Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), ryemeje ku nshuro ya mbere ko abahanzi bazataramira abafana hagati mu mukino w’umupira w’amaguru wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026, uzabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Bwa mbere mu mateka, FIFA yateguye igitaramo cy’umuziki mu mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi
16 April, by Angeline MUKANGENZI -
Cuba yatangaje ko yishe irashe abantu bane bari bari mu bwato bwihuta bwo muri Amerika
26 February, by Angeline MUKANGENZILeta ya Cuba yavuze ko abantu bane bishwe barashwe n’abarinzi b’umupaka w’icyo gihugu, bari Abanya-Cuba baba muri Amerika bari bari mu bwato bwihuta bwanditswe muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
-
Burundi: Urukiko rwakatiye umupolisi imyaka 500
11 April, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rw’i Mwaro mu Burundi rwategetse ko umupolisi witwa Osias Irankunda yazafungwa amezi 6,000 (imyaka 500), mu gihe yaba ananiwe kwishyura indishyi z’akababaro za FBU miliyoni 100 rwamuciye.
-
Nyarugenge: Abagabo babiri bakurikiranyweho gutwara urumogi ibilo 30
25 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIshami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge, ANU, ryafatiye abagabo babiri mu Murenge wa Kanyinya bakekwaho gutwara urumogi ibilo 30 kuri moto, baruvanye mu Karere ka Rubavu mu Ntara y’Iburengerazuba.
-
AMAKURU MASHYA: Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi barimo abahawe irya CP
9 April, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika, Paul Kagame yazamuye mu ntera abofisiye muri Polisi y’u Rwanda, barimo batanu bahawe ipeti rya Commissioner of Police (CP) n’icumi bahawe irya ACP (Assistant Commissioner of Police).
-
Karongi: Hagaragaye ibirego 65 by’ingengabitekerezo ya Jenoside mu mezi 10
26 October 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, mu Karere ka Karongi bwatangaje ko Umurenge wa Rubengera n’uwa Gishyita ari yo iri imbere mu kugira ibirego byinshi by’ingengabitekerezo ya Jenoside kuko yihariye 36% by’ibirego 65 bimaze kwakirwa kuva muri Mutarama kugeza mu Ukwakira 2025.
-
Perezida Kagame yifurije umunsi mwiza Eid al Fitr Abayisilamu bose
13 May 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yifurije Abayisilamu mu Rwanda no ku Isi yose umunsi mwiza wa Eid al Fitr wabaye kuri uyu wa Kane tariki 13 Gicurasi 2021.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
1 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuhesaha w’inkiko w’umwuga Me NSHIMYUMUKIZA Emille aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa uherereye mu karere ka BUGESERA
Soma itangazo rirambuye -
U Rwanda rwafunguye icyicaro cya Ambasade muri Algeria
1 April, by ISIMBI EstellaU Rwanda rwafunguye icyicaro cya Ambasade muri Algeria, intambwe ikomeye mu gushimangira umubano w’ibihugu byombi no gushyigikira gahunda y’iterambere rya Afurika.
-
Umunyamakuru Mutesi Scovia agiye gushinga Televiziyo
31 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamakuru Mutesi Scovia washinze akanaba Umuyobozi Mukuru w’ikinyamakuru cyandika cyitwa Mama Urwagasabo gifite na shene ya YouTube, yatangaje ko guhera mu mwaka utaha wa 2025 azatangiza televiziyo.
Umuryango.rw
Bwa mbere mu mateka, FIFA yateguye igitaramo cy’umuziki mu mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi
Burundi: Urukiko rwakatiye umupolisi imyaka 500
Nyarugenge: Abagabo babiri bakurikiranyweho gutwara urumogi ibilo 30
AMAKURU MASHYA: Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi barimo abahawe irya CP
Karongi: Hagaragaye ibirego 65 by’ingengabitekerezo ya Jenoside mu mezi 10
Perezida Kagame yifurije umunsi mwiza Eid al Fitr Abayisilamu bose
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
U Rwanda rwafunguye icyicaro cya Ambasade muri Algeria
Umunyamakuru Mutesi Scovia agiye gushinga Televiziyo