Polisi yo mu Burengerazuba bw’Umujyi wa Düsseldorf mu Budage, yatangaje ko yatahuye resitora yacuruzaga Pizza ariko ikongeraho n’ikiyobyabwenge cya ‘Cocaïne’ ku bakiliya basabye Pizza ifite nomero ya 40 ku rutonde rwa Pizza zigurishwa muri iyo Resitora.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Budage: hatahuwe Pizza icuruzwa ikagerekwaho n’ikiyobyabwenge cya ‘Cocaïne’
23 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Jose Chameleone yabazwe ijisho nyuma yo gutangira guhuma
18 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Jose Chameleone, ari mu byishimo nyuma yo kubagwa ijisho bikagenda neza, mu gihe yari atangiye gutakaza ubushobozi bwo ku ijisho ry’iburyo.
-
Joxy Parker yibarutse imfura
7 June 2025, by ISIMBI EstellaIngabire Josiane uzwi nka Joxy Parker yasangije abamukurikira amafoto amugaragaza akuriwe, gusa amakuru agahamya ko yamaze kwibaruka umwana w’umukobwa mu minsi ishize.
-
Gatsibo: Umunyeshuri yaciye ikizamini cya Leta akijugunya mu bwiherero atinya kuzabona zeru
16 July 2025, by ISIMBI EstellaUmukobwa wiga ku Rwunge rw’Amashuri rwa Rwikiniro, ishuri riherereye mu Murenge wa Rwimbogo mu Karere ka Gatsibo, yakoze ikizamini cya Literature in English, abonye ko ibyo yabajijwe atabizi bishobora no gutuma abona zeru, aracyiba ajya kukijugunya mu bwiherero.
-
Dr. Tedros wa OMS wanakebuye ibihugu byahaye u Rwanda akato kubera Marburg yarusuye
19 October 2024, by Joseph IradukundaUmuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus, yageze mu Rwanda mu ruzinduko rugamije kureba ingamba zigamije guhashya icyorezo cya Marburg.
-
Minisitiri w’uburezi yasabye ababyeyi kubonera umwanya abana bagiye mu biruhuko
3 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMu gihe abanyeshuri bagiye kujya mu biruhuko by’igihembwe cya kabiri cy’umwaka w’amashuri,Minisitiri w’uburezi Nsengimana Joseph yasabye ababyeyi kwita ku bana kandi bakajya bagira umwanya babagenera wo kubaha inama n’impanuro.
-
Igisirikare cya Israel kirimo "kurasira rimwe" i Tehran n’i Beirut
3 March, by Angeline MUKANGENZIIngabo za Israel zemeje ko zarashe ku murwa mukuru wa Iran, Tehran na Beirut muri Liban kuri uyu wa kabiri mu gitondo.
-
Umuraperi P Fla yahishuye abaraperi batanu yakuze afatiraho urugero ku isi.
14 April 2025, by Gladiator OGCapital P The Great, Mana y’I Rwanda , P FLA, The Dictator n’andi mazina menshi niko yiyita ndetse we ahamyako kuba akiri mu ruganda rw’umuziki nyarwanda ubwo ntakibazo gihari kuko ari Imana ya Rap y’Ikinyarwanda. Uyu muraperi yinjiye mu muziki nyarwanda mu mwaka w’i2006 ndetse kuva icyo gihe kugera ubu nta muntu ushidikanya ku bushobozi bwe mu njyana ya Rap.
Mu kiganiro aherutse kugirana n’umuyoboro wa youtube witwa Zapclub uyu muhanzi yabajijwe abaraperi afata nk’abibihe byose kuri we , (…) -
Ntaho ngiye tuzagumana - Ndikuriyo wa CNDD-FDD yaciye amarenga
25 January, by ISIMBI EstellaUmunyamabanga Mukuru w’Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi rya CNDD-FDD, Ndikuriyo Révérien, yabwiye abarwanashyaka ko mu gihe bitegura gutora umunyamabanga mushya, azakomeza kuba ari kumwe n’ishyaka kabone n’aho atakongera gutorwa, ibintu bica amarenga ku mwuka mubi uri hagati ye na Perezida Evariste Ndayishimiye.
-
Ubutumwa bwa Gen Muhoozi bwongeye kurikoroza mu Nteko ya Uganda
22 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda hongeye kuba impaka zishyushye nyuma y’aho Umugaba Mukuru w’Ingabo z’iki gihugu, Gen Muhoozi Kainerugaba, atitabye kugira ngo asobanure ubutumwa butavugwaho rumwe yatangarije ku rubuga nkoranyambaga rwa X.
Umuryango.rw
U Budage: hatahuwe Pizza icuruzwa ikagerekwaho n’ikiyobyabwenge cya ‘Cocaïne’
Jose Chameleone yabazwe ijisho nyuma yo gutangira guhuma
Joxy Parker yibarutse imfura
Gatsibo: Umunyeshuri yaciye ikizamini cya Leta akijugunya mu bwiherero atinya kuzabona zeru
Dr. Tedros wa OMS wanakebuye ibihugu byahaye u Rwanda akato kubera Marburg yarusuye
Minisitiri w’uburezi yasabye ababyeyi kubonera umwanya abana bagiye mu biruhuko
Umuraperi P Fla yahishuye abaraperi batanu yakuze afatiraho urugero ku isi.
Ntaho ngiye tuzagumana - Ndikuriyo wa CNDD-FDD yaciye amarenga
Ubutumwa bwa Gen Muhoozi bwongeye kurikoroza mu Nteko ya Uganda