru
19 February, by ISIMBI EstellaIngabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zivugwaho umugambi wo kugaba igitero muri Iran mu mpera z’iki cyumweru nyuma y’amezi umunani zangije ibikorwaremezo bya nucléaire by’ingenzi.
-
Sudan: Igitero cya drone mu isoko cyahitanye abaturage 17
9 March, by Angeline MUKANGENZIUmutwe wa Sudan People’s Liberation Movement-North (SPLM-N) uyobowe na Abdel Aziz al-Hilu ku Cyumweru washinje Igisirikare cya Sudan gutera ibisasu mu bice ugenzura muri Kordofan y’Amajyepfo, bihitana byibuze abasivili 17 abandi benshi barakomereka mu gitero cyagabwe ku isoko.
-
Urukiko rwemeje bidasubirwaho gatanya hagati ya Platini na Ingabire bari barashyingiranywe
20 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuNemeye Platini na Ingabire Olivia bamaze guhana gatanya ya burundu nyuma y’uko Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata rwemeje ubwumvikane bwabo bwo gutandukana burundu.
-
Donald Trump yashidikanyije ku buzima bwo mu mutwe bw’uwo bahanganye Kamala Harris
15 October 2024, by Joseph IradukundaDonald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagaragaje ko ashidikanya ku bushobozi Visi Perezida Kamala Harris afite bwo gutekereza no kwibuka.
Umuryango.rw
Amerika yitezwe kugeza ku Burusiya icyifuzo cy’agahenge k’iminsi 30
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#31: Byinshi kuri Nsabimana Callixte "SANKARA" wirukanwe mu bigo byose yizeho
Abanyamadini bavuze ko hakiri imbogamizi mu rugendo rw’ubumwe n’ubwiyunge mu madini
Uko ifatwa rya Uvira ryahombeje u Burundi
Umurinzi wa Perezida Ibrahim Traoré yahishuye uko bamuhaye miliyoni 5$ ngo amurase
Amerika ishobora gutera Iran muri iki cyumweru
Sudan: Igitero cya drone mu isoko cyahitanye abaturage 17
Urukiko rwemeje bidasubirwaho gatanya hagati ya Platini na Ingabire bari barashyingiranywe
Donald Trump yashidikanyije ku buzima bwo mu mutwe bw’uwo bahanganye Kamala Harris