Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) giherutse kugaragaza ko nubwo hashize imyaka 31 Jenoside yakorewe Abatutsi ibaye, mu Rwanda hakiri abantu benshi bagaragaza ihungabana rifite aho rihuriye n’ibihe bikomeye banyuzemo mu 1994, kuko mu 2024 honyine abarenga 2016 bagize ihungabana mu Cyumweru cy’Icyunamo ariko barafashwa, abadahise bakira bakomeza kwitabwaho mu ngo zabo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uko siporo ifasha guhangana n’ihungabana rikomoka kuri Jenoside: Dr. Iyamuremye twaganiriye
13 April 2025, by ISIMBI Estella -
Imodoka ya mbere iguruka yasuzumwe
28 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKompanyi ya Alef Aeronautics yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yamuritse imodoka ya mbere iguruka ku Isi.
-
Leta y’u Burundi niyo iri gushyirwa mu majwi mu kugira uruhare mu iyicwa rya Thierry Kubwimana bivugwa ko yishwe n’umugore we Christa[AMAFOTO]
23 January 2021, by Martin MunezeroPolisi y’u Burundi iheruka kwereka itangazamakuru abagabo batatu n’umugore umwe, bakekwaho kugira uruhare mu iyicwa rya Thierry Kubwimana uri mu bahanzi bari bakunzwe cyane i Burundi.
-
Ukraine yishe abarusiya batanu nyuma yo kugabayo igitero
21 December 2024, by Joseph IradukundaUmuyobozi w’agace ka Rylsk, Aleksandr Khinshtein, yavuze ko igitero cy’ingabo za Ukraine cyahitanye abantu batanu, cyangiza ibikorwaremezo birimo amashuri, inzu zigaragaza amateka, ibikorwaremezo by’abaturage birimo inzu n’ibindi.
-
Tel Aviv: Igitero gisa nk’iterabwoba cyakomerekeje 35 mu gace Mossad ikoreramo
27 October 2024, by Joseph IradukundaKuri iki Cyumweru, itariki, 27 Ukwakira 2024, ikamyo yagonze ahahagarara bus ahitwa Glilot i Tel Aviv, mu gace karimo icyicaro gikuru cya Mossad hamwe n’inzego nyinshi z’ubutasi z’Igisirikare cya Israel, IDF.
-
YARI AGIYE GUKATIRWA IMYAKA 24 NONE URUKIKO RWAMUGIZE UMWERE
19 February 2025, by ISIMBI EstellaRakim Mayers uzwi cyane nka Asap Rocky akaba n’umugabo wa Rihanna yagizwe umwere ku cyaha cyo kuba yaragize uruhare mu iraswa ryumwe mu basore babanaga mu itsinda rya Asap Mob.
Iki cyaha yaregwaga byavugwagako yagikoze ku I Taliki 6 Ugushyingo 2021 aho yashinjwaga kurasa mu kiganza mugenzi we Asap Relli nyuma y’ubushyamirane bagiranye , aba bombi babanaga mu itsinda rya Asap Mob ryari rihuriyemo abaraperi benshi batandukanye. Ku munsi wejo mu rukiko Joe Tacopina wunganiraga mu mategeko (…) -
Felix Tshisekedi yandikiye ibaruwa ndende Paul Kagame amusaba ko yamufasha RDC igashyirwa muri EAC
13 June 2019, by Dusingizimana RemyUmukuru w’igihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo,Félix Tshisekedi yandikiye ibaruwa ndende mugenzi we Paul Kagame uyoboye EAC muri uyu mwaka,amusaba ko yamufasha igihugu cye cya RDC kikinjira mu muryango wa EAC.
-
Perezida Kagame yasabiye ibihano ibihugu bya EAC birimo RDC n’u Burundi
2 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame yagaragaje impungenge zo kuba hari bimwe mu bihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bidatanga imisanzu; asaba ko byajya bifatirwa ibihano.
-
Iran yashinje Amerika na Israel guhirika ubutegetsi bwa Assad muri Syria
12 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, yavuze ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika na Israel ari byo bihugu biri inyuma y’ihirikwa rya Bashar Assad wahoze ari Perezida wa Syria.
-
Nicki Minaj yasabye Jay-Z kumwishyura arenga miliyoni 100
9 July 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperikazi Nicki Minaj, arashinja Jay-Z guseta ibirenge mu kumwishyura umwenda uri hagati ya miliyoni 100 na 200 z’amadolari umaze imyaka irenga ine.
Umuryango.rw
Uko siporo ifasha guhangana n’ihungabana rikomoka kuri Jenoside: Dr. Iyamuremye twaganiriye
Imodoka ya mbere iguruka yasuzumwe
Ukraine yishe abarusiya batanu nyuma yo kugabayo igitero
Tel Aviv: Igitero gisa nk’iterabwoba cyakomerekeje 35 mu gace Mossad ikoreramo
YARI AGIYE GUKATIRWA IMYAKA 24 NONE URUKIKO RWAMUGIZE UMWERE
Perezida Kagame yasabiye ibihano ibihugu bya EAC birimo RDC n’u Burundi
Iran yashinje Amerika na Israel guhirika ubutegetsi bwa Assad muri Syria
Nicki Minaj yasabye Jay-Z kumwishyura arenga miliyoni 100