Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Gicurasi 2020,Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yasuye ibice byibasiwe n’ibiza mu Karere ka Nyabuhu gaherereye mu ntara y’Iburengerazuba.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Kagame yasuye ibice by’akarere ka Nyabihu byibasiwe cyane n’ibiza[AMAFOTO]
16 May 2020, by Dusingizimana Remy -
Kayonza: Abayobozi b’ishuri batawe muri yombi bakekwaho guha abanyeshuri ikigage cyateye urupfu
14 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abayobozi b’ikigo cy’amashuri cya ‘Saint Christopher TVET’ giherereye mu Karere ka Kayonza, Umurenge wa Rwinkwavu, bakekwaho kugira uruhare mu guha abanyeshuri ikigage, bikekwa ko aricyo cyateye urupfu rw’umwe mu banyeshuri bakinyweye uvuka mu Karere ka Gatsibo.
-
Uhora uri mwiza mbega aka malayika! Umuherwe Saidi Lugumi yongeye gutera imitoma Miss Mutesi Jolly
1 June 2025, by Gladiator OGUmuherwe Saidi Lugumi yongeye gutera imitoma Miss Mutesi Jolly wabaye nyampinga w’u Rwanda mu 2016.
Ibi byabaye kuri iki cyumweru aho Mutesi Jolly yasangije abamukurikira ku rukuta rwe rwa Instagram amafoto atatu, maze uyu muherwe yaje guhita ajya ahatangirwa ibitekerezo (Comments) maze yerekana imbamutima ze ku mafoto ya Mutesi Jolly.
-
DJ Toxxyk uregwa ibyaha bine , yemeye bibiri, asabirwa gufungwa by’agateganyo
14 January, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 14 Mutarama 2026, Shema Arnaud wamenyekanye nka DJ Toxxyk yemereye Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge ko yakoze icyaha cyo guhunga umaze gukora cyangwa guteza impanuka n’icy’ubwicanyi budaturutse ku bushake.
-
Bose bazajya biga imibare n’ikoranabuhanga: Impinduka mu mashami yigwa mu mashuri yisumbuye
21 June 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yatangaje ko hateganyijwe impinduka mu bijyanye n’amashami yigwa mu cyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye mu burezi rusange, aho abanyeshuri bazasigarana amahitamo atatu y’ibyo bashobora kwiga, bitandukanye n’impuzamasomo (combinations) 11 zari zisanzwe.
-
Gen Maj Muhanguzi wa Uganda yagaragaje ko RDC itakabaye icumbikira abanzi b’u Rwanda
20 February, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi wa Diviziyo ya 2 y’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Gen Maj Paul Muhanguzi, yagaragaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo itakabaye icumbikira abarwanyi b’imitwe yitwaje intwaro ishaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda kandi ibihugu byombi bihuriye mu muryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC).
-
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutseho 10% kubera ibitero Amerika yagabye kuri Iran
2 March, by ISHIMWE Jean de DieuIbiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutseho 10% kubera ibitero Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifatanyije na Israel byagabye kuri Iran.
-
Sudani y’Epfo: Abitwaje intwaro bishe abarenga 160 barimo abashinzwe umutekano
3 March, by ISIMBI EstellaMu rukerera rwo ku wa 1 Werurwe 2026, abitwaje intwaro bataramenyekana neza bagabye igitero muri Sudani y’Epfo, bica abantu 169 barimo abashinzwe umutekano.
-
U Bwongereza: Umuvandimwe w’Umwami Charles III yatangiye gukorwaho iperereza kubera dosiye ya Epstein
10 February, by ISIMBI EstellaUbwami bw’u Bwongereza bwatangaje ko bwiteguye gufasha polisi mu iperereza ku muvandimwe w’Umwami Charles III, Andrew Mountbatten-Windsor, bikekwa ko yasangije Jeffrey Epstein inyandiko z’ibanga zijyanye n’ubucuruzi bw’igihugu.
-
Rulindo: Meya yanze gushyira mu bikorwa umwanzuro umusaba gusubiza mu kazi Gitifu yirukanye
12 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKomisiyo y’Igihugu Ishinzwe Abakozi ba Leta (NPSC), yandikiye Meya w’akarere ka Rulindo imwibutsa ko agomba gushyira mu bikorwa umwanzuro imaze igihe yaramugejejeho wo gusubiza mu kazi uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Mbogo wirukanwe arengana.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yasuye ibice by’akarere ka Nyabihu byibasiwe cyane n’ibiza[AMAFOTO]
Kayonza: Abayobozi b’ishuri batawe muri yombi bakekwaho guha abanyeshuri ikigage cyateye urupfu
Uhora uri mwiza mbega aka malayika! Umuherwe Saidi Lugumi yongeye gutera imitoma Miss Mutesi Jolly
DJ Toxxyk uregwa ibyaha bine , yemeye bibiri, asabirwa gufungwa by’agateganyo
Bose bazajya biga imibare n’ikoranabuhanga: Impinduka mu mashami yigwa mu mashuri yisumbuye
Gen Maj Muhanguzi wa Uganda yagaragaje ko RDC itakabaye icumbikira abanzi b’u Rwanda
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutseho 10% kubera ibitero Amerika yagabye kuri Iran
Sudani y’Epfo: Abitwaje intwaro bishe abarenga 160 barimo abashinzwe umutekano
U Bwongereza: Umuvandimwe w’Umwami Charles III yatangiye gukorwaho iperereza kubera dosiye ya Epstein
Rulindo: Meya yanze gushyira mu bikorwa umwanzuro umusaba gusubiza mu kazi Gitifu yirukanye