Umugabo w’imyaka 50 wo muri Leta ya Odisha iherereye mu Burasirazuba bw’u Buhinde, yataburuye umurambo wa mushiki we awujyana kuri banki nk’ikimenyetso cyerekana ko uwamuhaye amafaranga yari afite kuri konti yapfuye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Buhinde: Yataburuye umurambo wa mushiki we ajya kuwusabisha amafaranga muri banki
28 April, by Angeline MUKANGENZI -
Kurya vuba vuba byongera ibyago byo kurwara indwara zirimo na Diyabete-sobanukirwa
28 October 2024, by Joseph IradukundaKurya vuba vuba, umuntu ntagire umwanya wo gukanjakanja neza, ubushakshatsi bwagaragaje ko bigira inguruka ku mubiri kuko bishobora kuba intandaro yo kurwara indwara zitandukanye harimo na Diyabete yo mu bwoko bwa 2 ndetse n’umuvuduko w’amaraso ukabije bijyana no kugira ibiro byinshi.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
2 February 2025, by UbwanditsiMe Nshimiyimana Jean Claude aramenyesha abantu bose ko azagurisha muri cyamunara , umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu iherereye mu karere ka Ngoma
Soma itangazo rirambuye aho hasi…… -
Yaciwe arenga miliyoni 500 Frw kubera kwanga guha ‘certificat de mariage’ ababana bahuje ibitsina
11 November 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko rw’Ikirenga rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwategetse Kim Davis wari warujuririye, gutanga impozamarira ya 360.000$ (arenga miliyoni 500 Frw) yaciwe, azira kwanga guha icyangombwa cy’ishyingirwa ababana bahuje ibitsina.
-
AFC/M23 yashyizeho Guverineri mushya wa Kivu y’Amajyepfo
11 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa, yagize Busu Bwa Ngwi Nshombo Patrick Guverineri mushya w’intara ya Kivu y’Amajyepfo.
-
Menya indwara zishobora guterwa n’uburakari bukabije
8 October 2024, by Joseph IradukundaUburakari ni amarangamutima asanzwe ku bantu batandukanye, ariko iyo bibaye kenshi kandi mu buryo bukomeye, bishobora kugira ingaruka zikomeye ku buzima bw’umuntu haba ku mubiri inyuma cyangwa mu buzima bwo mu mutwe.
-
Kicukiro: Hatashywe ibikorwa byubatswe bitwaye miliyoni zirenga 140 Rwf
19 October 2025, by ISIMBI EstellaAbaturage bo mu Kagari ka Rwimbogo, Umurenge wa Nyarugunga, Akarere ka Kicukiro barishimira ibikorwa bubatse birimo amarerero abiri umuhanda wa kaburimbo wa metero 800, byuzuye bitwaye asaga miliyoni 140 z’amafaranga y’u Rwanda.
-
Capt. Traoré wa Burkina Faso ari kugerwa amajanja nyuma y’amagambo y’Umujenerali wa Amerika
28 April 2025, by Angeline MUKANGENZICaptain Ibrahim Traoré uyobora Burkina Faso kuva muri Nzeri 2022 ubwo yakuraga ku butegetsi Lt Col. Paul-Henri Sandaogo Damiba, aherutse kwamagana ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi bikomeje kwivanga mu buzima bwite bwa Afurika, asobanura ko icyo bishaka ari uko Abanyafurika bakomeza kuba abacakara.
-
U Bushinwa buri kuryoza Kongo abaturage babwo bashimuswe na FARDC
9 October 2024, by Joseph IradukundaU Bushinwa biciye muri Ambasaderi yabwo i Kinshasa, bwasabye Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kubuha ibisobanuro ku baturage babwo bamaze icyumweru kirenga barajyanwe ahantu hatazwi n’abasirikare ba FARDC.
-
Minembwe: Bombe zikomeje kubica nyuma yo gutwika agace ka Kalongi
1 March, by Angeline MUKANGENZIAmabombe akomeje kuvuza ubuhuha kuri iki Cyumweru nyuma y’uko kuwa Gatandatu, itariki 28 Gashyantare 2026, saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba, ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zitwitse Umudugudu wa Kalongi, mu Karere ka Minembwe, zikoresheje drone.
Umuryango.rw
U Buhinde: Yataburuye umurambo wa mushiki we ajya kuwusabisha amafaranga muri banki
Kurya vuba vuba byongera ibyago byo kurwara indwara zirimo na Diyabete-sobanukirwa
Yaciwe arenga miliyoni 500 Frw kubera kwanga guha ‘certificat de mariage’ ababana bahuje ibitsina
AFC/M23 yashyizeho Guverineri mushya wa Kivu y’Amajyepfo
Menya indwara zishobora guterwa n’uburakari bukabije
Kicukiro: Hatashywe ibikorwa byubatswe bitwaye miliyoni zirenga 140 Rwf
Capt. Traoré wa Burkina Faso ari kugerwa amajanja nyuma y’amagambo y’Umujenerali wa Amerika
U Bushinwa buri kuryoza Kongo abaturage babwo bashimuswe na FARDC
Minembwe: Bombe zikomeje kubica nyuma yo gutwika agace ka Kalongi