Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko muri Kamena 2025, ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 7% ugereranyije na Kamena 2024. Ni mu gihe ibiciro muri Gicurasi 2025 byari byiyongereyeho 6,9%.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ibiciro byiyongereyeho 7% muri Kamena
10 July 2025, by Joseph Iradukunda -
Buri segonda umuntu arayandura: Ibyo wamenya kuri Virusi ya Herpes ifata mu myanya y’ibanga
21 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuNibura abantu miliyoni 846 bafite imyaka hagati 15 na 49 banduye indwara yandurira mu mibonano mpuzabitsina yitwa Herpes, nk’uko ubushakashatsi bwashyizwe hanze n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima OMS bubigaragaza.
-
APR WBBC yisubije umudali w’umuringa mu mikino nyafurika
15 December 2025, by ISIMBI EstellaIkipe ya APR WBBC yari ihagarariye u Rwanda mu mikino nyafurika ya ‘FIBA Africa Women’s Basketball League yisubije umudali w’umuringa nyuma yo gutsinda ASC Ville de Dakar yo muri Senegal amanota 90-84 mu mukino wo guhatanira umwanya wa gatatu, hitabajwe iminota itanu y’inyongera.
-
Menya amakuru y’Insengero zisaga 40 mu zari zafunzwe mu Rwanda zemerewe kongera gukora
30 October 2024, by Joseph IradukundaUrwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwatangaje ko insengero 44 zimaze gufungurwa mu nsengero 9,800 zari zarafunzwe kubera kutuzuza ibisabwa.
-
U Burundi bwemeje ko Minisitiri w’Itumanaho yishwe n’impanuka
16 April, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma y’u Burundi yemeje ko Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru, Gabby Bugaga, yishwe n’impanuka mu rukerera rwo kuri uyu wa 16 Mata 2026.
-
Menya amateka y’Intwari u Rwanda rwizihiza buri mwaka
1 February 2023, by Dusingizimana RemyBuri tariki ya 1 Gashyantare u Rwanda rwizihiza Umunsi w’Intwari, kuko ari umunsi wo kwibuka ibikorwa byaranze intwari. Umunsi mukuru ngarukamwaka w’intwari wizihirizwa ku rwego rw’imidugudu mu Rwanda hose.
Intwari z’u Rwanda ziri mu byiciro bitatu ari byo: Imanzi, Imena n’Ingenzi. Icyiciro cy’Imanzi ni cyo kiri hejuru kikaba kigizwe n’intwari zaranzwe n’ibikorwa bidasanzwe birimo no guhara ubuzima mu rwego rwo kwitangira igihugu. Icyiciro cy’Imena kigizwe n’intwari zaranzwe n’ibikorwa (…) -
Iran yavuguruje Trump wari watangaje ko hari kuba ibiganiro
23 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yafashe icyemezo cyo guhagarika by’agateganyo ibitero ku bikorwaremezo bitanga ingufu byo muri Iran kubera ko hari kuba ibiganiro, ariko iki gihugu cyo mu Burasirazuba bwo Hagati gihita kibihakana.
-
Umusirikare w’ u Rwanda wateye ivi mu ruhame kubera umukobwa yavugishije benshi
6 May 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 5 Gicurasi 2018 nibwo ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hagaragaye ifoto y’ umusirikare w’ u Rwanda ufite ipeti rya sergeant tutabashije kumenya amazina wafotowe apfukamishije ivi rimwe mu muhanda ngo yambike impeta umukobwa amusaba kumubera umugore.
-
Assimi Goïta uyobora Mali mu nzibacyuho yihaye Ipeti rya General
17 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’inzibacyuho wa Mali kuva muri Gicurasi 2021, Colonel Assimi Goïta, yahawe ipeti rya Général kuri uyu wa 16 Ukwakira 2024.
-
Umunyamabanga Mukuru wa EAC yahigiye kwishyuza ibihugu bidatanga imisanzu
27 April, by Angeline MUKANGENZIUmunyamabanga Mukuru mushya w’Umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC), Ambasaderi Stephen Mbundi, yatangiye inshingano tariki ya 25 Mata 2026, ahigira gushyira imbaraga mu kwishyuza ibihugu bidatangira imisanzu ku gihe.
Umuryango.rw
Ibiciro byiyongereyeho 7% muri Kamena
Buri segonda umuntu arayandura: Ibyo wamenya kuri Virusi ya Herpes ifata mu myanya y’ibanga
APR WBBC yisubije umudali w’umuringa mu mikino nyafurika
Menya amakuru y’Insengero zisaga 40 mu zari zafunzwe mu Rwanda zemerewe kongera gukora
U Burundi bwemeje ko Minisitiri w’Itumanaho yishwe n’impanuka
Menya amateka y’Intwari u Rwanda rwizihiza buri mwaka
Iran yavuguruje Trump wari watangaje ko hari kuba ibiganiro
Assimi Goïta uyobora Mali mu nzibacyuho yihaye Ipeti rya General
Umunyamabanga Mukuru wa EAC yahigiye kwishyuza ibihugu bidatanga imisanzu