Polisi yo muri Nouvelle-Zélande yataye muri yombi umugore ukekwaho icyaha cyo kutita ku mwana, aho basanze yamubitse mu gikapu (valise) kandi akiri muzima.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nouvelle-Zélande: Umugore akurikiranyweho gutwara umwana nk’umuzigo
5 August 2025, by ISIMBI Estella -
Perezida Trump yemeranyije na Putin gutangira ibiganiro bihagarika intambara muri Ukraine
13 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yagiranye ikiganiro kuri telefoni na mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin, bemeranya ko bagiye gutangira ibiganiro bigamije guhagarika intambara u Burusiya buhanganyemo na Ukraine.
-
Abahanzi ba Uganda ntibumva uburyo Diamond Platnmuz yishyuwe miliyoni 700 zamashilingi kugirango aze kuririmba kandi bahari
28 May 2025, by Gladiator OGEse mwatuburanye iki ? Ese tuzakore iki ngo natwe duhabwe agacirio? Ibi ni bimwe mu bibazo abahanzi batandukanye bo muri Uganda barimo kwibaza nyuma yo kumenya ko umuhanzi Chibu Dangote Diamond Platnmuz yishyuwe akayabo ka miliyoni 700 za mashilingi ya Uganda kugirango aze kuririmba muri Uganda mu mpera z’icyumweru cyatambutse.
-
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#31: Byinshi kuri Nsabimana Callixte "SANKARA" wirukanwe mu bigo byose yizeho
13 August 2021, by Dusingizimana RemyTubararikiye ikiganiro IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#31 kigaruka kuri NSABIMANA Callixte SANKARA wiyise ko ari Majoro.
Kuva kera, imibereho ye yazagamo ibibazo bya hato na hato, guturitsa Gerenade muri segonderi mu Indatwa Padiri Kayumba akamwirukana, kujujubya Kaminuza kugeza aho Prof Rwakabamba amwirukana akamwemerera kurangiriza amasomo asigaye mu yindi Kaminuza akazaza bakamuha dipolome, "kwizeza Kizito Mihigo ko azagirwa Minisitiri, kubuza amahwemo inzego z’umutekano mu Rwanda mu bitero (…) -
Abanyamadini bavuze ko hakiri imbogamizi mu rugendo rw’ubumwe n’ubwiyunge mu madini
23 April 2025, by Angeline MUKANGENZIIhuriro ry’Impuzamiryango ihuriweho n’amadini, amatorero na Kiliziya Gatolika mu Rwanda, (RIC) ryagaragaje ko mu rugendo rw’ubumwe n’ubwiyunge hakirimo imbogamizi zishingiye ku nyigisho z’ubuyobe zikiri mu madini ndetse n’ubuhanuzi bupfuye.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
10 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuhesaha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa.
-
Uko ifatwa rya Uvira ryahombeje u Burundi
15 December 2025, by ISIMBI EstellaByashoboka ko Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yibwiraga ko ashobora kwigaranzura abarwanyi ba AFC/M23 birukanye ingabo ze muri teritwari ya Masisi kubera ko yigwijeho ibikoresho by’intambara bihambaye, birimo imbunda ziremereye zirasa kure na drones z’intambara.
-
Trump yasubijeho ikoreshwa ry’imiheha ya pulasitike muri Amerika
11 February 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasinye iteka risubizaho ikoreshwa ry’imiheha ya pulasitike muri Amerika, avuga ko imiheha ikoze mu mpapuro yari yarayisimbuye idakomera.
-
Donald Trump yashidikanyije ku buzima bwo mu mutwe bw’uwo bahanganye Kamala Harris
15 October 2024, by Joseph IradukundaDonald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagaragaje ko ashidikanya ku bushobozi Visi Perezida Kamala Harris afite bwo gutekereza no kwibuka.
-
Ni we wabinsabye -Yago Pon Dat kuri Pallaso bahuriye mu ndirimbo iri kuri Album ye ya Gatatu
4 March, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe umuhanzi nyarwanda Yago Pon Dat ari mu myiteguro ikomeye ya Album ye ya Gatatu, yamaze gushyira ku mugaragaro imwe mu ndirimbo ziyiriho yise ‘Yo Love’, yakoranye n’umunya-Uganda Pallaso.
Umuryango.rw
Nouvelle-Zélande: Umugore akurikiranyweho gutwara umwana nk’umuzigo
Perezida Trump yemeranyije na Putin gutangira ibiganiro bihagarika intambara muri Ukraine
Abahanzi ba Uganda ntibumva uburyo Diamond Platnmuz yishyuwe miliyoni 700 zamashilingi kugirango aze kuririmba kandi bahari
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#31: Byinshi kuri Nsabimana Callixte "SANKARA" wirukanwe mu bigo byose yizeho
Abanyamadini bavuze ko hakiri imbogamizi mu rugendo rw’ubumwe n’ubwiyunge mu madini
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
Uko ifatwa rya Uvira ryahombeje u Burundi
Trump yasubijeho ikoreshwa ry’imiheha ya pulasitike muri Amerika
Donald Trump yashidikanyije ku buzima bwo mu mutwe bw’uwo bahanganye Kamala Harris
Ni we wabinsabye -Yago Pon Dat kuri Pallaso bahuriye mu ndirimbo iri kuri Album ye ya Gatatu