Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rutiba amabuye y’agaciro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashimangira ko iyo rubikora, ruba rukize nka bimwe mu bihugu birushinja kuyiba.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Bibaye ari byo tuba twarakize nkamwe - Perezida Kagame ku bashinja u Rwanda kwiba amabuye muri RDC
7 April 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Dore ibivugwa ku ntandaro yo kuba hari ubushyuhe bukabije muri iyi minsi
13 January 2025, by Joseph IradukundaMuri iyi minsi hari ibice by’igihugu abaturage bumva hashyushye mu buryo budasanzwe, ariko ni ikibazo kiri ku Isi, aho n’Umuryango w’Abibumbye wemeza ko by’umwihariko 2024 wari umwaka w’ubushyuhe bukabije kuva isi yabaho.
-
Reba uburyo umuriro watse hagata y’abakunzi batari bake b’irushanwa rya Miss Rwanda batishimiye abakobwa 2 baraye bambitswe ikamba[AMAFOTO]
25 January 2019, by Martin MunezeroMu ijoro ryakeye abakobwa 3 bari muri Bootcamp baraye bambwitswe amakamba atandukanye ariyo Miss Heritage, Miss Photogenic ndetse na Miss Congeneality, gusa nyuma yitorwa ry’abakobwa ubu ikiri kuvugwa ni amanyanga akomeye ari gukorerwa muri Boot Camp.
-
Bolsonaro wayoboye Brésil yimuriwe muri gereza ‘imeze neza’
16 January, by Angeline MUKANGENZINyuma y’igihe yari amaze afungiye ku cyicaro gikuru cya polisi mu murwa mukuru Brasilia, Jair Bolsonaro wabaye Perezida wa Brésil yimuriwe muri gereza, imeze neza kurushaho.
-
Abantu 1500 bamaze guhabwa ubwenegihugu Nyarwanda
11 February, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu Rushinzwe Abinjira n’Abasohoka rwatangaje ko kuva gahunda yo gutanga ubwenegihigu Nyarwanda yatangira, u Rwanda rumaze kubuha abantu 1500 baturutse mu bice bitandukanye by’Isi
-
Burundi: Stade Intwari yangiritse nta munsi ushize isuwe na FIFA
13 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuStade Intwari y’i Burundi yabereyeho impanuka nta munsi ushize isuwe n’inzobere muri FIFA ishinzwe gusuzuma ibibuga, Mohammed Goulette. Ni impanuka yaturutse ku itara rimwe ryagwiriye stade.
-
U Rwanda rwakiriye ibiganiro byahuje abayobozi ba Amerika n’Abambasaderi bo muri Afurika
13 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mathilde Mukantabana yakiriye ibiganiro byahuje Abambasaderi bo ku Mugabane wa Afurika na Sheila Cherfilus-McCormick na Jonathan L. Jackson bari mu bagize Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika.
-
U Bwongereza bwafunze uwabaye umudepite akekwaho iterabwoba nyuma yo kuva mu Burusiya
28 September 2025, by ISIMBI EstellaPolisi y’u Bwongereza, ishami rishinzwe guhangana n’ibikorwa by’iterabwoba yataye muri yombi George Galloway wabaye umudepite n’umugore we ubwo bari bageze ku kibuga cy’indege bavuye mu Burusiya.
-
RDC: Uduce twinshi two muri Walikale twongeye gufatwa na AFC/M23
23 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUduce twinshi two muri Teritwari ya Walikale twongeye kugwa mu biganza bya AFC / M23 ndetse biranavugwa ko na Centre ya Walikale, bari baherutse gufata bakayivanamo, kubera ibiganiro bya Doha, bongeye kuyigarurira.
-
Ijambo Paul Kagame yavuze nyuma yo kwegukana intsinzi, umuryango we ngo ni abana b’inkotanyi
4 August 2017, by Iyamuremye JanvierPaul Kagame yashimye buri wese wamufashije mu bikorwa by’amatora. Avuga ko FPR Inkotanyi yatsinze amatora akurikije ibyo komisiyo y’amatora yari amaze gutangaza.
Mu ijambo rye yagejeje ku abarwanashyaka ba FPR Inkotanyi bari bateraniye I Rusororo mu karere ka Gasabo, yagize ati “ Ndashimira abayoboke,intore z’umuryango wa FPR Inkotanyi, intsinzi ...Abandi bati ni wowe, ni wowe dushaka...
Intsinzi ni iyanyu,,,ni amateka asanzwe ya FPR Inkotanyi ihangana n’ibibazo ariko tukaba dukomeje (…)
Umuryango.rw
Bibaye ari byo tuba twarakize nkamwe - Perezida Kagame ku bashinja u Rwanda kwiba amabuye muri RDC
Dore ibivugwa ku ntandaro yo kuba hari ubushyuhe bukabije muri iyi minsi
Bolsonaro wayoboye Brésil yimuriwe muri gereza ‘imeze neza’
Abantu 1500 bamaze guhabwa ubwenegihugu Nyarwanda
Burundi: Stade Intwari yangiritse nta munsi ushize isuwe na FIFA
U Rwanda rwakiriye ibiganiro byahuje abayobozi ba Amerika n’Abambasaderi bo muri Afurika
U Bwongereza bwafunze uwabaye umudepite akekwaho iterabwoba nyuma yo kuva mu Burusiya
RDC: Uduce twinshi two muri Walikale twongeye gufatwa na AFC/M23