Yemi Alade yatangaje ko guhera tariki 1 Ukwakira 2025 azaba yamaze KUGEZA ku isoko ry’u Rwanda ibikoresho bye ya ‘Maquillage’ yise ‘Yem Beauty’.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Yemi Alade agiye gushyira ku isoko ry’u Rwanda ibikoresho bye bya ‘maquillage’
9 September 2025, by ISIMBI Estella -
STARTIMES izerekana imikino yose ya EURO 2020 iri kuba mu mashusho ya HD
5 May 2021, by Dusingizimana RemyIkigo cya mbere muri AFURIKA mu gusakaza amashusho ya televiziyo,StarTimes, kizerekana imikino yose uko ari 51 y’Igikombe cy’u Burayi (UEFA Euro 2020) ku mashene atanu yacyo ya siporo mu mashusho meza ya HD iri kuba ako kanya.
-
Ingabo za RDC ziri guhungishiriza intwaro mu Burundi
20 October 2025, by ISIMBI EstellaIngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zimaze igihe muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ziri guhungishiriza intwaro zazo mu bigo bya gisirikare byo mu Burundi birimo icya Mudubugu.
-
Real Madrid yatangiye igikombe cy’Isi cy’ama-Club icumbagira
19 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe ya Real Madrid yatangiye igikombe cy’Isi cy’ama-Club icumbagira inganya na Al Hilal yo muri Arabia Saudite.
-
Ibitaro bya CHUK bizatangira kwimukira i Masaka muri Werurwe 2026
13 February, by ISIMBI EstellaNyuma y’uko imirimo yo kubaka ibitaro bishya bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) igeze ku musozo, hatangajwe ko bizimuka aho bisanzwe bikorera muri Werurwe 2026.
-
Dr Cyubahiro Bagabe ntakiri umuyobozi mukuru wa RAB
23 January 2018, by Nsanzimana ErnestDr Patrick Karangwa wari umuyobozi ushinzwe ubushakashatsi niwe Muyobozi Mukuru w’ Ikigo cy’ Ubuhinzi n’ Ubworozi RAB, yasimbuye kuri uyu mwanya Dr Cyubahiro Bagabe Marc wari umaze umwaka n’amezi atatu.
Amakuru aravuga ko uyu muyobozi yahagaritswe na Minisitiri w’Intebe nyuma y’uko bishimwe kandi n’Inama y’Abaminisitiri iheruka guterana.
Umujyanama mu by’Itumanaho muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi yemeje aya makuru.
Yagize ati “Ni uguhagarikwa bisanzwe, igihe cyose izo mpinduka (…) -
Ba rwiyemezamirimo bagitangira bagowe n’igishoro kidahagije
2 May 2025, by Joseph IradukundaHari ba rwiyemezamirimo b’urubyiruko bagaragaza ko baba bafite ibitekerezo by’imirimo mishya bahanga ariko igishoro cyo gushyira mu ngiro ibyo batekereza kikababera inzitiizi.
-
Umufatanyacyaha muri dosiye ya Epstein yanze guha amakuru inteko ya Amerika adahawe imbabazi na Perezida
10 February, by Angeline MUKANGENZIGhislaine Maxwell, umugore ufungiye ubufatanyacyaha na Jeffrey Epstein, yanze gusubiza ibibazo by’Itsinda rishinzwe igenzura mu nteko ishinga amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
“Njye usa n’amata? Ntibishoboka” – Zari Hassan ahamya ko gutandukana na Shakib ntacyo byamuhungabanyaho
2 July 2025, by ISIMBI EstellaUmunyamideri w’Umunyafurika akaba n’umushoramari ukomeye, Zari Hassan, yongeye gutangaza uko abanye n’umugabo we Shakib Cham Lutaaya, ashimangira ko urukundo rwabo rukomeye cyane, ariko anemeza ko n’ubwo bakundana cyane, yakomeza akabaho neza mu gihe ibyabo byaba birangiye.
-
U Bwongereza bwemeye guhara akayabo bwahaye u Rwanda muri gahunda y’abimukira
2 October 2024, by Joseph IradukundaAmbasaderi w’u Bwongereza mu Rwanda, Alison Thorpe, yatangaje ko guverinoma y’igihugu cyabo nta gahunda ifite yo gusaba u Rwanda kuyisubiza amafaranga yaruhaye muri gahunda yo kwakira abimukira.
Umuryango.rw
Yemi Alade agiye gushyira ku isoko ry’u Rwanda ibikoresho bye bya ‘maquillage’
Ingabo za RDC ziri guhungishiriza intwaro mu Burundi
Real Madrid yatangiye igikombe cy’Isi cy’ama-Club icumbagira
Ibitaro bya CHUK bizatangira kwimukira i Masaka muri Werurwe 2026
Ba rwiyemezamirimo bagitangira bagowe n’igishoro kidahagije
“Njye usa n’amata? Ntibishoboka” – Zari Hassan ahamya ko gutandukana na Shakib ntacyo byamuhungabanyaho
U Bwongereza bwemeye guhara akayabo bwahaye u Rwanda muri gahunda y’abimukira