Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) wagaragaje ko ubabajwe n’imisoro Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyiriyeho ibihugu byinshi byo kuri uyu mugabane.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Afurika yatangiye gutaka kubera imisoro ya Trump
9 April 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Zari yasabye Shakib kwitwara nk’umugabo wubatse ntabeshye abakobwa
25 November 2025, by ISIMBI EstellaUmuherwekazi Zari Hassan uzwi nka Boss Lady ku mbuga nkoranyambaga yabwiye umugabo we Shakib Lutaaya ko hari abagore bamukunda bitewe n’amatsiko yo gushaka kumenya icyo Zari yamukundiye ariko kandi akwiye kutababeshya akababwira ko afite umugore ndetse akitwara nk’uwubatse.
-
UVIRA: Haravugwa ikindi gitero cy’abakomando kabuhariwe ba M23 cyashimuse Col 2 na Maj mu ngabo z’u Burundi
17 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmakuru agera kuri BWIZA aravuga ko mu cyumweru gishize, umutwe wa M23 wohereje abasirikare kabuhariwe (Abakomando) bawo bakinjira mu kigo cya gisirikare cy’ingabo z’u Burundi mu bice bya Uvira, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, bagatwaramo abasirikare bakuru batatu abandi bakicwa.
-
Inyubako nshya y’ubucuruzi wasanga Kimironko ifite imiryango ikodeshwa ku giciro cyiza
26 August 2019, by UbwanditsiMuri iki gihe ubucuruzi kugira ngo bugende neza n’uko buba buherereye ahantu heza hagendwa cyane, hagendwa na bose kandi horohereza abahagana kuhagera no kuhasanga ibyo bakeneye.
-
Tundu Lissu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania yaburiwe irengero
18 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi Mukuru w’Ishyaka CHADEMA, Tundu Lissu, yaburiwe irengero nyuma y’uko avanywe muri gereza yari afungiyemo i Dar es Salaam akekwaho ibyaha by’ubugambanyi.
-
USA:Imiyoborere ishingiye ku mahame ya Gikiristu ntishyigikiwe n’ishyaka rya Harris ku butegetsi
11 October 2024, by Joseph IradukundaAbaturage ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika binganjemo abo mu ishyaka riharanira Repubulika rizwi nk’Abarepubulike ( Republican) bifuza ko Leta zunze ubumwe z’Amerika zayoborwa zigendera ku mahame ya Gikiristu mu gihe abo mu ishyaka riharanira Demukarasi bazwi nk’Abademukarate ( Democrats) bo icyo cyifuza bacyamaganiye kure .
-
Uganda: Abarenga miliyoni 20 bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu
15 January, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa Kane, tariki ya 15 Mutarama 2026, abaturage ba Uganda bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, asiga hamenyekanye uzayobora icyo gihugu muri manda y’imyaka itanu hagati ya Yoweri Kaguta Museveni uhanganye bikomeye na Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine.
-
Junior Giti yagaragaje impamvu Chriss Eazy amaze igihe atagaragara mu muziki
24 November 2025, by ISIMBI EstellaBugingo Bonny wamenyekanye nka Junior Giti uzwi mu gusobanura filimi akaba ari n’umujyanama w’umuhanzi Chriss Eazy yasobanuye impamvu nta ndirimbo y’uyu muhanzi iheruka gushyirwa hanze cyangwa ngo agaragare mu gitaramo icyo ari cyo cyose.
-
Banki y’Isi yahaye u Rwanda inkunga ya miliyoni 30$ yo kurwanya Covid-19
22 April 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane Guverinoma y’u Rwanda na Banki y’Isi, bashyize umukono ku masezerano y’inkunga ya million 30 z’amadolari ya Amerika, ni hafi miliyari 29 z’amafaranga y’u Rwanda, azafasha muri gahunda zo kurwanya icyorezo cya COVID 19 harimo gutumiza no gukwirakwiza inkingo mu gihugu.
-
Hamas yemeye kurekura imfungwa z’Abanya-Israel nyuma yo kotswa igitutu na Trump
4 October 2025, by ISIMBI EstellaUmutwe wa Hamas watangaje ko wemeye kurekura imfungwa zose z’Abanya-Israel zaba iziriho cyangwa izapfuye.
Umuryango.rw
Afurika yatangiye gutaka kubera imisoro ya Trump
Zari yasabye Shakib kwitwara nk’umugabo wubatse ntabeshye abakobwa
UVIRA: Haravugwa ikindi gitero cy’abakomando kabuhariwe ba M23 cyashimuse Col 2 na Maj mu ngabo z’u Burundi
Inyubako nshya y’ubucuruzi wasanga Kimironko ifite imiryango ikodeshwa ku giciro cyiza
Tundu Lissu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania yaburiwe irengero
USA:Imiyoborere ishingiye ku mahame ya Gikiristu ntishyigikiwe n’ishyaka rya Harris ku butegetsi
Uganda: Abarenga miliyoni 20 bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu
Junior Giti yagaragaje impamvu Chriss Eazy amaze igihe atagaragara mu muziki
Hamas yemeye kurekura imfungwa z’Abanya-Israel nyuma yo kotswa igitutu na Trump